skol
Kigali

Search: Amerika (6653)

Perezida Kagame yashimiye Joe Biden watorewe kuyobora Amerika

Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yashimiye Joe Biden,watorewe kuyobora Amerika atsinze Donald Trump bari bahanganye mu matora yavugishije isi yose.
8 November 2020 1184 0

Ibintu by’ingenzi 10 utamenye kuri Joe Biden Perezida wa 46 muri Amerika[AMAFOTO]

Joe Biden wari uhagarariye ishyaka ryaba Democrat yatsinze Donald Trump mu guhatanira kuba Perezida wa 46 wa Leta zunze ubumwe za Amerika. Joe Biden wahoze ari visi Perezida wa Leta z’unze ubumwe...
19 November 2020 4700 0

U Bushinwa bwateguje Amerika ko buzihorera nikomeza kubangamira inyungu zabwo

Guverinoma y’u Bushinwa yateguje Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko izihorera mu gihe zakomeza kubangamira inyungu zabwo mu mutekano n’ubukungu.
30 April 2024 637 0

Amerika yagabanyije ingendo z’abakozi bayo muri Israel mu kwikanga igitero cya Iran

Amerika yagabanyije ingendo z’abakozi bayo bakorera muri Israel, mu gihe hari ubwoba bw’igitero cya Iran.
12 April 2024 561 0

Leta ya Nijeri Yacanye Umubano n’Igisirikare cy’Amerika

Guverinoma ya Nijeri ejo kuwa gatandatu yatangaje ko icanye umubano n’ubutwererane mu bya gisirikare na Leta zunze ubumwe z’Amerika.
18 March 2024 537 0

Amerika yohereje ubwato muri Gaza bwo kubaka icyambu cyo kuhageza imfashanyo

Ubwato bwa gisirikare bwa Amerika burimo kwerekaza mu burasirazuba bwo hagati, butwaye ibikoresho byo kubaka icyambu kireremba cy’agateganyo ku mwaro wa Gaza nk’uko igisirikare...
11 March 2024 447 0

Amerika Yashyizeho Intumwa Idasanzwe Kuri Sudani

Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa mbere, yashyizeho intumwa yihariye kuri Sudani, mu rwego rwo kwongera kugerageza bundi bushya, kwumvisha abasirikare bahanganye ko bagomba gushyira intwaro...
27 February 2024 214 0

Netanyahu yasuzuguye ubusabe bwa Amerika yizeza gukomeza intambara kuri Gaza

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko yabwiye Leta zunze ubumwe za Amerika ko atemera ishingwa rya leta ya Palestine ubwo intambara kuri Gaza izaba...
19 January 2024 975 0

Byiswe kwivumbura! Zelensky wanze kwitabira ikiganiro n’abasenateri ba Amerika

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yanze kwitabira ikiganiro yagombaga kugirana n’abasenateri n’abadepite bo muri Amerika mu gihe hari ikibazo cy’uko Amerika ishobora guhagarika inkunga itera...
6 December 2023 1467 0

Uko Amerika yagize uruhare runini mu masezerano ya Israel na Hamas ajyanye n’abashimuswe

Mu minsi ya nyuma gato y’igitero cyo ku itariki ya 7 Ukwakira (10) muri Israel, itsinda rikora mu ibanga ryashyizweho kugira ngo rikore kuburyo abashimuswe na Hamas bagera kuri 240...
23 November 2023 993 0

Amerika ivuga ko Uburusiya buri kwica abasirikare babwo basubira inyuma

Ibiro bya Perezida w’Amerika - White House - bivuga ko Uburusiya burimo kwica abasirikare babwo bagerageza gusubira inyuma mu gitero gikaze cyo mu burasirazuba bwa...
27 October 2023 1258 0

Uwahoze mu ngabo z’Amerika yatawe muri yombi aregwa kugerageza kunekera Ubushinwa

Uwahoze ari serija (sergeant) mu ngabo z’Amerika ushinjwa ko yashakishije kuri internet ngo "ni irihe zina ry’urwego rw’ubutasi rw’Ubushinwa", yatawe muri yombi ashinjwa kugerageza guha amakuru...
7 October 2023 670 0

Indege z’intambara z’Amerika zahitanye Usamah al-Muhajir wa Leta ya Kiyisilamu

Ibitero by’intege z’intambara za Leta zunze ubumwe z’Amerika byahitanye umuyobozi wa Leta ya Kiyisilamu mu burasirazuba bwa Siriya nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cy’Amerika kuri iki...
9 July 2023 1643 0

Sudani: Amerika yavuze ko yiteguye kuba umuhuza w’igisirikare

Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa kane yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza mu biganiro hagati ya leta ya Sudani n’abayigometseho. Gusa irasaba ko babanza kubahiriza amasezerano yo guhagarika...
1 June 2023 194 0

Amerika Yemeye akayabo k’Amafaranga ngo ikomeze icyo yise Demokarasi ku Isi

Perezida wa leta zunze ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yaraye atangije inama ku nshuro ye ya kabiri , igamije kwiga ikibazo cya demokarasi ku isi.
30 March 2023 749 0

Indege y’Intambara y’Uburusiya yagonze Drone ya Amerika iyita mu mazi

Indege y’intambara y’Uburusiya yagonganye na drone ya Amerika,bituma iyi ndege itagira umupilote ya Amerika igwa mu Nyanja yirabura (Mer Noire/Black Sea), nk’uko bitangazwa n’igisirikare cya Amerika....
15 March 2023 2457 0

Ba maneko bakomeye mu Burayi na Amerika barashaka kwinjira mu mutwe wa Putin

Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaheze mu isi ifunze yishyizemo, nkuko byemezwa na ba maneko b’i Burayi n’Amerika. Kandi ibyo birabahangayikishije. Mu gihe cy’imyaka bashatse kwinjira imbere mu...
20 March 2022 5579 0

Afghanistan: Amerika yatangiye kwihorera kuri ISIS yica intagondwa yayo

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zagabye igitero cy’akadege katarimo umupilote (drone) ku mutwe wiyita leta ya kisilamu (IS) mu burasirazuba bwa Afghanistan, zica intagondwa imwe yo muri uwo mutwe,...
28 August 2021 1368 0

Amerika yatumije inama rukokoma yo kwiga ku kibazo cya Koreya ya Ruguru

Abagize Inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika bose uko ari 100, batumiwe mu nama rukokoma yo kwiga ku kibazo cya Koreya ya Ruguru ikomeje gukora no kugezageza ibitwaro...
25 April 2017 2573 0

Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu gihambaye kurusha ibindi Amerika ishya ubwoba

Koreya ya Ruguru ku wa Kabiri tariki ya 04 Nyakanga cyagerageje igisasu gihambaye ibisasu byose ifite gitera ubwoba Amerika kuko ivuga ko itaragira ubushobozi bwo gusama igisasu nk’ icyo...
6 July 2017 3880 0

Koreya ya Ruguru yashinje Amerika guyitangazaho intambara

Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga wa Koreya ya Ruguru yashinje Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump gutangaza intambara kuri Koreya ya Ruguru. Ri Yong-ho yabwiye abanyamakuru i...
25 September 2017 2651 0

Abarusiya ntibemera amakuru amaze imyaka hafi 50 avuga ko Abanyamerika bakandagiye ku kwezi

Abarenga kimwe cya kabiri cy’ abaturage b’ Uburusiya ntibemeranya n’ amakuru avuga ko Abanyamerika b’ inzobere mu bijyanye n’ ibyogajuru bageze ku kwezi mu mwaka wa...
30 July 2018 851 0

Igisirikare cya Amerika cyashyizeho ishami rishinzwe kurwanisha udusimba

Leta zunze ubumwe za Amerika zashyizeho ishami rya gisirikare rishinzwe kurwanisha udukoko(insects). Utu dukokoko tuzajya tugaba igitero mu mirima y’ igihugu gihanganye na...
3 November 2018 1578 0

Intambara y’ amagambo yadutse hagati ya DR Congo na Amerika

Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa mbere yashinje Leta Zunze Ubumwe z’Amerika guteza "ubwoba butari ngombwa" nyuma yaho iki gihugu kiburiye ko "hashobora kuba igitero cy’iterabwoba" ku nyubako...
27 November 2018 4914 0

Perezida Magufuli ngo Ubushinwa butanga inkunga neza kurusha Amerika n’ Uburayi

Perezida John Magufuli wa Tanzaniya yavuze ko ashima inkunga itangwa n’Ubushinwa kurusha itangwa n’ibihugu by’i Burayi n’Amerika kuko iva mu Bushinwa iherecyezwa n’amabwiriza macye ugereranyije...
28 November 2018 799 0

U Rwanda rwanyomoje Amerika yarushinje kurasa abasivili mu nkambi iri hafi ya Goma

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo z’u Rwanda n’umutwe witwaje intwaro wa M23 kurasa ku nkambi y’impunzi ya Mugunga mu Mujyi wa...
4 May 2024 1302 0

Museveni yanenze gahunda y’Amerika yo gukura Uganda mu bucuruzi bwa AGOA

Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yapfobeje impungenge ku kuba hari gahunda yo gukura igihugu cye mu masezerano yihariye y’ubucuruzi hagati y’Amerika n’ibihugu bimwe byo muri...
6 November 2023 376 0

Poutine yakuye Uburusiya mu masezerano ya Nikereyeri bari barasinyanye n’ Amerika

Prezida w’Uburusiya, Vladimir Poutine kuri uyu wa kabiri yahagaritse amasezerano yari yarumviknye n’ Amerika ajyanye n’ikoreshwa ry’ibisasu bya kirimbuzi.
22 February 2023 1212 0

Ubushinwa bwasabye Amerika ikintu gikomeye ku gipurizo cyabwo yarashe

Igihugu cya Amerika cyashyize hanze amafoto agaragaza ibisigazwa by’igipurizo cy’ubutasi cy’Ubushinwa igisirikare cyacyo giherutse kurasira mu kirere cyacyo mu nyanja ya Atlantika. Ubushinwa...
9 February 2023 2587 0

Abacancuro ba Wagner bafatiwe ibihano bikomeye na Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zafatiye ibihano Wagner, umutwe w’abacancuro wo mu Burusiya bivugwa ko uri gufasha Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC) mu mirwano zihanganyemo n’umutwe wa...
27 January 2023 3286 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 6630