Joe Biden wari uhagarariye ishyaka ryaba Democrat yatsinze Donald Trump mu guhatanira kuba Perezida wa 46 wa Leta zunze ubumwe za Amerika. Joe Biden wahoze ari visi Perezida wa Leta z’unze ubumwe...
Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa mbere, yashyizeho intumwa yihariye kuri Sudani, mu rwego rwo kwongera kugerageza bundi bushya, kwumvisha abasirikare bahanganye ko bagomba gushyira intwaro...
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko yabwiye Leta zunze ubumwe za Amerika ko atemera ishingwa rya leta ya Palestine ubwo intambara kuri Gaza izaba...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yanze kwitabira ikiganiro yagombaga kugirana n’abasenateri n’abadepite bo muri Amerika mu gihe hari ikibazo cy’uko Amerika ishobora guhagarika inkunga itera...
Mu minsi ya nyuma gato y’igitero cyo ku itariki ya 7 Ukwakira (10) muri Israel, itsinda rikora mu ibanga ryashyizweho kugira ngo rikore kuburyo abashimuswe na Hamas bagera kuri 240...
Ibiro bya Perezida w’Amerika - White House - bivuga ko Uburusiya burimo kwica abasirikare babwo bagerageza gusubira inyuma mu gitero gikaze cyo mu burasirazuba bwa...
Uwahoze ari serija (sergeant) mu ngabo z’Amerika ushinjwa ko yashakishije kuri internet ngo "ni irihe zina ry’urwego rw’ubutasi rw’Ubushinwa", yatawe muri yombi ashinjwa kugerageza guha amakuru...
Ibitero by’intege z’intambara za Leta zunze ubumwe z’Amerika byahitanye umuyobozi wa Leta ya Kiyisilamu mu burasirazuba bwa Siriya nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cy’Amerika kuri iki...
Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa kane yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza mu biganiro hagati ya leta ya Sudani n’abayigometseho. Gusa irasaba ko babanza kubahiriza amasezerano yo guhagarika...
Indege y’intambara y’Uburusiya yagonganye na drone ya Amerika,bituma iyi ndege itagira umupilote ya Amerika igwa mu Nyanja yirabura (Mer Noire/Black Sea), nk’uko bitangazwa n’igisirikare cya Amerika....
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zagabye igitero cy’akadege katarimo umupilote (drone) ku mutwe wiyita leta ya kisilamu (IS) mu burasirazuba bwa Afghanistan, zica intagondwa imwe yo muri uwo mutwe,...
Abagize Inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika bose uko ari 100, batumiwe mu nama rukokoma yo kwiga ku kibazo cya Koreya ya Ruguru ikomeje gukora no kugezageza ibitwaro...
Koreya ya Ruguru ku wa Kabiri tariki ya 04 Nyakanga cyagerageje igisasu gihambaye ibisasu byose ifite gitera ubwoba Amerika kuko ivuga ko itaragira ubushobozi bwo gusama igisasu nk’ icyo...
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga wa Koreya ya Ruguru yashinje Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump gutangaza intambara kuri Koreya ya Ruguru.
Ri Yong-ho yabwiye abanyamakuru i...
Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa mbere yashinje Leta Zunze Ubumwe z’Amerika guteza "ubwoba butari ngombwa" nyuma yaho iki gihugu kiburiye ko "hashobora kuba igitero cy’iterabwoba" ku nyubako...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo z’u Rwanda n’umutwe witwaje intwaro wa M23 kurasa ku nkambi y’impunzi ya Mugunga mu Mujyi wa...
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yapfobeje impungenge ku kuba hari gahunda yo gukura igihugu cye mu masezerano yihariye y’ubucuruzi hagati y’Amerika n’ibihugu bimwe byo muri...
Prezida w’Uburusiya, Vladimir Poutine kuri uyu wa kabiri yahagaritse amasezerano yari yarumviknye n’ Amerika ajyanye n’ikoreshwa ry’ibisasu bya kirimbuzi.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zafatiye ibihano Wagner, umutwe w’abacancuro wo mu Burusiya bivugwa ko uri gufasha Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC) mu mirwano zihanganyemo n’umutwe wa...