Ishimwe Dieudonne ukuriye Rwanda Inspiration Back up yavuze ko Mwiseneza Josiane akunzwe nkuko n’abandi bakobwa bamwe na bamwe bitabiriye mu myaka ishize ndetse yemeza ko nta gitutu batewe...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangarije abitabiriye inama mpuzamahanga ya za Guverimoma (World Government Summit) i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu ko abayobozi ba za guverinoma...
Nyakubahwa perezida Paul Kagame yabwiye abayoboke b’itorero rya Saddleback riherereye muri Leta ya California bitabiriye kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi,ko nyuma y’imyaka 25...
Kuri iki cyumweru abasore n’inkumi bagera kuri 400 barangije amashuli yisumbuye bavuye mu mirenge inyuranye y’akarere ka Huye bazahurira mu cyahoze ari Urwunge rw’Amashuli rwitiriwe Rozali...
Umuherwe wa mbere mu Bushinwa, Jack Ma,washinze kompanyi y’ubucuruzi bwo kuri Interineti ikomeye ya Alibaba yasabye abakozi be barushinze, bari bitabiriye umunsi mukuru wa “Ali Day” wahariwe...
Kidum Kibido Kibuganizo umwe mu bahanzi bakomeye hano mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba , mu minsi ishize yari yatumiwe mu Rwanda aho yataramiye abari bitabiriye inama ya Transform...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Gicurasi 2019 ni bwo mu mujyi wa Kigali hashakishwaga abantu 30 bagomba guhagararira u Rwanda mu marushanwa ya East Africa’s Got Talent agomba kuzabera mu mujyi wa...
Ababyinnyi 8 bo mu itorero Inganzo ngari rikomeye hano mu Rwanda batorokeye mu gihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika ubwo bari bitabiriye iserukiramuco ngarukamwaka rya ‘Africa Dance...
Ku wa 14 Gicurasi, abasore n’inkumi 20 bagize Itorero Inganzo Ngari bahagurutse mu Rwanda berekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitabiriye Iserukiramuco Nyafurika ry’Imbyino rizwi nka Dance...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yaraye atunguye benshi mu bitabiriye ibirori byo Kwibohora 25 byabereye muri Kigali Convention Centre bihuje abayobozi mu nzego za leta n’izindi zitandukanye mu...
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y’umukunzi we Tanasha Donna, uhuza itariki y’amavuko na nyina wa Diamond bita Mama Dangote, Diamond Platnumz yatangarije abari bitabiriye ibyo birori ko afite...
Impano ni kimwe mu bintu bikundwa n’abatari bake kandi ngo impano izamuka mu gihe ishatse , umuhanzi uzamutse vuba muri muzika Nyarwanda Nsengiyumva Francois wamamaye ku kazina ka Igisupusupu...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika yabwiye abitabiriye Rwanda Day I Bonn mu Budage kuri uyu wa Gatandatu ko abanegura uyu munsi ko ari ukwikundisha ku banyarwanda ko ahubwo aribwo buryo...
Perezida Paul Kagame uri mu Bwongereza mu nama yiga ku ishoramari rya Afurika n’u Bwongereza yagiranye ibiganiro n’igikomangomba William cyo muri icyo gihugu cyakiriye n’abandi banyacyubahiro...
Diamond Platnumz na Ali Kiba, ibyamamare mu muziki mu gihugu cya Tanzania bizwiho kudacana uwaka, bagaragaye ku rubyiniro rumwe aho bari mu bahanzi batoranyijwe ngo basusurutse abitabiriye inama...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 29 Nyakanga 2020, umuyobozi mukuru wa Konde Music Worldwide, Harmonize yabonye amahirwe adasanzwe yo gutaramira abitabiriye umuhango wo gushyingura uwahoze ari...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafatiye ibihano amakipe arimo Rayon Sports, Bugesera FC na AS Muhanga ndetse n’abakomiseri batandukanye bayoboye imikino barihanangirizwa,...
Muri Tanzaniya Meya wo mu karere ka Moshi Juma Raibu yasabye abari bitabiriye inama yari ayoboye kubanza gukuramo udupfukamunwa, ngo atangize inama yari yabaye kuwa 28 Mutarama igamije kwiga...
Umugaba w’ingabo za Uganda, Gen. David Muhoozi, yavuze ko abasirikare b’’iki gihugu bakomerekeje abanyamakuru basaga 10 bari bitabiriye ubutumire bwa Robert Ssentamu Kyagulanyi [Bobi Wine]...
Mu ijoro ryakeye,inama y’Abaminisitiri yanzuye ko ibirori byo gusaba no gukwa n’ibyo kwiyakira kw’abitabiriye ubukwe bizajya bikorwa ariko itangaza ko amabwiriza mashya kuri iyi ngingo azatangwa na...
MUGABO Nizeyimana Olivier yatorewe kuyobora Komite Nyobozi ya FERWAFA ku bwiganze busesuye bw’amajwi 52 kuri 59 y’abitabiriye aya matora yabereye kuri Lemigo...