skol
Kigali

Search: Bubiligi (842)

Abo muri Diaspora ya RDC batoye Felix Tshisekedi ku bwiganze bw’amajwi

Kuri uyu wa gatanu, Ceni yasohoye amajwi y’Abanyekongo muri diaspora yo muri: Afurika y’Epfo, Ububiligi, Ubufaransa, Canada na Amerika .
23 December 2023 2070 0

Twahirwa yakatiwe burundu, mu gihe Basabose yajyanwe gusuzumwa mu mutwe

Urukiko rwa rubanda rw’i Bruxelles mu Bubiligi rwakatiye Twahirwa Séraphin igifungo cya burundu, rutegeka ko Basabose Pierre baburaniraga hamwe ajyanwa ku gahato mu kigo kivura indwara zo mu...
22 December 2023 1002 0

Tito Rutaremara yavuze ku rupfu rwa Twagiramungu bahuriye muri Politiki

Inararibonye muri Politiki y’u Rwanda,Tito Rutaremara yavuze ko nta muntu yakwifuriza gupfa,yewe n’umwanzi we cyangwa uwo bahanganye muri politiki.
4 December 2023 2398 0

Amakuru yatangajwe n’umuryango wa Twagiramungu Faustin ku rupfu rwe

Bwana Faustin Twagiramungu wabaye Minisitiri w’intebe muri Guverinoma ya mbere y’Ubumwe,nyuma y’aho FPR Inkotanyi ibohoye u Rwanda muri 1994 yitabye Imana i Buruseli mu Bubiligi afite imyaka...
2 December 2023 8669 0

Hakim Sahabo uhamagarwa mu Mavubi yasinyiye Standard de Liège

Umunyarwanda wakiniraga ikipe ya Lille yo mu Bufaransa, Hakim Sahabo yatandukanye na yo ahitamo kujya mu Bubiligi muri Standard de Liège.
30 June 2023 449 0

N’Golo Kanté yaciye agahigo ko kugura ikipe ye

N’Golo Kanté nyuma yo kugurwa akayabo n’ikipe yo Arabie Saudite nawe yaciye ahagigo ko kugura ikipe ye Umukinnyi w’Umufaransa, ukina hagati mu kibuga, N’Golo Kanté, uherutse kwerekeza muri...
29 June 2023 4200 0

Nana avuze ikintu cyamushimishije mu rugo, yerekana impeta umugabo we yamwambitse

Uwamwezi Nadege wamenyekanye muri Sinema Nyarwanda by’umwihariko muri Filime y’uruhererekane izwi nka City Maid yakinyemo yitwa Nana ahishuye ikintu cyamushimishije mu kubana n’umugabo we aherutse...
30 June 2022 2026 0

RD Congo yakiriye bimwe mu birango by’umuco yari yaribwe n’Ububirigi mu gihe cy’ubukoroni

Umwami Philippe w’u Bubiligi yasubije RD Congo kimwe mu bishushanyo by’ubugeni bigera ku bihumbi 84,000 igihugu cye kibye mu gihe cy’ubukoroni.
8 June 2022 784 0

Umwami Filipo arasura umugi wa Bukavu n’ubwo imirwano ikomeje muri Kivu y’uburasirazuba

Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo byatangaje ko mu gihe cy’iminsi itaru Umwami Filipo w’Ububiligi uri mu ruzinduko muri iki gihugu asura umugi wa...
8 June 2022 545 0

Davis D agiye gukorera igitaramo cy’akataraboneka i Burayi

Icyishaka David wamamaye mu muziki Nyarwanda nka Davis D, ku nshuro ya mbere agiye gukorera igitaramo mu Bubiligi ku Mugabane w’u Burayi.
10 March 2022 247 0

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yahishuye ibyishimo bidasanzwe yatewe n’impano yahawe n’umuhanzi Byumvuhore[AMAFOTO]

Umuhanzikazi Clarisse Karasira umaze kumenyekana mu njyana gakondo, yatangaje ko afite ibyishimo byinshi yatewe n’impano yahawe n’umuhanzi Byumvuhore nawe wamamaye mu njyana gakondo ubu uba mu...
10 September 2019 2629 0

Mu mafoto reba uko byari byifashe mu muhango wo gusezeraho bwa nyuma nyakwigendera Tshisekedi Etienne mu mujyi wa...

I Kinshasa, habereye umuhango wo gusezera mu cyubahiro uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Etienne Tshisekedi, umaze imyaka ibiri apfiriye mu Bubiligi.
1 June 2019 3406 0

Perezida Kagame yamaze kugera muri RDC mu muhango wo gushyingura nyakwigendera Etienne Tshisekedi

Nyakubahwa Paul Kagame yamaze kugera I Kinshasa aharabera umuhango wo gushyingura umunyapolitiki Etienne Tshisekedi,se wa perezida wa Kongo ubu Felix Tshisekedi,wapfiriye mu Bubiligi muri...
31 May 2019 4647 0

Meddy ngo ntazishyura akayabo k’amamiliyoni ashinjwa kuba yarambuye Kompanyi yo mu Rwanda

Ngabo Médard Jobert [Meddy] arashinjwa kutishyura umwenda remezo ungana n’amadorali ibihumbi 10 (asaga miliyoni icyenda z’Amafaranga y’u Rwanda) yahawe n’ikompanyi yitwa KAGI RWANDA Ltd ngo yitabire...
7 March 2019 2986 0

UDPS yasabye ko Etienne Tshisekedi ashyirwa mu ntwari za RDC

Ishyaka rishinzwe guharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage muri RDC (UDPS) ryashinzwe na Etienne Tshisekedi wabyaye perezida mushya wa Congo Felix Tshisekedi,ryasabye ko uyu mugabo...
2 February 2019 1744 0

Uko isi yiriwe Taliki ya 10 Mutarama 2019:Ibihugu bikomeye ku isi na kiliziya gatolika byababajwe no gutsindwa kwa Martin...

Uyu munsi intsinzi ya Felix Tshisekedi mu matora ya perezida wa RDC niyo yiriwe ivugisha benshi aho ibihugu bikomeye ku isi birimo Ubwongereza,Ubufaransa,Ububiligi ndetse na Kiliziya Gatolika...
10 January 2019 2819 0

Ibihugu bikomeye ku isi byatangiye gushidikanya ku ntsinzi ya Felix Tshisekedi watorewe kuyobora RDC

Ibihungu bikomeye biriko Ubufaransa n’Ububiligi bimaze gutangaza ko bishidikanya ku byavuye mu matora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aho byavuze ko hashobora kuba...
10 January 2019 3148 0

Jose Mourinho yibasiriye Raheem Sterling kubera imyitwarire ye mu gikombe cy’isi

Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yatangaje ko umukinnyi Raheem Sterling yitwaye nabi cyane mu gikombe cy’isi ndetse atumva impamvu yabonye amahirwe yo kubanza mu kibuga ku mukino...
15 July 2018 1390 0

Kevin de Bruyne yatunguye benshi kubera amagambo yatangaje kuri Kylian Mbappe barakina uyu munsi

Mbere y’uko Ububiligi bucakirana n’Ubufaransa kabuhariwe Kevin de Bruyne yatangaje byinshi kuri Kylian Mbappe aho yamusingije karahava kubera ubuhanga uyu musore akomeje kugaragaza ku myaka ye 19...
10 July 2018 2210 0

Lukaku yatangaje uruhare rwe mu gutuma Hazard na de Bruyne bitwara neza imbere ya Brazil

Rutahizamu w’ikipe y’Ububiligi Romelu Lukaku yabwiye abanyamakuru ko kugira ngo Hazard na de Bruyne bitware neza imbere ya Brazil yaberetse uko bahagarara neza mu kibuga bituma bagora ba myugariro...
8 July 2018 1807 0

Romelu Lukaku yatangaje amagambo atangaje ku ikipe ya Brazil

Umukinnyi Romelu Lukaku ukinira Ububiligi nka Rutahizamu yatangaje ko Brazil bagomba gukina mu mikino ya ¼ ifite ubwugarizi budakanganye but amubuzakubona ibitego we na bagenzi be bafatanya...
6 July 2018 2262 0

Thomas Meunier yatangaje byinshi kuri Neymar bazahura muri ¼ cy’igikombe cy’isi

Myugariro w’Ububiligi Thomas Meunier yatangaje ko nta buryo abona bwamufasha kuzirika Neymar ku munsi w’ejo ubwo igihugu cye kizaba cyahuye na Brazil ku munsi w’ejo saa...
5 July 2018 953 0

Bizimana Djihad yamaze gusinyira Waasland-Beveren

Umunyarwanda Bizimana Djihad yamaze gusinyira ikipe ya Waasland-Beveren yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi avuye muri APR FC aho bivugwa ko yaguzwe akayabo k’ ibihumbi 200...
26 April 2018 1801 0

Karekezi Olivier wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba Kiyovu Sports yageze mu Rwanda

Umutoza mushya wa Kiyovu Sports Olivier Karekezi yageze mu Rwanda kuri iki cyumweru tariki ya 09 Kanama 2020, nyuma yo gutinda mu Bubiligi kubera ko icyangombwa cyo yipimishirijeho Coronavirus...
9 August 2020 1969 0

Euro2020: Abaholandi n’Ababiligi nabo bageze muri 1/16 cy’irangiza

Kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kamena 2020,hamenyekanye andi makipe 2 akomeye yageze muri 1/16 cy’Irangiza mu mikino ya Euro 2020 iri kubera mu mijyi itandukanye yo k u mugabane w’I...
17 June 2021 993 0

Perezida Tshisekedi yemeje ko azatsinda bidasubirwaho M23

Perezida Tshisekedi yatangarije umuryango w’Abanyekongo baba mu Bubiligi ko intambara ingabo ze zihanganyemo na M23 bazayitsinda byanze bikunze ndetse hatitawe ku kiguzi...
4 May 2024 902 0

Ambasaderi Mukaruriza Monique yahitanwe n’uburwayi

Ambasaderi Mukaruliza Monique wabaye mu nzego zitandukanye nkuru z’igihugu, yitabye Imana azize uburwayi. Yaguye i Bruxelles mu Bubiligi aho yari amaze iminsi...
30 March 2024 3805 0

Inzu ya Kevin de Bruyne yatewe n’abajura barayisahura

Kizigenza wa Man City, Kevin De Bruyne,akomeje kutaryoherwa n’umwaka wa 2023 kuko inzu ye y’agaciro mu Bubiligi yatewe n’abajura basahura bimwe mu byo atunzwe.
18 December 2023 868 0

Lionel Sentore yasubiye mu rukundo nyuma yo gutandukana na Bijoux

Umuhanzi Lionel Sentore ukorera umuziki i Burayi mu Bubiligi,yatangaje ko yabonye undi mukunzi nyuma yo gutandukana n’umukinnyi wa Sinema Nyarwanda Munezero Aline [Bijoux] batamaranye...
6 December 2023 1706 0

Twagiramungu wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yapfuye

Umunyapolitike Twagiramungu Faustin wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda mu 1994 kugeza yeguye mu 1995,yapfuye afite imyaka 78 y’amavuko
2 December 2023 3954 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 840