Umucamanza mukuru wo mu rukiko rukuru rwa Buruseri mu Bubiligi washinzwe kuburanya abanyarwanda babiri bshinjwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yavuze ko yemeza neza ko abo...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 21 Werurwe 2023 i Brussels mu Bubiligi hateraniye inama ya Schuman yiga ku bufatanye bwa Gisirikare n’Umutekano , muri iyo nama Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU)...
Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo yitabye Imana azize uburwayi, aguye mu bitaro mu Bubiligi aho yari arwariye.
Amakuru y’urupfu rwa Gatsinzi yamenyekanye ku mugoroba wo...
Inama yahuzaga abayobozi b’ibihugu bigize AU na EU yaraye isojwe mu gihugu cy’u Bubiligi aho yaberaga, yasize igihugu cy’u Burundi gihawe inkunga ya Miliyoni 214 z’amayero azakoreshwa mu bikorwa...
Umunyamategeko wo mu Bubiligi,Vincent Lurquin, w’imyaka 62 , yirukanywe ku butaka bw’u Rwanda nyuma y’aho arenze ku mategeko akajya mu rukiko kunganira Paul Rusesabagina kandi nta burenganzira...
Umukinnyi Kevin de Bruyne ukinira ikipe ya Manchester City n’Ububiligi yahishuye uburyo yahuye mu buryo butangaje n’umugore we bamaze kubyarana abana 3 nyuma yo gushyingiranwa muri...
Abategetsi bo mu muryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) bari bari mu nama i Buruseli mu Bubiligi, baburiye ko Ubushinwa buteje inkeke mu bya gisirikare, bavuga ko...
Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho yeretse abakinnyi be ko ababajwe n’imikinire yabo mu mukino wa Europa League yaraye atsindiwe mu Bubiligi n’ikipe idafite ibigwi ya Royal...
Ubwo UEFA yicaraga igashyiraho irushanwa rya UEFA Nations League,yashakaga ko ibihugu byo ku mugabane w’I burayi bihangana mu mikino ikomeye cyane n’amarushanwa...
Rutahizamu Eden Hazard ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi yavuze ko umwaka we wa mbere mu ikipe ya Real Madrid aricyo gihe kibi cyane yagize mu mateka ye kuva yatangira gukina umupira w’amaguru...
Abakinnyi 22 b’ikipe yigihugu Amavubi bahagurutse i Kigali mu rukerera rwo kuwa mbere bamaze kugera i Maputo aho baza guhurira n’umukinnyi Bizimana Djihad ukina mu Bubiligi hanyuma bakuzura 23...
Leffe ni inzoga nziza yatangiye kwengerwa mu Bubiligi kuva muri 1240, ubu ikaba izanwa mu Rwanda na Strong Distribution Company Ltd, bikaba byaranatumye ibiciro bigabanuka ku bakunzi...
Nahimana Ibrahim uzwi ku mazina y’ubuhanzi ya Ras Kayaga wamenyekaniye cyane mu ndirimbo Maguru usigaye aba ku mugabane w’i Burayi yamaganiye kure inkuru iherutse kumwandikwaho n’ikinyamakuru...
Abafana ba Manchester United barifuza ko umukinnyi wakinaga hagati mu kibuga mu ikipe ya Southampton witwa Mario Lemina yaza mu ikipe yabo kubera ahanini ubwiza bw’umugore we Fanny Neguesha...
Umunyapolitiki uzwi cyane muri RDC,Jean Pierre Bemba,yagarutse mu gihugu cye kuri iki cyumweru atwawe n’indege yihariye yamuvanye mu mujyi wa Bruxelles mu Bubiligi yari atuyemo nyuma yo kwangirwa...
Umurambo wa Etienne Tshisekedi,wabaye Minisitiri w’intebe wa RDC ndetse akaba ari se wa Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,Felix Tshisekedi wamaze kugezwa mu murwa mukuru Kinshasa mu...
Uyu musore uri mu biruhuko mu Rwanda nyuma y’umwaka mu Bubiligi yabwiye Radio 10 kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 25 Gicurasi 2019 ko Amavubi aafite abakinnyi bakomeye ndetse batananirwa gusubira...
Umugabo witwa Jean na Camille bakomoka mu mujyi wa Brussels mu Bubiligi baciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ifoto bashyize ku rubuga rwabo rwa Instagram,bari gusomana bafashe kuri gari ya...
Umugore ukomoka muri Mali, Hawa Dème, ari mu byishimo byo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda, ni nyuma yo kugeza icyifuzo cye kuri Perezida Kagame ubwo yari muri Rwanda Day ya 2017 yabereye mu...
Umutoza wa Real Madrid,Zinedine Zidane yatangaje ko umwanzuro wo gukoresha umuhungu we mu mukino Real Madrid yaraye itsinzemo ikipe ya SD Huesca yawutekerejeho neza kuko yifuzaga kuruhura Keylor...