Paul Kagame, Umukandida wa FPR Inkotanyi ushyigikiwe n’ amashyaka 8 wiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika yabwiye abatuye akarere ka Burera no mu nkengero zako ko nyuma y’amatora hari...
Umwaka n’imisago Hotel y’Akarere ka Burera imaze idakorerwamo nyamara yarubatswe ubuyobozi buvuga ko ari mu rwego rwo gutinyura abikorera n’abandi gushora imari muri aka Karere gaherereye mu Ntara...
Umunyeshuri witwa Niyonizeye Pacifique wigaga mu ishuri rya E.S Kidaho riri mu Murenge wa Cyanika, mu Karere ka Burera, yakuwe mu Kiyaga cya Burera yapfuye nyuma yo...
Inkubiri yo kwegura no kweguza abayobozi mu turere yakomereje I Gisagara na Burera aho umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Hanganimana Jean Paul yamaze gutanga ibaruwa...
Mu Karere ka Burera, urwego rwunganira Akarere mu gucunga Umutekano (DASSO) rwinjije mu isanduku ya Leta miliyoni 29 mu mezi arindwi.
Aka karere kavuga ko mu mezi arindwi ashize mu isanduku...
Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Burera iratangaza ko yafashe udupfunyika tugera ku 2000 tw’urumogi mu modoka umusaza wari udutwaye mu gikapu agahita...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 23 Nzeri 2019, Minisitiri w’intebe arasura ibikorwa remezo bitandukanye mu Karere ka Burera aho agace kabimburira utundi muri uru rugendo rwe arabanza gusura Ikigo...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera ifatanyije n’ubuyobozi bw’umurenge wa Gahunga, ku itariki ya 6 bangirije mu ruhame inzoga zitemewe gucuruzwa mu Rwanda na kanyanga byose hamwe...
Ku gicamunsi cyo ku itariki 21 Kanama uyu mwaka, mu karere ka Burera habereye igikorwa cyo kumena no kwangiza inzoga z’ubwoko butandukanye zifatwa nk’ibiyobyabwenge mu Rwanda, abakitabiriye...
Abagera kuri 70 ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 18 Nyakanga 2021, basanzwe mu rugo rw’umuyobozi w’umudugudu i Burera bari mu birori bita "Ubuteka".
Abaturage barindwi barohamye mu Kiyaga cya Ruhondo, ubutabazi bwabashije kurohora abagera kuri batanu mu gihe abandi babiri kugeza n’ubu baburiwe irengero.
Ibi byabereye mu Karere ka Burera ubwo...
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Kinyabab, abaturage bagera kuri 20 bajyanywe kwa muganga nyuma y’uko bariye ibiryo bihumanye mu bukwe bw’umuturanyi bari bitabiriye.
Ibi byabaye mu mpera...
Kuwa gatandatu tariki ya 29 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, ubuyobozi bw’umurenge wa Bungwe n’abaturage b’uyu murenge, bangije ku buryo bwabugenewe ibiyobyabwenge...
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Kivuye umuturage yafatanywe ibilo 10 by’urumogi yari akuye muri Uganda, abwira Polisi y’u Rwanda ko ari akazi yari yahawe n’uwari wamwizeje kumuhemba 5 000...
Abanyeshuri batatu bigaga mu kigo cy’Ishuri cy’imyuga cya Centre pour la Promotion de l’Education et des Metiers (CEPEM) bari bagiye mu mupira uhuza ibigo, baciye mu rihumye bagenzi babo bajya koga...
Umugabo witwa Twizerimana Innocent wari usanzwe ari umwarimu ku ishuri ribanza rya Ruyange utuye mu Murenge wa Rusarabuye, Akagari ka Ndaga mu Karere ka Burera, yiyahuye akoresheje ibinini byica...
Abaturage bo mu murenge wa Kagogo wo mu karere ka Burera ngo baravuga ko nta muri gahunda yo korozanya binyuze muri gahunda ya Giri inka mu nyarwanda hadutsemo ruswa bahimbye...
Aha ingabo z’ u Rwanda zari mu bikorwa bya Army week
Akarere ka Burera kasanze ingo 310 zirwaye amavunja. Ukuriye ingabo mu karere ka Burera na Gicumbi arasaba abayobozi b’ imirenge babona...
Umuyobozi w’akarere ka Burera Uwambajemariya Florence
Abaturage bo mu karere ka Burera bafite amatsiko menshi yo kureba ejo hazaza, harangwa n’iterambere batabasha kwiyumvisha bahereye ku ryo...
Abantu 44 bari bavuye mu mubatizo ku rusengero rw’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi bo mu Karere ka Burera, barembejwe no kuruka, guhitwa, kuribwa mu nda, kubabara umutwe ndetse no guhinda...