Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame amaze guhura na mugenzi wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump aho biteganyijwe ko baza kugirana ibiganiro...
Nyuma y’urugendo umugore wa perezida wa Amarika Melania Trump yagiriye mu gihugu cya Ghana na Malawi,yageze no mu gihugu cya Kenya kuri uyu wa kabiri tariki 2 Ukwakira...
Ishusho itagaragaza neza Melania Trump, umugore wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yagaragaye mu nkengero y’umujyi avukamo mu gihugu cya Slovenia, rwagati ku mugabane...
Ni umugore w’umwimukira wageze muri Amerika afite imyaka 10 ari kumwe n’ababyeyi, arahigira, arakora, aza no kugera aho atorerwa kujya mu nteko ishinga amategeko ya...
Umuhanzi w’icyamamare muri America no ku Isi mu njyana ya RnB, Tremaine Aldon Neverson uzwi nka Trey Songz yatangaje ko yanduye icyorezo cya Covid-19. Mu butumwa yatanze yasabye abantu kutamera...
Biravugwa ko Trump Organization yageze ku bwumvikane bwo kugurisha imwe muri hoteli zayo zikomeye kuri miliyoni $375 (arenga miliyari 375Frw)
Muri uko kugurwa, Turmp International Hotel izahita...
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye abadepite b’iki gihugu kwita ku gushyira amafaranga mu gucunga umutekano w’amashuri aho kuyashora mu guha imfashanyo ya...
Umusore w’imyaka 23 yapfuye nyuma y’uko arasiwe ku kazi ke ko gucuruza ibyokurya muri McDonald’s i Brooklyn nkuko abapolisi babivuga.
Iraswa ryabaye ahagana mu ma saa moya z’umugoroba. Ku wa...
Perezida Donald Trump avuga ko yiteze gufungwa ku wa kabiri byatumye asaba abakunzi be ko batangira imyigaragambyo.
Hagati aho, umunyamategeko we avuga ko nta butumwa bwatanzwe n’abashinzwe...
Ubushinjacyaha bwa Amerika bwabonye amajwi ya Donald Trump wahoze ari Perezida wa Amerika, yemera ko hari inyandiko ziriho amabanga ya Leta yasigaranye ubwo yavaga ku butegetsi nubwo bitemewe....
Minisiteri y’Ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika agomba gukurikiranwa ku cyaha cyo gusebya E. Jean Carroll,...
Abaririmbyi bakunze cyane ku Isi barimo Celine Dion, John Legend n’ abandi banze kuzaririmba mu muhango w’irahira rya Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, maze...
Binyuje mu ijwi ry’umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasabye Raila Odinga kudahirahira akomeza umugambi wo kurahirira kuyobora Kenya yirengagije ko Uhuru Kenyatta yatowe mu buryo...
Abakinnyi 3 ba filimi z’urukozasoni batangaje ko bababajwe no kuba perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yarihakanye umwe muri bagenzi babo bakoranye imibonano mpuzabitsina,ndetse...
Umugore witwa Karen McDougal wahoze akora akazi ko gusohoka mu binyamakuru yambaye ubusa yavuze ukuntu yasambanye na perezida wa USA Donald Trump ndetse avuga n’akari imurori benshi bifata ku...
Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni witwa Stormy Daniels yatangaje ko afite amafoto ya perezida wa USA Donald Trump yambaye ubusa ndetse agiye kuyashyira hanze,mu rwego rwo kumwihoreraho kubera ko...
Perezida w’Amerika Donald Trump yibasiriye Vladmir Putin w’Uburusiya na perezida wa Syria Bashar al-Assad kubera urupfu rw’abanya Syria 70 bapfuye kubera ko Leta ya Syria yarwanye n’inyeshyamba mu...
Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida w’ u Rwanda ari mu ruzinduko rw’ akazi muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye amasengesho yo gusengera iki gihugu azwi nka ‘National Breakfast...
Igitekerezo cya Perezida Trump cyo kohereza ingabo z’igihugu "kwigarurira imijyi" irimo imyigaragambyo cyamaganwe na ba guverineri ba leta zitandukanye na ba mayor b’imijyi myinshi, bakomoka mu...
Umuhanzi Kanye West yatangaje ko agiye guhangana na Dolnald Trump mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe mu Ugushyingo 2020 muri Leta Zunze Ubumwe za...
Kuwa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo Donald Trump aheruka kuboneka agaruka muri White House avuye i Sterling muri Virginia aho yariho akinira golf, amaze kubwirwa ko Joe Biden biboneka ko...
Icyamamare mu gukina amafilimi benshi bazi nka ’Rambo’ Sylvester Stallone yanze umwanya w’ ubuyobozi yemerewe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump
Sylvester Stallone w’imyaka...
Dr Donald Kaberuka wabaye Perezida wa Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) mu gihe cy’imyaka 10, yagizwe Umujyanama Mukuru mu Kigo cy’Abanyamerika gikora ubugenzuzi, Boston Consulting Group...
Koreya y’ Epfo yatangaje ko mu gihugu cya Koreya ya Ruguru agace gakunze kugeragerezwamo ibisasu kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Nzeli 2017, humvikanye umutingito w’ Isi.
Ibi byabaye mu gihe...