Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni Stormy Daniels wabaye icyamamare kubera gutangaza ko yaryamanye na perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump,yabwiye ikinyamakuru Vogue ko bamaze...
Umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab watangaje ko wahisemo kugaba igitero kuri Hoteli Dusit D2 bitewe n’umwanzuro wa Perezida wa USA,Donald Trump watangaje bashaka kwemeza Jerusalem nk’umurwa mukuru wa...
Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yise Meghan Mrkle (Umukazana w’umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II) umuntu mubi, mbere y’iminsi ibiri ngo asure igihugu...
Uwahoze ari perezida wa Amerika,Barack Obama yiswe “umwiyemezi” kabuhariwe n’umwe mu bavandimwe be bavukana kuri se witwa Malik Obama uba muri Kenya,wanasabye abanyamerika kongera gutora Donald...
Michelle Obama yibasiye bikomeye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu gihe abademokarate bari kwitegura gutangaza ku mugaragaro Joe Biden nk’uwo bazahatana mu...
Denise Bidot,umukobwa uri mu rukundo n’umuraperi Lil Wayne yahamije ko atishimiye kuba uyu mukunzi we ashyigikiye Perezida Donald Trump mu matora ahanganyemo na Joe...
Icyamamare mu bya sinema akaba abarizwa no muri politike Arnold Schwazenegger yanenze bikomeye perezida Donald Trump ucyuye igihe aho yatangaje ko ariwe perezida wabayeho mubi iki gihugu...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabye urukiko kuri uyu wa Kabiri, asubiza ku byaha ashinjwa birimo impapuro mpimbano zishingiye ku mafaranga yishyuye umugore...
Ivana, wigeze kuba umugore wa Perezida Donald Trump agiye gushyira ahagara igitabo kivuga kuri amwe mu mabanga ya Perezida Trump n’ abana be.
Muri icyo gitabo uyu mwanditsi azagaragaramo ubuzima...
Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko igiye gufata umwanzuro wo kubuza abaturage bayo gukorera ingendo muri Koreya ya Ruguru. Birakekwa ko intandaro y’ iki cyemezo ari uko aba baturage bafatwa...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko bazahagarika inkunga bagenera bimwe mu bihugu bizatorera Maroc kwakira igikombe cy’isi giteganyijwe mu mwaka wa...
Umunyamideri w’ icyamamare muri Leta zunze ubumwe za Amerika Kim Kardashian yasabye Perezida w’ iki gihugu Donald Trump kubabarira umukecuru Alice Marie Johnson umaze igihe afungiye ibyaha...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe Donald Trump yaraye atangaje ko igihugu cye kivuye mu masezerano yo kurwanya intwaro z’ ubumara zikorwa na Iran, Perezida wa Iran Hassan Rohani avuga ko Trump...
Iranian lawmakers burned an American flag and cried "Death to America" in parliament on Wednesday to protest President Donald Trump’s decision to withdraw from the multi-party nuclear...
Umuhungu n’umukobwa bafashwe amashusho yakwirakwiriye hose,bari gukorakorana ku myanya y’ibanga muri Restaurant izwi cyane ya McDonald’s iherereye mu mugi wa London mu Bwongereza ndetse bari kurebwa...
Ibiganiro Isi yose yiteguye gutega amatwi bizahuza Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump na Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un wamamaye kubera gukora ibitwaro kirimbuzi...
Igihugu cya Canada cyakiriye inama y’ ibiguhu 7 bikungahaye ku Isi ntabwo ishyigikiye ko Uburusiya rusubira mu bihugu 7 bikungahaye kurusha ibindi mu isi nubwo Perezida wa Amerika Donald Trump...
Mu ruzinduko rw’ akazi Perezida wa Portugal Marcelo Rebelo de Sousa yagiriye I Washingtond DC muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yarase umunyapoltugal Cristiano Ronaldo watakira ikipe ya Real...
Ku wa Kabiri tariki 16 Nyakanga 2018, habayeho uguhura kw’ amateka hagati ya Perezida w’ Uburusiya Valadmir Putin na Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump wari uherekejwe n’ umugore...
Ku kibazo cy’ abimukira, Ivanka Trump, umukobwa wa Donald Trump yagaragaje ko atemereranya na se. Mu nama yabereye i Washington, iyi mfura ya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika ’n’ uburakari...
Umuhanzikazi Rihanna ukunzwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi bitewe n’ibihangano bye akora bigatuma yigarurira imitima ya benshi, kuri ubu yatunguye abafana be ubwo yifotozaga ari kumwe...
Michael Cohen, wahoze yunganira mu mategeko Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yemereye urukiko rw’i New York ko yishe amategeko agenga ibikorwa byo kwiyamamaza mu matora ya...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo Kanye West yasibye konte ye ya instagram ndetse na twitter kubera kubera kugaragara yambaye ingofero iriho amagambo Perezida Donald Trump yakoreshaga...
Umuraperi Clifford Harris uzwi nka TI yibasiriye umugore wa Donald Trump,Melania,ubwo yashyiraga hanze amashusho yamamaza indirimbo ye yitwa Dear 45, I Ain’t Kanye,yagaragayemo umugore usa na...