Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gukemura ibibzo mu mahoro hatitabajwe imbaraga za gisirikare, ariko nibyanga Amahanga azabona ubukaaka...
Kenya na Nigeria biri mu bihugu bifite abantu benshi bakunda Perezida Donald Trump wa Amerika, nk’uko byerekanwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Pew Research Center cyo muri Amerika gikora amatora...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasubije mugenzi we wa Iran uherutse gutangaza ko Iran igiye kwihorera kuri Amerika nyuma y’uko igisirikare cyayo cyishe umusirikare ukomeye...
Perezida wa USA,Donald Trump arahura na minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Uburusiya, Sergei Lavrov mu biganiro bikekwa ko bigamije gusasa inzobe ku mubano w’ibihugu byombi umaze igihe...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 6 Ukuboza 2019,inteko rusange y’ umuryango w’ abibumbye yagize Dr Donald Kaberuka, umwe mu bagize itsinda ry’ inzobere rishinzwe abakuwe mu byabo ku...
Perezida wa Leta Zunze z’Amerika,Donald Trump,yatunguye benshi kubera ifoto yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter yiyambitse nk’umuteramakofe w’icyamamare Rocky Balboa ubwo yari mu kiruhuko cy’umunsi...
Perezida wa USA,Donald Trump yemeje ko ko Hamza Bin Laden, umuhungu wa Osama Bin Laden yiciwe mu gitero (operation) cyabereye muri Afghanistan aho yanavuze ko urupfu rwe rugiye gukoma mu nkokora...
Perezida wa USA,Donald Trump yagiriye urugendo rw’amateka ku butaka bwa Koreya ya ruguru ahita yandika amateka yo kuba perezida wa mbere wa Amerika usuye iki gihugu kizwiho kwihaza mu gukora...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika,Donald Trump,yasekeje benshi kubera ukuntu yiyemeye ku munyamakurukazi Elizabeth Jean Carroll wamushinje gushaka kumufata ku ngufu mu myaka ya 1990,avuga ko...
Perezida wa Amerika,Donald Trump yatangiye kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu mu matora ya 2020 aho yahinduye intero akava kuri Make America Great again ayigira Keep America Great...
Perezida wa USA Donald Trump yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko Twitter, ubwo yinjiranaga mu ndege ya Air Force One igipapuro gikoreshwa mu bwiherero cyafashe ku nkweto...
Perezida wa USA Donald Trump yatangaje ko agiye kubaka urukuta rurerure mu butayu bwa Sahara kugira ngo abimukira baturuka muri Afurika berekeze I Burayi bahagarika ingendo...
Umugabo uvuga ko yahoze ari maneko wabigize umwuga w’ igihugu cy’ u Burusiya yavuze ko muri 2006 we ubwe yishe Donald Trump, Moscow ikamusimbuza undi basa.
Stormy Daniels ukina filimi z’urukozasoni watangaje ko yasambanye na Donald Trump bikamugira icyamamare ku isi yose,yasinye amasezerano yo kwinjira mu irushanwa rya Big Brother aho azahabwa...
Icyamamare mu mukino wa Basketball Lebron James yatangarije abanyamakuru ku munsi wejo ko perezida wa USA Donald Trump ari kwifashisha siporo kugira ngo acemo igihugu ibice ndetse avuga ko kuva...
Umuraperi Kanye West yamaze gutangaza ko atagishyigikiye Perezida wa 45, Donald Trump nyuma yo kugaragaza ko yanga abirabura urunaka ndetse no kwerekana ko adakunda idini ya Isilamu.
Mu gitondo...
Urukiko rw’Ikirenga rwa Colorado rwemeje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika,atemerewe kwiyamamariza kongera kwinjira muri White House kubera uruhare yagize mu...
Donald Trump yakoze amateka yo kuba uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika watawe muri yombi na polisi ndetse agafungirwa muri Gereza yo muri Atlanta ku mugoroba wo kuri wa Kane...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye gutabwa muri yombi kuri uyu wa Kane kubera ibyaha by’amanyanga mu matora ya Perezida byakorewe muri Leta ya...
Donald Trump wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yajyanye mu nkiko Michael Cohen wahoze ari umunyamategeko we amusaba indishyi za miliyoni $500 kubwo kurenga ku masezerano bari...
Stormy Daniels bivugwa ko yaryamanye na Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikaba bimugejeje mu nkiko, yavuze ko atifuza ko uwo mugabo afungwa nkuko ubushinjacyaha...
Donald Trump yatangaje kumugaragaro ko aziyamamaza mu matora ya perezida ya 2024 mu ijambo ryibanze ku kunenga uko politiki n’ubukungu bya Amerika bihagaze ubu.
Ari mu rugo rwe rwa Mar-a-Lago...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin birashoboka ko yahaye uruhushya ibikorwa byo kugerageza kugena ibyavuye mu matora y’Amerika ashaka ko uwari Perezida Donald Trump ayatsinda, nkuko bivugwa...
Donald Trump yatangaje ko nta migambi afite yo gushinga ishyaka ryishya kuko ngo byacamo ibice abarepubulikani, nk’uko yabibwiye igiterane cy’abo muri iri shyaka i...