Leta ya Ethiopia yatangaje ko impanuka ikomeye ya bisi yahitanye abanyeshuri 38 mu majyaruguru y’ Ahitwa Amhara.
Iyi mpanuka ngo yatewe n’ imihanda itari imeze neza. Iyi mpanuka yakomerekeyemo...
Ivanka umukobwa wa Perezida Donald Trump akaba n’umujyanama we, uri mu rugendo rw’iminsi ine mu bihugu bya Afurika, yatangaje abantu ubwo yagaragazaga ko azi gucinya akadiho...
Perezida wa Amerika Donald Trump yabwiye abarwanashyaka b’aba Republicans ko yakoze ibitangaza ariko bakanga kumuha igihembo cy’amahoro kitiriwe Nobel umwaka...
Boeing yageze ku bwumvikane n’imiryango y’abantu 157 bapfiriye mu mpanuka yo mu 2019 yabereye muri Ethiopia y’indege yabo 737 Max.
Iyi kompanyi ikora indege yemeye kuryozwa impfu zabo, nk’uko...
Leta ya Ethiopia yatangaje icyorezo gikomeye cya macinya, mu karere kari ku mupaka wa Ethiopia na Somaliya, aho abantu basanzwe bugarijwe n’uruzuba.
Muganga Akpaka Kalu, uhagarariye ishami ry’...
Leta ya Uganda, yatangaje ko yamaze gucyura abaturage bayo basaga 80 bari baragiye muri Ethiopia mu rugendo rugamije kwiyiririza ubusa ku musozi wo mu burasirazuba bwaho mu gihe cy’iminsi 40, mu...
Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yatsinzwe n’iya Ethiopia igitego 1-0 mu mukino wa gicuti waberaga mu Mujyi wa Adama.
Ku munota wa 85 nibwo igitego cya Ethiopia cyinjiye gitsinzwe na Kenean Markneh ku...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Haruna Niyonzima, yihanangirije bagenzi be kutazirara mu mukino wo kwishyura mu majonjora ya nyuma yo gushaka itike ya CHAN 2023 bazakina na na...
Amavubi yatangiye imyitozo kuri iki cyumweru, ategura umukino wa Ethiopia uzaba ku wa 5 w’iki cyumweru i Dar Es Salam.
Amavubi azakina imikino 2 mu rwego rwo gushaka itike yo kwitabira imikino...
Kompanyi ikora indege ya Boeing, yahagaritse indege zose zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 8 nyuma y’aho indege yo muri ubu bwoko ya Ethiopian Airlines ihitanye abantu 157 mu Cyumweru...
Intambara ya Tigray ni intambara ikomeje kuba, yatangiye mu Gushyingo 2020 mu Karere ka Tigray muri Etiyopiya, hagati y’ingabo zidasanzwe z’akarere ka Tigray (iyobowe n’ishyaka ryitwa Tigray...
Umuhanga mu by’ubukungu, David Steinman ukomoka muri Amerika, yashinje umuyobozi wa OMS, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus kuba yari ’umuntu ufata ibyemezo bikomeye’ wayoboye ibikorwa by’inzego...
Bakame aratangaza ko we na bagenzi be biteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo babashe kudatakaza amahirwe ya kabiri babonye yo kwitabira imikino ya CHAN 2018 izabera muri Maroc aho avuga ko...
Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi muri Amerika aho yitabiriye amarushanwa 2 akomeye ariyo Cascade Classic yabaye mu kwezi kwa Nyakanga na Colorado Classic iherutse gusozwa...
Perezida Paul Kagame wageze muri Ethiopia ku wa Kane,tariki ya 16 Gashyantare 2023, yahuriye imbonankubone na Perezida wa Congo, Antoine Felix Tshisekedi, ndetse n’abandi bakuru b’Ibihugu mu nama...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’uyu muryango, yamaganye ibitero by’iterabwoba biherutse kwibasira abayobozi ba Ethiopie na Zimbabwe.
Mu gihugu cya Ethiopia mu cyumweru dusojwe habaye inkuru idasanzwe aho umugabo yapfuye bajya kumushyingura akazuka.
Uyu mugabo w’ abana batanu witwa Hirpha Negero ku wa Kabili saa za mugitondo...
Kuri uyu wa 24 Werurwe 2020,abashinzwe abinjira n’abasohoka mu gihugu cya Mozambike bavumbuye ikamyo yari yuzuyemo imirambo 64 y’abantu mu gikontineri inyuma yari iturutse mu gihugu cya...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia byatangaje ko Dr Abiy Ahmed Ali yasubiye kuyobora ingabo z’igihugu zihanganye n’umutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bw’intara ya Tigray....
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi kuri uyu wa Gatandatu yahagurutse igitaraganya i Addis-Abeba aho yari yitabiriye inama ya 35 y’Umuryango wa Afurika Yunze...