Perezida Kagame yashimiye umuherwe w’Umushinwa, Jack Ma kubera ubufasha bw’ibikoresho bifasha guhangana na Coronavirus yahaye u Rwanda n’ibindi bihugu bitandukanye.
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania uyu munsi kuwa mbere yongeye gushimangira ingingo ye yo gusaba abatuye iki gihugu kubyara abana benshi avuga ko abaturage benshi ari inyungu ku...
Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda yatangaje ko yafunze imiryango kugeza kuwa 28 Werurwe 2020,nyuma y’uho umwe mu bantu baheruka kuyijyamo mu nama, yatahuweho icyorezo cya...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yatangaje amabwiriza mashya ku ngendo hagati ya Amerika n’uburayi mu rwego rwo kurwanya icyorezo cya coronavirus.
Mu ijambo ryaciye kuri...
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni...
Rutahizamu w’Amavubi wakoze ibitarakorwa n’undi mukinnyi mu Rwanda, Jean Michel Gatete, wamenyekanye cyane ku izina rya Jimmy Gatete, yagaruye akanyamuneza mu bantu batandukanye nyuma yo kongera...
Umuryango Fondation Bill et Melinda Gates washinzwe n’umuherweBill Gates, watanze miliyoni 10 z’amadolari y’abanyamerika yo gufasha kurwanya inzige zihangayikishije Afrika yo munsi y’Ubutayu bwa...
Umunya Colombia witwa Restrepo Jhonatan ukinira ikipe ya Androni Giocattoli – Sidermec yo mu Butaliyani ni we wegukanye Agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2020 kavaga Huye kerekeza I Rusizi ku...
Abayobozi bo muri Uganda batangaje ko inzige zo mu butayu zageze muri iki gihugu ku cyumweru ubu zimaze gukwira mu turere tubiri twa Uganda, leta yashyizeho abasirikari 2000 bo kuzihiga,...
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 nibwo haraba umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi wayoboye igihugu cya Kenya imyaka 24 yose nyuma yo gusimbura Jomo...
Ku bwiganze busesuye, Perezida Kagame yatorewe kuba Umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Ikigega cy’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe gishinzwe...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Burundi Bwana Deo Guide Rurema yatangaje ko ikibazo cy’inzige zikomeje kwibasira ibihugu byo muri EAC bo bakiboneye umuti kuko nizigera mu gihugu cyabo nta kindi...
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjimin Netanyahu yahagurutse mu gihugu cye uyu munsi kuwa mbere aje mu ruzinduko rw’umunsi umwe i Kampala muri Uganda. Yaherukaga gusura Uganda mu...
Bernard Makuza wahoze ari Perezida wa Sena, yagizwe Umuyobozi w’indorerezi z’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, AU, mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Comores ateganyijwe ku wa 19...
Ikipe ya APR FC ihagaze neza kurusha izindi muri shampiyona y’uyu mwaka yafashe umwanzuro wo gutiza rutahizamu wayo Sugira Ernest mu ikipe ya Rayon Sports mu gihe kingana n’amezi 18 asigaye ku...
Rutahizamu Sugira Ernest wari umaze amezi 2 ari mu bihano yahawe n’ubuyobozi bwa APR FC akinira,yamaze gutizwa ikipe ya Police FC mu gihe cy’amezi 6 asigaye ngo shampiyona...
Umuhanzi wo muri Kenya Jacob Obunga wamamaye nka Otile Brown uheruka gukora indirimbo na Mugisha Benjamin yahawe izina rya “can’t get enough” yafashe imbuga nkoranyambaga muri Kenya kubera ubwiza...
Impunzi 117 zivuye muri Libya zageze i Kigali mu Rwanda mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, aba bagize ikiciro cya gatatu cy’impunzi 500 u Rwanda rwemeye kwakira mu baheze muri...
Mu gihe dusanzwe tuzi ko biba bidashoboka kuba umuntu usanzwe yakwegera umukuru w’igihugu bitewe n’umutekano uhagije aba agomba guhabwa haba mu muhanda aho anyuze ndetse no mu nama zitandukanye,...