Perezida Donald Trump mu masaha ye ya nyuma ku butegetsi yahaye imbabazi anoroshya ibihano ku bantu barimo umuraperi Lil Wayne wemeye Icyaha cyo kwitwaza imbunda kandi...
Perezida watowe Joe Biden ku munsi w’irahira rye azahita ajya muri White House - mu karasisi k’ibirori, ubwo uyu mudemokarate na visi-perezida we Kamala Harris bazaba bamaze...
Umuherwe David Beckham nyiri ikipe ya Inter Miami ndetse azwi cyane mu mupira w’amaguru aho yakiniye amakipe nka Manchester United,PSG,Real Madrid n’izindi,yamaze kwiyemeza kugurira rimwe Lionel...
Perezida Donald Trump wa Amerika n’uwo bagiye guhatana mu matora Joe Biden bahunze ibibazo bimwe babajijwe mu biganiro byo kuri televiziyo babazwa na rubanda...
Los Angeles Lakers yegukanye igikombe cya shampiyona ya Basketball ya Amerika nyuma yo gutsinda Miami Heat amanota 106-93 mu mukino wa gatandatu wa NBA Finals ibifashijwemo cyane na LeBron...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ni umwe mu bakatiwe igihano cyo gupfa n’urukiko rwo mu gihugu cya Yemen ashinjwa ibyaha by’intambara.
Komisiyo ishinzwe gutegura ibiganiro mpaka yavuze ko izahindura uko bizajya bikorwa kugira ngo ibiganiro bibiri bisigaye hagati ya Donald Trump na Joe Biden ntibizabe nk’igiheruka...
Ikiganiro mpaka cy’abakandida mu matora ya perezida wa Amerika cyabereye mu mujyi wa Cleveland muri leta ya Ohio hagati ya Perezida Donald Trump na Joe Biden cyaranzwe n’akajagari, guterana...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasabye ko we na Joe Biden bazahatana mu matora bapimwa ibiyobyabwenge mbere y’ikiganiro mpaka cyabo cya mbere cyo mu kwezi gutaha.
Bwana...
Joe Biden, umukandida-perezida w’ishyaka ry’abademokarate, na Kamala Harris baziyamamazanya akaba yamubera visi perezida atowe, bibasiye Perezida Donald Trump bavuga ko ari umutegetsi wo "gusakuza"...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Nyakanga 2020, habonetse abarwayi bashya 21 b’icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu bipimo 3, 737 byafashwe mu masaha 24 ashize,...
Umugore wo muri Amerika witwa Susan Anderson yatunguye benshi kubera amashusho yagiye hanze ari kubyarira mu muhanda ku manywa y’ihangu nyuma y’uho yari ananiwe kugera ku...
Perezida Donald Trump wa Amerika yajyanywe mu bwihisho bw’umutamenwa bwa White House ubwo abigaragambya bari bakamejeje imbere y’ibiro bye kuwa gatanu batera amabuye banahanganye na...
Perezida Donald Trump wa Amerika yagaragaje ko adahuza n’inzego z’ubutasi za leta ye ubwo yavugaga ko yabonye ibihamya ko coronavirus yakorewe muri laboratoire mu...