skol
Kigali

Search: Florida (209)

Umunyeshuli yinjiye mu ishuli arasa bagenzi be n’abarimu

Umusore witwa Dimitrios Pagourtzis w’imyaka 17,ukomoka muri Santa Fe,Texas muri USA yinjiye mu ishuli afite imbunda arasa abanyeshuli 8 n’abarimu wabo,ahita yitanga kuri...
19 May 2018 1560 0

Abagore b’ ibizungerezi babaho ubuzima bw’ umunezero iyo barongowe n’ abagabo babi ku isura- UBUSHAKASHATSI

Ni abagore beza bangahe bahitamo gushakana n’ umugabo ukundwa n’ abagore? Ushobora kugira ngo ubwiza bw’ umugabo nibwo bushimisha abagore ariko ubushakashatsi bwakorewe mu imwe muri Kaminuza zo muri...
8 May 2018 5860 0

Umwongerezakazi w’imyaka 28 yafatiwe muri Amerika ari gusambana n’umwana w’umuhungu w’imyaka 14

Umwongerezakazi witwa Sarah Louise McGill yatawe muri yombi na polisi yo muri Leta ya Florida ari gusambana n’umwana w’imyaka 14 wari wamwishyuye akayabo k’amadolari 480. Uyu mugore yafatiwe muri...
11 April 2018 2554 0

Ikiraro cya Miami cyasenyutse gitwara ubuzima bwa benshi [AMAFOTO]

Ikiraro cyo mu mugi wa Miami cyasenyutse gihitana abantu bane ndetse n’ibinyabiziga bitandukanye n’ubwo ubutabazi bukomeje gukorwa . Iki kiraro cya toni 950 cyasenyutse ku manywa y’ihangu ku...
16 March 2018 4020 0

Uwunganira Ububiligi bavuze impamvu ingabo zabwo zitatabaye abatutsi muri ETO Kicukiro

Muri Mata 2004, Florida Mukeshimana-Ngulinzira yatangije ikirego ngo hajye ahabona uruhare rwa Leta y’u Bubiligi n’abasirikare batatu batanze itegeko ngo ingabo zive muri ETO Kicukiro...
9 March 2018 1052 0

ISIS yashyize hanze amashusho iri kwica abasirikare ba USA

Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIS) washyize hanze amashusho y’ukuntu wishe urashe abasirikare 4 b’abanyamerika muri Niger nyuma yo kubagota. Abasirikare ba USA birwanyeho uko bishoboka...
5 March 2018 1946 0

Rick Ross yari ahitanywe n’uburwayi Imana ikinga ukuboko

Umuhanzi William Leonard Roberts II uzwi nka Rick Ross ukomoka muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika yari yishwe n’uburwayi bw’umutima Imana ikinga ukuboko mu ijoro ryo ku wa Kane. Uyu muraperi...
3 March 2018 856 0

Umugore w’umwarimu yatawe muri yombi kubera gushora mu busambanyi umwana w’imyaka 14

Umugore w’umwarimu witwa Stephanie Peterson w’imyaka 26 ukomoka ahitwa New Smyrna muri Leta ya Florida muri USA yatawe muri yombi kubera gusambana n’umwana w’imyaka 14 nyuma y’igihe amwoherereza...
1 March 2018 1766 0

Icyamamare muri sinema cyatutse Trump kiramwandagaza

Icyamamare mu gukina filimi Samuel L Jackson cyatutse bikomeye perezeda w’Amerika Donald Trump kubera ubutumwa aherutse gushyira kuri Tweeter ye avuga ko abarimu bo muri iki gihugu bakagombye...
25 February 2018 2358 0

Undi mugore yatangaje ko yasambanye na Donald Trump none iwe byakomeye

Umunyamideli witwa Karen McDougal yatangaje ko yamaze amezi 9 aryamana na Donald Trump mu ibanga ndetse yagerageza gutangaza aya makuru abakozi b’uyu perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika usanzwe...
17 February 2018 8726 0

Zimbabwe irifuza kubaka urwibutso rwa Bob Marley

Leta ya Zimbabwe yasabye umuhanga mu gushushanya kubafasha kuba igishushanyo/urwibutso cya Bob Marley ku kibuga cy’umupira cya Rufaro i Harare, aho Marley yacurangiye mu 1980, igihe icyo gihugu...
10 February 2018 747 0

Trump yavuze ko ibyo aherutse kuvuga ku Banyafurika atari amacakubiri

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yarahiye arirenga avuga ko atari umunyamacakubiri, bibabaye nyuma yo kunegwa mu kuba yarakoresheje ijambo "umwanda" avuga ibihugu by’ Afurika....
15 January 2018 837 0

Polisi y’ u Rwanda yashyizwe ku mwanya wa 2 muri Afurika

Umuryango Mpuzamahanga uhuriwemo n’abashinzwe iby’umutekano ku isi, muri raporo yawo ya 2016 igaragara uko polisi z’ ibihugu zirushanya u Rwanda ruri ku mwanya wa 50 ku isi rukaba ku mwanya wa 2...
9 November 2017 2784 0

Abayoboye Amerika 5 bateraniye mu gitaramo cyo gufasha abashegeshwe n’ibiza

Abahoze ari abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakiriho bateraniye mu gitaramo cyo gushaka imfashanyo igenewe abagwiriwe n’ibiza by’imiyaga muri Amerika.Abaperezida bose batanu Barack...
22 October 2017 1152 0

Urutonde rw’abahatanira ibihembo muri American Music Awards

Urutonde rw’abazahatanira ibihembo mu bitwaye neza mu muziki muri Amerika bizwi nka (American Music Awards) rwagiye ahagaragara. Abahanzi bakomeye ku isi nka Bruno Mars, Drake na Ed Sheeran ni...
14 October 2017 491 0

FIFA yamaze gutangaza abakinnyi batatu bazavamo uwahize abandi ku isi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA kuri uyu wa Gatanu taliki ya 22 Nzeri 2017 nibwo rimaze gutangaza abakinnyi batatu bagomba kuzavamo umwe uzegukana igihembo cy’umukinnyi witwaye neza ku...
22 September 2017 1884 0

Imitoma iraca ibintu kuri Pilote Mbabazi ugiye kurushinga n’umunyamuziki

Iminsi 24 niyo ibura ngo Mbabazi Esther utwara indege ya Rwandair arushingane n’umunyamuziki Olivier Habiyaremye , aba bombi bakomeje kwandikirana amagambo yuzuye ibinezaneza aherekejwe no...
25 August 2017 1913 0

Umucuruzi w’ibiyobyabwenge yihururije inzego z’umutekano ngo zimute muri yombi

Muri Leta ya Florida imwe muri Leta zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika, umucuruzi w’ibiyobyabwenge, David Blackmon, ubu ari mu maboko ya polisi, nyuma y’uko ahamagaye polisi ayibwira ko ikigega cye...
21 July 2017 1121 0

Ibyaranze tariki 8 Nyakanga mu mateka

Turi tariki ya 08 Nyakanga, ni umunsi w’ 189 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 176 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 08 mu mateka 1099:...
8 July 2017 579 0

Umugore yahuruje Polisi, ihageze ayisaba ko batera akariro

Muri Leta ya Florida, Umugore w’ imyaka 58 yahamagaye 911 atabaza polisi, ihageze ayisaba ko bakora imibonano mpuzabitsina. Umugore witwa Maria Montanez-Colon yatawe muri yombi azira gukinisha...
27 November 2016 7419 0

Iby’ ingenzi mu bikubiye mu butumwa Papa Francis yageneye abatuye isi kuri uyu munsi wa ’Noheli’

Kuri uyu munsi wa noheli, abakiristu ku isi bibuka ivuka rya Yezu, umushumba mukuru wa kiliziya gatolika Papa Francis, yifurike abatuye isi amahoro, asaba ko intambara zishyingiye ku iterabwoba...
25 December 2016 1059 0

Donald yifurije Abanzi ndetse n’abamundwanyije umwaka mushya

Perezida Donald Trump uheruka gutorerwa gusimbura Brack Obama ku buyobozi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika yifurije umwaka mushya muhire wa 2017 abanzi be ndetse na bamwe mu bantu bamurwanyije...
1 January 2017 180 0

Melania Trump yibasiwe azira gusoma isengesho rya ‘Dawe uri mu Ijuru’

Abantu benshi bibasiye Umufasha wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump bamuziza ko yasomeye isengesho rya ‘Dawe uri mu Ijuru’ mu ruhame. Ku wa Gatandatu, Melania ari kumwe...
20 February 2017 4725 0

Amerika: Abatamenyekanye barekuriye urufaya rw’ amasasu mu kabyiniro bica 1 bakomeretsa benshi

Igipolisi cyo muri Leta ya Ohio muri Leta zunze ubumwe za Amerika kiravuga ko umuntu umwe yishwe abandi byibura cumi na bane bakomerekeye mu kurasana kwabereye mu mujyi wa Cincinnati. Igipolisi...
26 March 2017 1044 0

Umugore yarumwe n’ifi ya rutura ubwo bafataga amashusho ya Filimi y’urukozasoni(AMAFOTO)

Umukobwa ukina filimi z’urukozasoni(Pornogaraphy) yahuye n’ibyago mu ifatwa ry’amashusho, kuri ubu arashima Imana kuko atabuze akaguru ke. Iyi nkumi yitwa Molly Cavalli yariwe n’ifi ya rutura...
7 May 2017 12514 0

Reba urutonde rw’ibyamamare bigera kuri 25 byapfuye mu mwaka umwe gusa wa 2016(AMAFOTO)

Amezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2016, urupfu rwateye icyuho mu muziki, sinema na ruhago, rwisasiye ubuzima bw’ibyamamare byakundwaga n’umubare munini w’abatuye Isi basigarana agahinda. Iherezo...
8 May 2017 10514 0

RBC ntiyemeranya n’ abavuga ko iyo umukobwa aboneje urubyaro bimugiraho ingaruka zirimo kubyara atinze

Dr Sayinzoga Felix, ukuriye porogaramu y’ umubyeyi n’ umwana muri RBC Mu gihe hari bamwe mu bakobwa batinya kwitabira gahunda zo kuboneza urubyaro bavuga ko hari bagenzi babo bitabiriye izi...
14 May 2017 1181 0

Impfura ya Apotre Gitwaza yarangije amashuli yisumbuye muri Amerika mu gihe umuhererezi we yahanuriwe ko we azaba Perezida...

Apotre Dr. Paul Gitwaza uyobora Authentic Word Ministries n’itorero rya Zion Temple Celebration Center ku Isi, kuri ubu ngo atewe ishema n’impfura ye yasoje amashuri y’isumbuye muri Amerika, nyuma...
24 May 2017 5690 0

Ibyaranze tariki 20 Kamena mu mateka harimo ivuka ry’ icyamamare Frank Rampard

Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
20 June 2017 459 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180