Perezida Joe Biden n’uwo yasimbuye Donald Trump bateguye amakoraniro akomeye yo kurwanira amajwi mu kwiyamamaza mu matora yo kwinjira mu nteko ishingamategeko mu mitwe yombi.
Ejo ku Cyumweru,...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabye urukiko, nk’uko byagarutsweho n’ibinyamakuru bitandukanye byo hirya no hino ku Isi. Ni ubwa mbere mu mateka, umuntu wayoboye...
Burya abantu bagira uburyo butandukanye berekanamo urukundo bakundana, uyu musore we yahisemo kwambika impeta umukunzi we asinziriye kugirango amutungure.Umukobwa na we akangukira mu byishimo...
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
Apotre Dr. Paul Gitwaza uyobora Authentic Word Ministries n’itorero rya Zion Temple Celebration Center ku Isi, kuri ubu ngo atewe ishema n’impfura ye yasoje amashuri y’isumbuye muri Amerika, nyuma...
Dr Sayinzoga Felix, ukuriye porogaramu y’ umubyeyi n’ umwana muri RBC
Mu gihe hari bamwe mu bakobwa batinya kwitabira gahunda zo kuboneza urubyaro bavuga ko hari bagenzi babo bitabiriye izi...
Igipolisi cyo muri Leta ya Ohio muri Leta zunze ubumwe za Amerika kiravuga ko umuntu umwe yishwe abandi byibura cumi na bane bakomerekeye mu kurasana kwabereye mu mujyi wa Cincinnati.
Igipolisi...
Abantu benshi bibasiye Umufasha wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump bamuziza ko yasomeye isengesho rya ‘Dawe uri mu Ijuru’ mu ruhame.
Ku wa Gatandatu, Melania ari kumwe...
Perezida Donald Trump uheruka gutorerwa gusimbura Brack Obama ku buyobozi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika yifurije umwaka mushya muhire wa 2017 abanzi be ndetse na bamwe mu bantu bamurwanyije...
Kuri uyu munsi wa noheli, abakiristu ku isi bibuka ivuka rya Yezu, umushumba mukuru wa kiliziya gatolika Papa Francis, yifurike abatuye isi amahoro, asaba ko intambara zishyingiye ku iterabwoba...
Turi tariki ya 08 Nyakanga, ni umunsi w’ 189 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 176 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 08 mu mateka
1099:...
Muri Leta ya Florida imwe muri Leta zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika, umucuruzi w’ibiyobyabwenge, David Blackmon, ubu ari mu maboko ya polisi, nyuma y’uko ahamagaye polisi ayibwira ko ikigega cye...
Urutonde rw’abazahatanira ibihembo mu bitwaye neza mu muziki muri Amerika bizwi nka (American Music Awards) rwagiye ahagaragara. Abahanzi bakomeye ku isi nka Bruno Mars, Drake na Ed Sheeran ni...
Abahoze ari abaperezida ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakiriho bateraniye mu gitaramo cyo gushaka imfashanyo igenewe abagwiriwe n’ibiza by’imiyaga muri Amerika.Abaperezida bose batanu Barack...
Umuryango Mpuzamahanga uhuriwemo n’abashinzwe iby’umutekano ku isi, muri raporo yawo ya 2016 igaragara uko polisi z’ ibihugu zirushanya u Rwanda ruri ku mwanya wa 50 ku isi rukaba ku mwanya wa 2...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yarahiye arirenga avuga ko atari umunyamacakubiri, bibabaye nyuma yo kunegwa mu kuba yarakoresheje ijambo "umwanda" avuga ibihugu by’ Afurika....
Leta ya Zimbabwe yasabye umuhanga mu gushushanya kubafasha kuba igishushanyo/urwibutso cya Bob Marley ku kibuga cy’umupira cya Rufaro i Harare, aho Marley yacurangiye mu 1980, igihe icyo gihugu...
Umunyamideli witwa Karen McDougal yatangaje ko yamaze amezi 9 aryamana na Donald Trump mu ibanga ndetse yagerageza gutangaza aya makuru abakozi b’uyu perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika usanzwe...
Icyamamare mu gukina filimi Samuel L Jackson cyatutse bikomeye perezeda w’Amerika Donald Trump kubera ubutumwa aherutse gushyira kuri Tweeter ye avuga ko abarimu bo muri iki gihugu bakagombye...
Umuhanzi William Leonard Roberts II uzwi nka Rick Ross ukomoka muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika yari yishwe n’uburwayi bw’umutima Imana ikinga ukuboko mu ijoro ryo ku wa Kane.
Uyu muraperi...
Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIS) washyize hanze amashusho y’ukuntu wishe urashe abasirikare 4 b’abanyamerika muri Niger nyuma yo kubagota. Abasirikare ba USA birwanyeho uko bishoboka...