skol
Kigali

Search: Gender (3720)

Perezida Barrow yarahiriye kuyobora Gambia, umuhango witabiriwe n’ isinzi ry’ abantu

Perezida mushya wa Gambia Adama Barrow yarahiriye kuyobora iki gihugu, avuga ko agiye kugiteza imbere mu nzego zitandukanye. Umuhango w’ irahira rya Perezida Barrow, ryabereye kuri Sitade y’...
19 February 2017 1518 0

APR FC idafite Yannick irakina umukino ushobora kuyiraza ku mwanya wa mbere

Ikipe ya APR FC irakina umukino wayo w’ikirarane w’umunsi wa 16 n’Amagaju idafite umukinnyi wayo ngenderwaho mu ikibuga hagati Yannick Mukunzi. Ni umukino wakabaye warakinwe tariki ya 11...
21 February 2017 973 0

Ubuhamya bwa Mani Martin wiboneye iraswa ry’umubyinnyi muri Congo

Umuririmbyi Maniraruta Martin uzwi nka Mani Martin uherutse kwitabira iserukiramuco ’Amani Festival’ ryaberaga muri Congo, avuga ko yababajwe n’iraswa ry’umwe mu babyinnyi wari usanzwe ari inshuti ye...
21 February 2017 2659 0

Ibigwi by’abatoza 3 bagomba gutoranywamo umwe uzatoza Amavubi, umwe amaze imyaka 7 nta kipe afite

Batangiye ari abatoza 52, nyuma y’igihe gito 44 barasezerewe hasigaramo 8 gusa, no muri abo 8 kuri iki cyumweru tariki ya 19 Gashyantare FERWAFA yatangaje ko 5 basezerewe hasigayemo 3 gusa, abo...
21 February 2017 1980 0

"Rwatubyaye Abdul ni umukinnyi wa APR FC yatije mu ikipe yo muri Slovakia."Camarade

Umunyamabanga w’ikipe ya APR FC Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade yamaze gutangaza ko umukinnyi Rwatubyaye Abdul wasinyiye imyaka ibiri Rayon Sports ari umukinnyi wa APR FC yatije mu ikipe yo muri...
22 February 2017 3383 0

Umugeni wakoze ubukwe bw’idorali 1, yahaye inama abakobwa bashidukira abanyamafaranga

Umugore witwa Ann Mutura washyakanye na Wilson, bagakora ubukwe bwatwaye idorali rimwe mu gihugu cya Kenya, yavuze ko yakunzwe n’abagabo bafite amafaranga ndetse banamusabaga ko bakora ubukwe...
23 February 2017 5160 0

U Rwanda na Malawi basinyanye amasezerano yo guhererekanya imfungwa

U Rwanda n’ igihugu cya Malawi bashyize umukono ku masezerano y’ ubufatanye mu byerekeranye n’ amagereza no guhererekanya imfungwa. Mu isinywa ry’ aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe na...
24 February 2017 732 0

Afurika y’ Epfo: Imyigaragambyo yo kwamagana abimukira yahindutse imirwano

Abanya Afurika y’ Epfo bo mu mujyi wa Pretoria mu gihugu cy’ Afurika y’ Epfo bakoreye imyigaragambyo yo kwamagana abimukira bari muri icyo gihugu imbere ya Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu...
24 February 2017 1580 0

Umutoza Minnaert mu amagambo akakaye yibasiye ubuyobozi bwa APR FC n’abasifuzi

Umutoza mushya w’ikipe ya Mukura VS, umubiligi Ivan Minnaert yifatiye ku gahanga ububoyobozi bw’ikipe ya APR FC avuga ko babeshejweho no gutera ubwoba abo bahanganye, ndetse anavuga ko abasifuzi...
25 February 2017 3985 0

APR FC idafite zimwe mu inkingi za mwamba igiye gukina na Gicumbi FC

Ikipe ya APR FC irakina umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 17 wa shampiona idafite myugariro wayo ngenderwaho Herve Rugwiro ndetse n’umwe mu abakinnyi bakina hagati h’iyi kipe Djahdi Bizimana, gusa...
27 February 2017 1656 0

Komisiyo y’ abakozi ba Leta ngo yatahuye ko hari abakoresha bimura abakozi bagamije kubahima

Ubuyobozi bwa komisiyo y’igihugu y’abakozi ba Leta buravuga ko bwatahuye ko hari abakoresha bimura abakoreshwa hagamijwe kubahima nyamara kandi ngo bitemewe. Ibi byagarutsweho mu nama...
4 March 2017 1801 0

“Niba ugirirwa akarengane ntukavuge nta na rimwe kazakemuka” Depite Bazatoha

Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda, ukomoka mu ishyaka PSD Honorable Adolphe Bazatoha yasabye abaturage bagirirwa akarengane kujya bakaragaza kandi bakakagaragariza aho kabereye kuko...
4 March 2017 744 0

Karongi: Inzu bivugwa ko itari ishaje yagwiriye umucekecuru n’ umwuzukuru we barapfa

Mukarusine Valerie w’imyaka 60 n’umwuzukuru we Uwase wari ufite imyaka itanu, bari batuye mu Murenge wa Rubengera, akarere ka Karongi mu ijoro ryo kuru uyu wa 9 rishyira tariki 10 Werurwe 2016...
10 March 2017 726 0

Indirimbo za Ed Sheeran zegukanye imyanya 16 ku rutonde rw’indirimbo 20

Ed Sheeran, umuhanzi w’ubashywe mu bagezweho muri iyi minsi yandikishije amateka mu ruhando rwa muzika nyuma y’uko Album ye igurishijwe cyane kurusha izindi ndirimbo 500 zishyize hamwe. Uyu...
13 March 2017 581 0

‘Burya imitwe ya Politiki siyo ivuga politiki yonyine’ Senateri Rutaremara

Tito Rutaremara umwe mu ba senateri bagize Komisiyo ya poltiki n’ imiyoborere myiza avuga ko imitwe ya politiki(amashyaka ya politiki) atariyo ivuga politiki yonyine ahubwo n’ iyo idini rigize icyo...
15 March 2017 650 0

Minisiteri y’ uburezi yahagaritse amashami 3 muri Kaminuza ya Gitwe

Minisiteri y’ Uburezi MINEDUC yahagaritse amashami atatu muri atanu yigishirizwaga muri Kaminuza ya Gitwe iherere mu karere ka Ruhango. Ayo mashami yahagaritse ni “Bachelor of Medicine &...
16 March 2017 2978 0

Umuryango wa Cristiano Ronaldo witeguye kwibaruka abana bimpanga babahungu

Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, Cristiano Ronaldo, kurubu aritegura kwibaruka abana b’impanga ku mugore watewe intanga ngo amubyarire nyuma y’imfura ye na yo yabyawe muri ubwo...
18 March 2017 2523 0

London: Igitero cy’ abiyahuzi cyahitanye 5 abagera kuri 40 barakomereka

Abantu batanu barimo n’ umupolisi baguye mu gitero cy’ abiyahuzi cyagabwe imbere y’ inteko ishinga amategeko y’ u Bwongereza mu mujyi wa Londres kuri wa Gatatu tariki 22 Werurwe 2017. Icyo gitero...
22 March 2017 1721 0

Nyabugogo: Umusore yatewe icyuma mu mihogo bamujyana kwa muganga ari intere

Dukuzumuremyi Valens w’ imyaka 25 y’ amavuko utuye mu mudugudu wa Kamenge akagari ka Nyabugogo, umurenge wa Kigali ho mu karere ka Nyarugenge yatewe n’ abantu bamutera ibyuma mu mihogo bamusiga ari...
23 March 2017 4711 0

Akarere ka Musanze ntikemeranya n’abaturage bavuga ko bazitiwe n’imisoro mu iterambere ryabo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere ka Musanze, Bagirishya Peter Abaturage bo mu Mirenge ya Nkotsi na Kinigi yo mu karere ka Musanze bavuga ko basoreshwa imisoro ihanitse ku buryo ngo...
26 March 2017 736 0

Amerika: Abagore babiri babujijwe kurira indege kubera amapantalo abahambiriye

Sosiyete y’ indege yo muri Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika ryabujije abagore babiri gufata urugendo n’indege yayo kuberako bari bambaye amapantalo ahambira umubiri cyane azwi nka "collants". Ibya...
27 March 2017 3342 0

Igihe kirageze ngo umubano USA na Afurika ushingire ku cyerekezo cy’ Afurika – Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame, asanga ko igihe kigeze ngo umubano hagati w’ Amerika na Afurika uhinduke, aho ngo umubano ukwiye gushingira ku cyerekezo cya Afurika. Umukuru w’igihugu yabivugiye...
28 March 2017 1029 0

Hafashwe abangiza nkana utugabanyamuvuduko n’ abatadufite

Kuri uyu wa gatanu taliki ya 31 Werurwe, Polisi y’u Rwanda yerekanye zimwe mu modoka zafatiwe mu gikorwa cyo gufata izitarimo utugabanyamuvuduko, uturimo tutuzuye ndetse n’izirimo utwangijwe nkana...
1 April 2017 2138 0

Akayabo k’Amadorali Y’Amerika niyo agomba gukoreshwa mu myiteguro y’Impanga Beyonce agiye kwibaruka

Beyoncé Knowless aritegura kwibaruka impanga nyuma y’imfura ye y’umukobwa yabyaranye na Jay-Z ubwo hari muri 2012, hanyuma abyarirwa mu bitaro bya Lenox Hill Hospital biri mu Mujyi wa New York ari...
2 April 2017 2008 0

Gen. Mubaraka asanga abafite ingengabitekerezo ya jenoside bakwiye gusengerwa

Gen Mubaraka Muganga, Umuyobozi w’Ingabo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara y’Uburasirazuba,asanga abagifite ingengabitekerezo ya jenoside bakwiye gusengerwa bagaca ukubiri na yo kuko ku bwe bapfuye...
2 April 2017 2419 0

Casa Mbungo abona abasifuzi bakwiye gusubira muri amwe mu mategeko y’ibanze abagenga

Umutoza w’ikipe ya Sunrise FC Casa Mbungo Andre abona abasifuzi bo mu Rwanda bakwiye gusubira muri amwe mu mategeko abagenga y’ibanze cyane cyane atuma bavugana mu kibugana kuko muri iyi minsi...
3 April 2017 1004 0

Uganda: Abantu batandatu bakuriranyweho gutamba umwana w’ imyaka itatu

Polisi yo mu gihugu cya Uganda ,mu Karere ka Luweero iratangaza ko yataye muri yombi umugabo hamwe n’abaturanyi be 5 bakurikiranweho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana w’umuhungu w’imyaka 3...
3 April 2017 1745 0

Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco iri gutegura uburyo bushya bwo gutora ba Nyampinga w’u Rwanda bahereye ku...

Niyomugaba Jonathan avuga ko gutora Miss Rwanda bahereye ku murenge ariyo gahunda bafite Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco (RALC) iri gutegura uburyo bushya bwo gutora Nyampinga w’u Rwanda...
6 April 2017 579 0

Niba FPR ivuga ko ikundwa ntabwo yagakwiriye kugira ubwoba ku wundi muntu ushaka kwiyamamaza-Diane...

Diane Rwigara, umukobwa w’umunyemari Nyakwigendera Rwigara Assinapol yavuze ko ishyaka rya FPR rikwiye kutabangamira umukandinda wigenga ushaka kwiyamamaza mu gihe yujuje ibyangombwa byose asabwa...
1 July 2017 4703 0

Bosenibamwe Aimé wari ku gatebe mu myanya ya politiki, yahawe imirimo mishya

Bosenibamwe Aimé wahoze ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yongeye kugirirwa ikizere agirwa Umuyobozi Mukuru mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco. Ni ikigo gishya gishinzwe mu Rwanda...
1 July 2017 3052 0
0 | ... | 3420 | 3450 | 3480 | 3510 | 3540 | 3570 | 3600 | 3630 | 3660 | 3690