Perezida mushya wa Gambia Adama Barrow yarahiriye kuyobora iki gihugu, avuga ko agiye kugiteza imbere mu nzego zitandukanye.
Umuhango w’ irahira rya Perezida Barrow, ryabereye kuri Sitade y’...
Ikipe ya APR FC irakina umukino wayo w’ikirarane w’umunsi wa 16 n’Amagaju idafite umukinnyi wayo ngenderwaho mu ikibuga hagati Yannick Mukunzi.
Ni umukino wakabaye warakinwe tariki ya 11...
Umunyamabanga w’ikipe ya APR FC Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade yamaze gutangaza ko umukinnyi Rwatubyaye Abdul wasinyiye imyaka ibiri Rayon Sports ari umukinnyi wa APR FC yatije mu ikipe yo muri...
U Rwanda n’ igihugu cya Malawi bashyize umukono ku masezerano y’ ubufatanye mu byerekeranye n’ amagereza no guhererekanya imfungwa. Mu isinywa ry’ aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe na...
Abanya Afurika y’ Epfo bo mu mujyi wa Pretoria mu gihugu cy’ Afurika y’ Epfo bakoreye imyigaragambyo yo kwamagana abimukira bari muri icyo gihugu imbere ya Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu...
Umutoza mushya w’ikipe ya Mukura VS, umubiligi Ivan Minnaert yifatiye ku gahanga ububoyobozi bw’ikipe ya APR FC avuga ko babeshejweho no gutera ubwoba abo bahanganye, ndetse anavuga ko abasifuzi...
Ubuyobozi bwa komisiyo y’igihugu y’abakozi ba Leta buravuga ko bwatahuye ko hari abakoresha bimura abakoreshwa hagamijwe kubahima nyamara kandi ngo bitemewe.
Ibi byagarutsweho mu nama...
Mukarusine Valerie w’imyaka 60 n’umwuzukuru we Uwase wari ufite imyaka itanu, bari batuye mu Murenge wa Rubengera, akarere ka Karongi mu ijoro ryo kuru uyu wa 9 rishyira tariki 10 Werurwe 2016...
Ed Sheeran, umuhanzi w’ubashywe mu bagezweho muri iyi minsi yandikishije amateka mu ruhando rwa muzika nyuma y’uko Album ye igurishijwe cyane kurusha izindi ndirimbo 500 zishyize hamwe.
Uyu...
Tito Rutaremara umwe mu ba senateri bagize Komisiyo ya poltiki n’ imiyoborere myiza avuga ko imitwe ya politiki(amashyaka ya politiki) atariyo ivuga politiki yonyine ahubwo n’ iyo idini rigize icyo...
Minisiteri y’ Uburezi MINEDUC yahagaritse amashami atatu muri atanu yigishirizwaga muri Kaminuza ya Gitwe iherere mu karere ka Ruhango.
Ayo mashami yahagaritse ni “Bachelor of Medicine &...
Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, Cristiano Ronaldo, kurubu aritegura kwibaruka abana b’impanga ku mugore watewe intanga ngo amubyarire nyuma y’imfura ye na yo yabyawe muri ubwo...
Dukuzumuremyi Valens w’ imyaka 25 y’ amavuko utuye mu mudugudu wa Kamenge akagari ka Nyabugogo, umurenge wa Kigali ho mu karere ka Nyarugenge yatewe n’ abantu bamutera ibyuma mu mihogo bamusiga ari...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere ka Musanze, Bagirishya Peter
Abaturage bo mu Mirenge ya Nkotsi na Kinigi yo mu karere ka Musanze bavuga ko basoreshwa imisoro ihanitse ku buryo ngo...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame, asanga ko igihe kigeze ngo umubano hagati w’ Amerika na Afurika uhinduke, aho ngo umubano ukwiye gushingira ku cyerekezo cya Afurika.
Umukuru w’igihugu yabivugiye...
Beyoncé Knowless aritegura kwibaruka impanga nyuma y’imfura ye y’umukobwa yabyaranye na Jay-Z ubwo hari muri 2012, hanyuma abyarirwa mu bitaro bya Lenox Hill Hospital biri mu Mujyi wa New York ari...
Gen Mubaraka Muganga, Umuyobozi w’Ingabo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara y’Uburasirazuba,asanga abagifite ingengabitekerezo ya jenoside bakwiye gusengerwa bagaca ukubiri na yo kuko ku bwe bapfuye...
Umutoza w’ikipe ya Sunrise FC Casa Mbungo Andre abona abasifuzi bo mu Rwanda bakwiye gusubira muri amwe mu mategeko abagenga y’ibanze cyane cyane atuma bavugana mu kibugana kuko muri iyi minsi...
Polisi yo mu gihugu cya Uganda ,mu Karere ka Luweero iratangaza ko yataye muri yombi umugabo hamwe n’abaturanyi be 5 bakurikiranweho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana w’umuhungu w’imyaka 3...