Icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus cyagaragaye mu bigo by’amashuri bitatu byo mu Ntara y’Amajyepfo mu Turere twa Gisagara na Nyamagabe.
Umusore witwa Gisagara Yannick umaze kuba ikimenyabose mu Rwanda kubera uburwayi bw’ impyiko zombi, u Rwanda rubinyujije mu Kigo y’ igihugu gifasha abantu kujya kwivuriza mu bitaro byo mu mahanga,...
Abagore bo mu karere ha Huye n’ aka Gisagara baravuga ko kuba Leta y’ u Rwanda yarabageneye imyanya 30% mu nzego zifatirwamo ibyemezo bibafitiye akamaro. Barasaba abadepite batoye kuzahanira ko u...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yatangaje ko icyemezo cyo gushyira ibice bitandukanye by’Intara y’Amajyepfo muri gahunda ya ‘Guma mu Rugo’ cyafashwe mu rwego rwo...
Abahagarariye urubyiruko mu turere twa Gisagara,Huye,Nyabihu,Ngororero na Nyamagabe dukoreramo umushinga wa Never Again Rwanda witwa Inzira nziza batangaje ko urubyiruko bahagarariye rufite...
Umwunganizi w’Ihuriro ry’Abanyarwanda batuye mu Bufaransa (Communauté Rwandaise de France, CRF), Me Gisagara Richard, yavuze ko atanyuzwe n’ubusobanuro yahawe na Larouse yanenzweho kugira inyandiko...
Hashize iminsi abaturage bo mu karere ka Gisagara na Nyaruguru bugarijwe n’ ikibazo cy’ amabandi yitwaza intwaro ziganjemo iza gakondo yirara mu ngo zabo akabasahurira imitungo aya mabandi yamaze...
Igisonga cya gatatu cya Nyampinga w’u Rwanda, Queen Kalimpinya ku ikubitiro yatangiye umushinga we wo kugabanya imfu z’abagore bapfa babyara, ahera mu Karere ka Gisagara aho umuryango we ukomoka....
Munyankindi Abraham wo mu Karere ka Gisagara uherutse kubwira Igihugu cyose ko yifuza kuba mu bakire 10 ba mbere mu Rwanda yavuze ku bamuteye amabuye bavuga ko bidashoboka gusa ashimangira ko nta...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 10 Ukuboza 2020,abanduye Covid-19 i bashya ari 71 mu bipimo 3,673 byafashwe,barimo aba Kigali: 24, Rubavu: 15, Huye: 14, Rusizi: 8, Kayonza:...
Umukecuru Nyirangondo Esperancia utuye mu karere ka Gisagara umurenge wa Ndora ufite imyaka 87 uzwi ku izina (Ababakobwa bafite ubushyuhe n’abasore bafite ubushyuhe) agiye kujyana Dj Pius na Bruce...
Ahagana ku isaha ya saa saba z’igicamunsi zo kuri uyuwa Kane taliki ya 3 Ukwakira 2019, mu Karere ka Gisagara haguye imvura nyinshi ivanze n’ umuyaga isenya icumbi ry’ ishuri ’Ecole Secondaire de...
Nubwo italiki imikino ya Zone v izatangirira itaramenyekana ,ikipe y’igihugu imaze Ukwezi kurenga yitegura iyi mikino aho kuri uyu wa kabiri hahamagawe abakinnnyi 18 bagomba kuzakurwamo 14...
Abanyapolitiki icyenda barimo abo mu Mujyi wa Kigali no mu ntara zitandukanye bongerewe kuri 12 basanzwe bibukirwa ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero. Aba bose bishwe bazizwa kurwanya umugambi...
Madamu Mukanemeye Madeleine ( Mama Mukura),umaze kumenyekana kubera ukuntu yitabira imikino ya Mukura VS n’Amavubi kandi ari hafi kuzuza imyaka 100 yavuze ko yifuza guherekeza ikipe y’igihugu...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie Vianney,uri mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara y’Amajyepfo, yahaye umuganda abaturage 510 bahawe akazi aho bakora amaterasi kuri hegitari 5 mu...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Ngoma mu kagari ka Nyamirama yafashe uwitwa Kayigamba Valens w’ imyaka 35 akaba yari umuyobozi w’akagari ka Nyamirama mu murenge wa...
Mu minsi ishize nibwo imikino ya kamarampaka muri Volleyball yasubitswe bitewe n’ubusabe bw’amakipe, kuri ubu yongeye gusubukurwa, kuri uyu wa Gatandatu ibihangange biratangira kwesurana nk’uko...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Musha mu Karere ka Gisagara buravuga ko umudasso witwa Uwamahoro Aline ari mu maboko ya polisi akurikiranweho kujugunya uwo yibarutse mu bwiherero.
Ibi ngo byabaye ejo...
5 Job Positions of Sales Executives at Fenghao Electromechanical Co. Ltd
4 job positions of School – Based Mentor at The Pharo Foundation Rwanda Ltd
Rwanda Logistics Warehouses Operations...