Kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 05 Kamena 2020, kuri station ya polisi ya Remera, Polisi yerekanye abaturage 29, batawe muri yombi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19.Aba barimo abasanzwe bari...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 20 bafunzwe bazira kurenga ku mabwiriza ya Coronavirus, bakajya gushaka serivisi za sauna na massage muri Hotel Lebanon iherereye i Nyabisindu mu murenge wa...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko ibihe bibi u Rwanda n’isi yose bya coronavirus bitabuza Abanyarwanda kwibuka Abatutsi barenga miliyoni bazize jenoside yo mu mwaka wa 1994...
Abagabo n’abasore barindwi bakoraga mu mushinga wa Kivu Belt ucukura ‘Gaz Méthane’ mu Kiyaga cya Kivu bakoze urugendo rw’amaguru RWA KM 213 baturutse mu Karere ka Rubavu berekeza mu karere ka...
Umuryango wa MBARUSHIMANA Martin na Nirere Anne Marie utuye mu Ntara y’Amajyepfo, Akarere ka Nyaruguru, Umurenge wa Nyagisozi mu kagari ka Maraba mu mudugudu wa Bugarama,urarangisha uyu...
Kuva mu mpera z’icyumweru dusoje nibwo ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangiye gusenyera abaturage batuye mu bishanga bitandukanye byo muri uyu mujyi nyuma yo kuburirwa no kubashishikariza kwimuka...
Lucky Philip Dube ni we mucuranzi wagurishije muzika ye kurusha abandi muri Afurika, izina rye riracyibukwa n’abakunzi ba Reggae, urupfu rwe ku itariki ya 18/10/2007 rwashenguye imitima ya...
Myugariro David Luiz ukinira Arsenal wamaze kugera mu Bwongereza akubutse hano mu Rwanda, yirahiriye ibyiza yaboneye mu Rwanda cyane ibyo yaboneye mu Kinigi ho mu karere ka...
Myugariro David Luiz ukinira ikipe ya Arsenal yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yavuze ko yagiriye ibihe byiza ku butaka bw’u Rwanda atanga isezerano ry’uko agiye gusaba incuti ze...
Perezida Paul kagame yakiriye mu biro bye umukinnyi wakanyujijeho i Burayi, Didier Drogba, wari mu Rwanda mu nama y’ihuriro ry’urubyiruko rwa Afurika Youth Connekt Africa ya...
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Village Urugwiro myugariro w’ikipe ya Arsenal David Luiz uri mu ruzinduko mu Rwanda muri gahunda y’ubufatanye buri hagati y’iyi kipe yo mu Bwongereza na Arsenal...
Uwari muyobozi wa Korali Abarinzi ya ADEPR Gasave, Mushimiyimana Rachel,uherutse kugwa mu mpanuka yabaye ubwo iyi Korali yerekezaga mu murimo w’ivugabutumwa mu Majyepfo,yashyinguwe kuri uyu wa...
Umukobwa wo mu kagari ka Rugenge mu murenge wa Muhima mu mujyi wa Kigali yaturikanwe na Gaze ahita ajyanwa igitaraganya kwa muganga ubwo yari atetseku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri taliki ya...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 01/8/2019 saa tatu za mu gitondo (09h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Musilikare...
Ahagana ku isaa sita z’amanwa zo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 13 Nyakanga 2019, Agakiriro ka Kimironko gaherereye mu Kagari ka Bibare mu Karere ka Gasabo nako kafashwe n’inkongi...
Bamwe mu barokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, bo mu Murenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, barimo Nyiraneza Daphrose bavuga ko bazi abagiye babicira ababo muri...
Kuri uyu wa gatatu, abafana ba APR FC bibumbiye muri Fan Club ya Zone One boroje inka Nsengiyumva Edouard warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside rwo...
Mu kagali ka Nzove mu murenge wa Kanyinya,muri Rulindo harasiwe umugabo washatse gucika abashinzwe umutekano ubwo yari kumwe na bagenzi be batatu bari bambaye imyenda ya gisirikare bavuye kwiba...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri taiki ya 19 Werurwe 2019,umugabo wari mu gikorwa cyo kwiba witwa Deo Dusengimana w’imyaka 31 yarashwe ubwo yageragezaga kurwanya polisi yari yitabajwe n’umufasha...
Kimwe n’izindi nyubako ndetse n’ibikorwa biherereye mu bishanga hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, ikigo cya APABENA cyafashaga abana batishoboye cyubatse ahazwi nko ku Kinamba mu Murenge wa Kacyiru...
Umubyeyi w’abana 3 witwa Mukankusi Nadine yatangaje ko aba bana bose yabyaye nta numwe wavukiye kwa muganga cyangwa mu nzu kuko bose ababyarira muri ruhurura.
Abahanga mu gusobanura Filimi mu Rwanda bakunzwe cyane barimo Rocky Kirabiranya na Junior banyomoje amakuru yavugaga ko biba filimi zo mu mahanga bakazisobanura mu Kinyarwanda nta burenganzira...
Abahoze ari abayobozi ba ADEPR 12 bari Bishop Tom Rwagasana na Bishop Sibomana Jean kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ukwakira 2018 bitabye urukiko ngo bisobanure ku byaha bakurikiranyweho birimo...
Kuri uyu wa 18 Ukwakira, hibukwa umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Reggae, Lucky Philip Dube wishwe mu 2007.
Lucky Philip Dube, wakunze kwitwa Lucky Dube, ni umuririmbyi ukomoka mu gihugu cya...