Impuzamashyirahamwe y’imikino Ngororamubiri ku isi (IAAF) yanze gukuriraho ibihano Uburusiya byo kwitabira imikino mpuzamahanga nyuma y’inama yabereye I London mu Bwongereza ku munsi w’ejo taliki...
Kuri uyu wa 1 Kanama 2017 ni bwo umunyamideli ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya Wema Sepetu yongeye kugera imbere y’urukiko rwa Kisutu yiregura ku byaha we na bagenzi be bakurikiranyweho byo...
Polisi y’u Rwanda iragira inama abishora mu biyobyabwenge; ni ukuvuga ababyinjiza mu gihugu, ababitunda, ababinywa n’ababikoresha kubireka kubera ko, usibye kuba ari icyaha bibateza igihombo...
Mu ijoro ryo ku itariki ya 2 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abaturage yafatiye mu murenge wa Nduba akarere ka Gasabo abasore 3 binjizaga urumogi mu mujyi wa Kigali.
Abafashwe ni...
Mu gitondo cyo ku wa 29 Ukuboza umwaka ushize, Polisi mu karere ka Gatsibo yafashe uwitwa Uwimbabazi Aline ahekeye umwana we w’amezi agera kuri atandatu y’amavuko hejuru y’amasashi 120 y’inzoga...
Ku wa 26 Mutarama uyu mwaka, Polisi mu karere ka Rulindo yafatiye mu modoka abagabo babiri bicariye urumogi nk’uburyo bwo kurukwirakwiza; bakaba barakoresheje aya mayeri bibwira ko nta wubatahura;...
Ku cyumweru tariki ya 4 Gashyantare, abantu 14 bo mu turere twa Huye na Gisagara, bafashwe na Polisi y’u Rwanda mu bikorwa bitandukanye byo kurwanya ikorwa n’icuruzwa ry’inzoga zitemewe zizwi ku...
Umusore witwa Bimenyimana Reverien w’imyaka 28 mu kagari ka Kagano Umurenge wa Kitabi yafashwe na polisi y’ u Rwanda yihambiriye ku mubiri we ibiro 10 by’urumogi arenzaho...
Umunyamideri w’ icyamamare muri Leta zunze ubumwe za Amerika Kim Kardashian yasabye Perezida w’ iki gihugu Donald Trump kubabarira umukecuru Alice Marie Johnson umaze igihe afungiye ibyaha...
Perezida wa USA Donald Trump yishimiwe n’Abanyamerika benshi kubera ko yarekuye umugore witwa Alice Marie Johnson wakatiwe igihano cy’urupfu mu mwaka wa 1995 azira gucuruza ibiyobyabwenge,akaza...
Umugenzi wari mu modoka yavaga mu karere ka Karongi yerekeza mu mujyi wa Kigali yatanze amakuru y’umusore wari utwaye urumogi, bituma afatwa na Polisi yo muri ako...
Umuyobozi w’ ikigo cy’ ishuri ryo mu karere ka Karongi Ntagara Serge yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa urumogi, avuga ko atari aziko atwaye urumogi ngo yari yabwiwe ko ari isambaza...
Ubutembere mu bihugu bitandukanye ni kimwe mu bishimisha abatari bake bitewe nuko bituma bamenya uko ibindi bihugu bihagaze mu iterambere gusa ibi akaba ari ibihugu 10 bya mbere ku isi bihoramo...
Umuraperi nyarwanda Manzi Patrick uzwi ku izina rya Generous 44 na mugenzi we baririmbana mu itsinda rimwe rya Thug Nation Mirabyo The Warren bari mu maboko ya Polisi bashinjwa kunywa...
Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani ari hafi kuzuza umwaka asohotse mu gereza nyuma yo kurangiza igifungo cy’umwaka umwe yari yarakatiwe kubera gukoresha...
Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani ari hafi kuzuza umwaka asohotse mu gereza nyuma yo kurangiza igifungo cy’umwaka umwe yari yarakatiwe kubera gukoresha ibiyobyabwenge yibasiye mugenzi we uzwi nka...
Umuraperikazi nyarwanda Uzamberumwana Pacifique uzwi ku izina rya Oda Paccy yasubije Bamporiki Edouard wamwambuye ’UBUTORE’ uherutse no kuvuga ko adashobora kumusaba imbabazi ku cyemezo...
Mu bushakashatsi bwakorewe mu baturage b’Ubwongereza na Wales bwagaragaje ko abagore benshi bakunze kwicwa na kanseri ari abadafite abana ndetse n’abatabyara kuko babona umwanya wo kwishora mu...
Umugabo witwa Jean Claude Ndayisaba w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Kigarama, Akagari ka Kigarama, Umudugudu wa Mataba, mu karere ka Kicukiro, yashwanye n’umugore we amubuze ngo amunigishe umushipiri...
Inama yahuzaga abaturage bo mu gace ka Molo,yiga ku kibazo cyo kwiyongera kw’icuruzwa ry’ibiyobyabwenge yahagaze bitunguranye ubwo Depite Kuria Kimani unahagarariye aka gace mu nteko Ishinga...
Kuri uyu wa 04 Ukuboza 2019 Umuhanzi Hagenimana Jean Paul uzwi nka Bushali na Slum Drip bombi babarizwa muri Labor ya Green Ferry na mugenzi wabo ‘Uwizeye Carine’ bari bafunganywe bakurikiranyweho...