Nyuma y’aho ikipe ya AS Kigali imaze iminsi igura abakinnyi batandukanye,kuri ubu yamaze no kwerekeza mu bafana aho yatangiriye kuri Ngenzahimana Bosco uzwi cyane ku izina rya Rwarutabura, wari...
Dr Alexis Nzahabwanimana wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwa remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu yavuze ko yizeye ubushobozi bwa Eng Uwihanganye Jean de Dieu wamusimbuye kuri...
Umuhanzikazi Young Grace w’urubavu ruto akaba imfura mu muryango w’abana batatu, yatangaje ko amaze umwaka urenga ari mu munyenga w’urukundo n’umuzungu banateganya kurushinga.
Abayisenga Marie...
Nyuma yo kubaho ubuzima bw’amakuba kw’isi, igihe cyarageze burarangira nitaba Imana. Ikintu cya mbere nibuka ni uko nisanze nicaye ku ntebe mu cyumba bategererezamo gisa n’icyumba cy’urukiko. Inzugi...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 kanama 2017 Ababyeyi babyukiye ku murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba bagiye gukorera ubuvugizi mugenzi wabo wakubiswe n’umupolisi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo yibarutse umwana w’imfura w’umuhungu k’umusore w’umukinnyi Ndanda Alphonse bivugwa ko ariwe wayimuteye.
Anita Pendo ni umwe...
Umunya Irlande w’imyaka 29 Conor Mcgregor yatangaje ko yiteguye kwigaranzura Floyd Mayweather mu murwano uzabahuza mu rukererera rwo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Kanama uyu mwaka umurwano...
Umuririmbyi Safi Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys yatangaje ko kuba yaratandukanye na Knowless Butera atabyicuza ahubwo ko yishimira intera uyu mugore agezeho.
Yavuze ko yishimira igihe...
Kuri uyu wa 15 Kanama 2017, ahagana saa sita n’iminota mike nibwo Perezida Abdel Fattah el-Sisi wa Misiri yageze ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Gisozi yunamira inzirakarengane...
Umuririmbyi, umuramyi ukomeye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yatangaje ko atajya acibwa intege n’inkuru z’urudaca zimwandikaho mu itangazamakuru umunsi ku wundi.
Aline ukunze...
Ngabo Medard Jobert wihaye akabyiniriro ka Meddy nk’umunyamuziki, yavukiye i Bujumbura mu Burundi, taliki ya 7 Kanama 1989. Ni umuhanzi nyarwanda umaze kubaka izina mu buryo bukomeye mu njyana ya...
Umuririmbyi Muneza Christopher wamamaye nka Christopher muri muzika nyarwanda yahakanye yivuye inyuma ifoto yari imaze iminsi izengurutswa ku mbuga nkoranyambaga yamenyeshaga ibyerekeye ubukwe...
Turi ku wa Gatandatu tariki ya 05 Kanama, ni umunsi wa 217 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 148 niyo isigaye ngo ugere ku musozo, iyi tariki imaze kuba ari ku wa gatandatu inshuro 56....
Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa karindwi mu Rwanda ryasohoye itangazo rigaragaza ko batemera ibyakozwe n’uwasezeranyije Umutare Gaby n’umukunzi we baherutse kurushinga.
Ibi bitangajwe nyuma...
Umuhanzikazi Uzamberumwana Pacifique wamenyekanye ku izina rya Oda Paccy ni umwe mu baraperikazi bakunzwe cyane mu Rwanda kubera ubuhanga agaragaza mu miririmbire ye ndetse n’amafoto akunda...
Mu minsi ishize nibwo umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Bwana Gacinya Dennis yatangarije Radio 10 ko Karekezi Olivier ariwe mutoza mushya wa Rayon Sports ibintu byakuruye umwuka mubi muri iyi kipe...
Christopher Muneza uri mu bahanzi bari kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi, avuga ko yakuye isomo rikomeye kuri Mariya Yohani bahuriye mu bikorwa byo kwamamaza Paul Kagame uhatanira kuyobora u...
Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melody atangazwa n’urwego agezeho kuva yatangira gukora muzika yihebeye, bishimangirwa no kuba asigaye yicara mu mwanya w’icyubahiro iyo ari mu ndege yerekeza mu...
Kuri uyu wa Kane tariki 20 Nyakanga 2017 ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gucicikana inkuru ivugako Oda Paccy yaba yarambuye ababyinnyi bamubyiniye muri PGGSS7 ndetse banamwita umwambuzi...