Umwami Charles III w’Ubwongereza yakoze indahiro y’iyimikwa rye mu rusengero rwa Westminster Abbey, mu iyimikwa rya mbere ribayeho mu myaka 70, ari kumwe n’Umwamikazi...
Perezida wa Tanzania John Magufuli yaburiye abagize guverinoma nshya kwirinda "indwara idasanzwe" yateye yo gutangaza ubutumwa bw’ibanga bw’akazi mu matsinda yo kuri...
Abakoresha imbuga nkoranyambaga na bamwe mu banyamakuru, basanishije ubutumwa perezida Kagame yaraye atanze mu nteko ishinga amategeko ubwo yakiraga indahiro za bamwe mu baminisitiri bashya...
Kuri uyu wa 18 Ukwakira ubwo Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yakiraga indahiro z’abaminisitiri binjiye muri guverinoma , yashimiye abayobozi bashya , anababwira ko abitezeho...
Umunyamakuru wari umaze kuba icyamamare mu kogeza umupira w’amaguru kuri Radio 1 Rutamu Elia uzwi nka Elie Joe yavuze ko nyuma y’igikombe cy’isi agomba guhagarika aka kazi nyuma yo guhamwa...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2017, muri sitade Kasarani yo mu gihugu cya Kenya habereye umuhango wo kurahiza Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta. Amakuru aturuka muri icyo gihugu aravuga...
Perezida Kagame yakiriye indahiro za Dr Nsanzimana Sabin, Minisitiri w’Ubuzima na Dr Butera Yvan, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima.
Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 30 Ugushyingo,mu...
Umubyeyi w’abana batatu ari mu gahinda nyuma yo gufatwa ku ngufu n’abagizi ba nabi bategera abantu mu gace ko mu Kagari ka Rungu mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, none ubu atwite inda...
Kuri uyu wa 25 Mutarama 2022,Perezida Paul Kagame yavuze ko ubutabera ari imwe mu nkingi u Rwanda rushingiraho ndetse ko ari umusingi w’iterambere ryacyo.
Ibi yabivuze mu muhango wo kwakira...
Ku wa 12 Nzeri uyu mwaka muri Village urugwiro habereye inama y’abaminisitiri yari iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yasabye ba Minisitiri bose n’abanyamabanga ba Leta...
Umuyobozi w’akarere ka Ngoma Nambaje Aphrodise yakiriye indahiro z’abayobozi bashya b’imirenge 3 yo mu muri aka karere, abasaba gukorera mu mucyo no kurangwa n’ubwitange mu gitondo cyo kuwa 10...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yaraye aganiriye kuri uyu wa Kane na Andrei Troshev usigaye ayobora umutwe w’abacanshuro wa Wagner umaze igihe ufasha u Burusiya mu ntambara burimo muri...
Rev Pastor Karangwa John yandikiye umuyobozi we Ndayizeye Isaie amumenyesha ko ibaruwa yamwandikiye amwambura inshingano yayibonye ariko ko nta bushobozi afite bwo kumwambura...
Abari abana mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi, barokokeye mu Bitaro bya Kibuye bavuga ko muri ibi bibataro hiciwe bagenzi babo benshi bigizwemo uruhare na bamwe mu baganga...
Marc Anthony wamenyekanye nk’umuhanzi w’umuhanga ndetse ufite n’ubuhanga mu kwandika indirimbo yashatse umugore wa kane, Nadia Ferreira, arusha imyaka 31 nyuma y’uko atandukanye na Jennifer...