Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo yaherekeje Perezida wa Mozambique wasuye ingoro ndangamurage y’ u Rwanda iherereye mu karere ka Nyanza amwereka amateka y’ u Rwanda...
Pastor Zigirinshuti Michel ni umwe mu bapasiteri bakunzwe cyane muri ADEPR no mu zindi nsengero abwirizamo ijambo ry’Imana. Yahoze akuriye ivugabutumwa muri ADEPR, nyuma aza guhagarikwa. Kuri ubu...
Abahanzi barimo Jose Chameleone ,Palasso ,Weasel ndetse na Big Fizzo bageze mu Rwanda gushyigikira umuhanzi Dj Pius mu gitaramo cye cyo kumurika Album ye hanze yise...
Social Mula yavuze ko abantu bavuga ko yashishuye indirimbo ye ‘Ma Vie’ kuri ‘Smile For Me’ ya Simi ko babeshya kandi ko iriya ndirimbo ari umwimerere we.
Rwanda Inspiration Back Up itegura irushanwa rya Miss Rwanda yashyize hanze itangazo rimenyesha abakobwa bifuza guhatanira rino kamba mu mwaka wa 2019 harimo no kuba umukobwa wese uzaryitabira...
Umubyeyi witwa Uwimana Chantal ubyara Nyampinga w’u Rwanda 2018,Iradukunda Liliane ari mu gahinda kenshi ko kuba adaheruka kubona umwana we baheruka kuvugana nyuma yo gutangazwa ko yabaye...
Muri iki gitondo tariki ya 8 Mutarama 2019 abakinnyi b’ikipe ya Gicumbi FC bigaragambije banga gukora imyitozo kubera ubuzima bubi babayemo burimo no kuba bamaze amezi 2 batazi uko umushahara...
Abanya Canada barimo umudepite witwa Eve Torees na Jean Claude Aimé Kumuyange baraye bageze mu Rwanda baje guhura na Mwiseneza Josiane kugira ngo batere inkunga umushinga...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandaru tariki 30 Werurwe 2019, Junior Multisystem ukora indirimbo mu buryo bw’amajwi, yakoze impanuka ikomeye ubwo imodoka ya gisirikare yamugongaga ari kugenda...
Abanyarwanda 11 bashimuswe n’abavugwa ko ari abakozi b’Urwego rw’Ubutasi mu Gisirikare cya Uganda (CMI) hafi y’umupaka wa Kagitumba ku ruhande rwa Uganda (Mirama...
Umuhanzi Joseph Mayanja cyangwa se Jose Chameleone, yifatanyije n’abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 25 abazize Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 ndetse anabasabira iruhuko...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Gicurasi 2019 ni bwo mu mujyi wa Kigali hashakishwaga abantu 30 bagomba guhagararira u Rwanda mu marushanwa ya East Africa’s Got Talent agomba kuzabera mu mujyi wa...
Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Mihigo Enias[Madjima], yatawe muri yombi nyuma yo guterera ivi mu isoko I Dubai agasaba umukunzi we Ingabire Gloria ko yazamubera...
Mu rukerera rwo ku wa 24 Kanama 2019 impundu zavuze urwunge iwabo wa Young Grace n’umusore babyaranye umwana baherutse kwibaruka bataziriye akazina ka...
Umunyarwenya Patrick Salvador wo muri Uganda yanenzwe ndetse anasabwa gusaba imbabazi nyuma y’aho akoreshereje ijambo “Jenoside” mu rwenya yateraga agaruka ku bijyanye n’ingendo z’indege mu bihugu...
Igitaramo ‘Ikirenga mu Bahanzi’ ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda ndetse no mu mahanga, kizajya kiba...