Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batatu rufungiye kuri Sitasiyo zarwo zitandukanye zo mu karere ka Gasabo, aho bakurikiranweho "gukinisha abana...
Nkeshimana Celestin w’imyaka 58, wari usanzwe ari umunyerondo , mu rukerera rwo kuwa gatatu tariki ya 28 Kamena 2023 yishwe n’abagizi ba nabi bamuteye ibuye.
Ku munsi w’ejo tariki ya 28 Kamena niwo wari umunsi wanyuma wo gusezera Nyakwigendera Pastor Theogene , ni umuhango witabiriwe n’abantu ibihumbi bose bamusabira ijuru.
Yesu aramubwira ati “Ni...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Kamena 2023, nibwo ku kiraro cya Nyabugogo gitandukanya Umurenge wa Kimisagara n’uwa Gatsata hagaragaye umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 25...
Umusore wo mu Kagari ka Nyarurama mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro, yatahanye umukobwa bagombaga kurarana maze apfira iwe, ahita yishyikiriza Urwego rw’Ubugenzacyaha,...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 11 Mata 2023, nibwo habaye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, abayirokotse bo ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, barashima Inkotanyi...
Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG).
Kuri...
Perezida w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis "Général", yasuye abafana ba Kiyovu Sports batawe muri yombi.
Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mutarama 2023, ni bwo Urwego rw’Igihugu...
John Williams Ntwali, umwe mu banyamakuru bazwi mu Rwanda,yapfuye kuwa kabiri w’iki cyumweru bimenyekana kuwa kane, nk’uko abagize umuryango we babitangaje.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ishami...
Ku Mugoroba wo kuri iki cy’umweru tariki ya 15 Mutarama 2023 umugabo witwa Ringuyeneza Jean Bosco w’imyaka 28 y’amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Gikingo ,AKagari ka Bweramvura mu Murenge wa Jabana...
Kuri uyu wa Gatatu ni bwo bwa mbere abakozi bagiye ku kazi nyuma y’uko Inama y’abaminisitiri ifashe icyemezo ko kuva muri 2023 amasaha y’akazi azava kuri 45 akaba 40 kandi akazi kagatangira saa tatu...
Ahagana saa sita z’amanywa yo kuri uyu wa gatandatu nibwo umuturage ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yapfiriye muri Restaurant iherereye mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka...
Imodoka itwara abagenzi ya kompanyi ya Royal Express yavaga muri gare ya Nyanza ya Kicukiro yacitse feri igonga imodoka ebyiri ntoya na moto, abantu babiri bahita bahasiga ubuzima.
Ahagana saa...
Amazi y’imvura yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu mu Mujyi wa Kigali yatwaye umumotari Kimisagara arapfa, ni nyuma yo gushaka kuramira moto ye yari atembanye.
Imvura nyinshi yaraye iguye...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2022 mu masaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ku muhanda uva ahazwi nko kwa Rwahama ugana ku Mushumba mwiza mu murenge wa Remera, mu Karere ka Gasabo,...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ukwakira 2023,nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku bana batatu bavukana, bishwe n‘impanuka y’ikamyo yo mu bwoko bwa HOWO yabereye ku Muhima ku Cyumweru,...
Hapfuye abantu batandatu, abandi bane barakomereka mu mpanuka yabereye mu muhanda uva Yamaha werekeza ku Kinamba mu Karere ka Nyarugenge kuri iki Cyumweru, tariki 23 Ukwakira.
Umuvugizi...
Miss Umutoni Balbine wabaye igisonga cya kane cya Nyampinga w’u Rwanda 2015 yasabwe anakobwa na Kwitonda Arsène bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo.
Mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gikondo mu Kagari ka Kanserege haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 59 wagiye kurarana ni inkumu mu icumbi(Lodge) ariko nyuma bakaza kumusanga yapfuye ndetse niyo...