Ikibazo cy’abagore bari kuruma imyanya y’ibanga y’abagabo babo gikomeje gufata indi ntera mu Rwanda kuko no mu karere ka Kamonyi havugwa umugore warumye udusabo tw’intanga [amabya] tw’umugabo...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangaje ko bwafashe Ntigurirwa Daniel wari umaze amasaha ashakishwa nyuma yo kuburirwa irengero bikekwa ko yishe umugore we amukubise isuka mu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Nzeri Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi kubufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze n’abaturage bafashe itsinda ry’abantu 12 bacyekwaho gutega abaturage...
Ikamyo ifite ibirango byo muri Uganda yerekezaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yataye umuhanda igeze mu Kagari ka Karengera mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi, igonga...
Mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Ngamba umugabo ukekwaho kwica umugore we amukubise ifuni nawe agahita yiyahura yasize urwandiko rusobanuro icyamuteye gukora ayo...
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda iravuga ko kuri uyu wa Gatatu mu Karere ka Kamonyi mu murenge wa Gacurabwenge habereye impanuka yo mu muhanda ikanganye ariko ntihagira...
Amashusho adasanzwe yagaragaje inkangu itengura ubutaka n’imyaka mu murenge wa Nyarubaka, mu karere ka Kamonyi,gusa igitangaje nuko nta mvura yarimo kugwa.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 02 Ukwakira 2017 abayobozi batandatu bo mu Karere ka Kamonyi beguriye icyarimwe ku mpamvu bavuga ko ari izabo.
Ibi bije nyuma y’igenzura rimaze iminsi...
Kuri uyu wa Kane,Taliki ya 17 Mutarama 2019, mu karere ka Kamonyi ahazwi nko ku Mugomero, impanuka ikomeye yabereye aho ikamyo y’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi (RAB) yagonganye n’imodoka itwara...
Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Mutarama 2019, mu mudugudu wa Rubumba mu kagari ka Ruyenzi ko mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi, habereye intambara ikomeye y’abantu...
Mu masaha ya mugitondo cyo kuwa Gatandatu tariki 15 Kamena 2019, nibwo abaturage bo mu mudugudu wa Gihembe, mu kagari ka Buhoro ho mu murenge wa Musambira mu karere ka Kamonyi, babyutse babikirwa...
Abana barindwi bava inda imwe batuye mu mudugudu wa Kabasanza,akagari ka Gihara,mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi,baravuga ko babayeho ubuzima bushririye nyuma y;aho nyina abataye mu nzu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 23 Kanama 2019,imodoka yo mu bwoko bwa Hiace yagonze ikamyo itwara umucanga izwi nka HOHO iyiturutse inyuma, mu murenge wa Gacurabwenge hafi y’ibiro...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 13 Gashyantare 2020, mu muhanda Kigali-Akanyaru, mu Murenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye, aho imodoka itwara abagenzi ya...
Abantu Batatu bafungiye mu karere ka Kamonyi nyuma y’aho Polisi y’u Rwanda ikorera muri ako karere ibatesheje bari bagiye kwiba mu iduka ry’umucuruzi wo mu murenge wa Rugalika mu kagari ka Sheri mu...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Mata 2020,Umusore witwa Hakizimana Jean Dieu wo mu karere ka Kamonyi basanze amanitse mu mugozi mu bushorishori bw’igiti cy’inturusu aho bikekwa ko...
Ushinzwe amasomo (préfet des études) ku ishuri ryisumbuye mu karere ka Kamonyi mu majyepfo y’u Rwanda,Olivier Umuhire,yavuze ko kuba atazi igihe amashuri azongera gufungurirwa aribyo byatumye...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Ukuboza yafashe Uwizeyimana Samuel w’imyaka 21,Tuyishimire Jean de Dieu w’imyaka 21,...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 05 Ukuboza, Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Mugina, yafatiye muri Resitora uwitwa Nyandwi Martin w’imyaka 45 afite amafaranga y’u Rwanda inoti 143...
Mu ijoro ryakeye abajura babiri bagiye kwiba ihene mu rugo rw’umuturage mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, batema abanyerondo bari batabaye umwe muri bo arirukanka ari gucika yitura...
Mu ijoro rya tariki ya 31 Werurwe ahagana saa tatu za nijoro abapolisi bafashe uwitwa Nsengiyumva Jean Claude w’imyaka 24 arimo gukura ibyuma muri moto imwe abishyira mu yindi. Moto ifite...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Mata 2022 ,ku Kamonyi mu Murenge wa Gacurabwenge mu gace ka Nkoto habereye impanuka y’imodoka nyinshi ikomerekeyemo bantu 14...
Umuyobozi w’Ishuri rya Saint Ignace riherereye mu Murenge wa Mugina, mu Karere ka Kamonyi, arashinjwa gukubita abanyeshuri akoresheje ingufu bikabaviramo...