Uwase Liliane, umukunzi mushya w’umuraperi Ama G The Black ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko inshuti n’abavandimwe bamukoreye ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka Bridal Shower.
Uyu muhango...
Ikipe ya Rayon Sports izakina na Police FC ku munsi w’ejo idafite abakinnyi bayo ngenderwaho barimo Kwizera Pierro na Nahimana Shassir bari mu ikipe y’igihugu y’Uburundi iri mu mikino ya CECAFA....
Mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa kane tariki ya 7 Ukuboza, ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryakoze umukwabu wo kurwanya ruswa mu bashoferi, mu gihugu hose hakaba...
Rutahizamu ukomeye w’umuyapani Keisuke Honda wamenyekanye ubwo yakinaga mu ikipe ya AC Milan yatangje ko agiye gufasha abana baba ku mihanda bo mu Rwanda bafite inzozi zo gukina ruhago.
Uyu...
Kuri iki Cyumweru tariki 3 Ukuboza 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame bitabiriye siporo rusange ngarukakwezi mu mihanda itarangwamo ibinyabizi.
Iyi siporo iba...
Ikirezi Sandrine wambaye ikamba rya Nyampinga wa kaminuza ya CBE [yahoze ari SFB] muri 2016 n’umukunzi we, Kamugisha George bamaze gutangaza itariki y’ubukwe bwabo nyuma yo gusezerana mu mategeko....
• Rayon Sports inganyije na Mukura VS 0-0
• Rayon Sports yazanye abakinnyi bake ku kibuga
• Lomami Marcel ntiyashoboye gutsinda umukino wa mbere nk’umutoza mukuru
• AS Kigali yatsinze bigoranye...
Umwe mu byanzuro wafatiwe mu nama y’ abaminisitiri yateranye tariki 8 Ugushyingo 2017 ni iteka rya Minisitiri w’ intebe ryirukana mu kazi abacungagereza 36.
Umuvugizi w’ urwego rw’ igihugu...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Black uri mu myiteguro y’ubukwe n’umukunzi mushya Uwase Liliane, yamaze gutangaza ko yicuza igihe cyose yamaranye n’umugore wa mbere ntasezerano....
Perezida wa Repubulika Paul Kagame aributsa abanyarwanda ko imbaraga zabo ari izibanze mu guteza igihugu imbere batarambirije ku nkunga z’amahanga gusa. Ibi yabitangaje ubwo yifatanyaga n’abaturage...
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko atari kureka ngo Bizimungu Ally wa Bugesera FC akubite Nahimana Shassir kandi ari umukinnyi we byatumye amusanga aho yari ahagaze ibyari umupira...
Higiro Jackson na Gatabazi Robert bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Ririma, mu karere ka Bugesera nyuma y’aho Polisi ibafatanye Miliyoni n’ibihumbi 40 by’amafaranga y’u Rwanda bakekwa kuba bari...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Am G The Black yemeje bidasubirwaho ko yatandukanye n’umugore wa mbere bari bafitanye umwanya w’imfura, anagenera ubutumwa undi mugore wa kabiri bari kubana...
Akarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%....
Umukinnyi Hakizimana Muhadjiri ukinira ikipe ya APR FC ntiyagaragaye ku myitozo yo ku munsi w’ejo taliki 05 Nzeri uyu mwaka kubera ikibazo cy’uburwayi bwo mu nda yari afite.
Amakuru dukesha...
Kuri uyu wa 6 Ukwakira 2017 nibwo hateganyijwe gahunda yo kumurika ibyavuye mu isuzuma ry’ imihigo 2016/17. Ninabwo kandi abayobozi b’ uturere bazongera bagahigira imbere ya Perezida w’ u Rwanda...
Samuel Mana ufite ibiro by’ivunjisha mu Mujyi wa Kigali rwagati akaba umubyeyi wa Nyampinga w’u Rwanda 2017, Iradukunda Elsa, yatangaje ko umukobwa we ntatambikwa ikamba rya Miss World 2017...