Kuri uyu wa mbere, uhagarariye abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Moise Katumbi, yatangije ku mugaragaro ibikorwa bye byo kwiyamamariza kuba perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ahereye i...
Senateri muri Amerika Mitt Romney wigeze kwiyamamariza kuba Perezida, yasabye Donald Trump na Joe Biden "kwigirayo" bagaha umwanya igisekuru (ikiragano) gishya...
Perezida wa Sénégal Macky Sall yasabye ko habaho ubumwe ubwo yari mu biro bye mu murwa mukuru Dakar imbere y’abamushyigikiye, avuga ko ku wa mbere azatangaza niba aziyamamariza manda ya gatatu mu...
Bola Tinubu w’imyaka 71 yarahiriye kuba perezida mushya wa Nigeria nyuma yo gutsinda amatora yabayemo guhatana kurusha andi yose muri icyo gihugu kuva havaho ubutegetsi bwa gisirikare mu 1999....
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo kwinjira mu muriro utazima . byavuzwe na Donald Trump mu ijambo yavuze amaze guhakana ko nta mpapuro zijyanye n’umutungu we yahinduye agamije gusibanganya...
Donald Trump yatangaje kumugaragaro ko aziyamamaza mu matora ya perezida ya 2024 mu ijambo ryibanze ku kunenga uko politiki n’ubukungu bya Amerika bihagaze ubu.
Ari mu rugo rwe rwa Mar-a-Lago...
Perezida Joe Biden n’uwo yasimbuye Donald Trump bateguye amakoraniro akomeye yo kurwanira amajwi mu kwiyamamaza mu matora yo kwinjira mu nteko ishingamategeko mu mitwe yombi.
Ejo ku Cyumweru,...
Brazil yasubiye mu murongo wa politiki w’abaharanira impinduka mu gihe Luiz Inácio Lula da Silva wahoze ari Perezida yatsinze mu matora Jair Bolsonaro wari usanzwe ari Perezida, wo mu murongo...
Mu kiganiro yagiranye na France 24 kuri uyu wa Gatanu,Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda aribo bafite ububasha bwo guhitamo kuyoborwa na Perezida mushya cyangwa...
Ubwana bwa William Ruto ni urugero rwiza rw’ubuzima bw’Abanya-Kenya benshi b’abacyene.
Yajyaga kwiga mu mashuri abanza nta kintu yambaye mu birenge, inkweto za mbere yambaye yazambaye afite imyaka...
Raila Odinga wifuza gutorwa nka perezida wa Kenya yasohoye indirimbo ye mu gihe kwiyamamariza amatora yo mu kwezi kwa munani birimbanyije.
Ntibisanzwe ko abakandida ubwabo bisohorera indirimbo...
Samia Suluhu Hassan ni perezida wa gatandatu wa Tanzania, na perezida wa mbere w’umugore wa Tanzania. Mu mezi ane gusa ku butegetsi hari ibigaragara yahinduye, ahanini ku cyorezo cya Covid-19 no...
Kuri uyu wa gatanu,Samia Suluhu Hassan,amaze kuvuga indahiro yo kuba perezida wa Tanzania, mu muhango wabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu cya Tanzania.
Abasitari mu njyana y’umuziki wa Tanzania uzwi nka "bongo flava" barimo gushimisha imbaga mu bikorwa byo kwamamaza mu matora babinyujije mu ndirimbo bakoze.
Michelle Obama yibasiye bikomeye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu gihe abademokarate bari kwitegura gutangaza ku mugaragaro Joe Biden nk’uwo bazahatana mu...
Inyandiko igaragara nk’iyanditswe n’iyi minisiteri imenyesha ko Dr Walter Kazadi Mulombo uhagarariye OMS mu Burundi, Pr. Tarzy Daniel, Dr Ruhana Mirindi Bisimwa na Dr Jean Pierre Murunda Nkata...
Umuvugizi wa polisi y’Uburundi, komiseri Pierre Nkurikiye yaburiye Hon.Agathon RWASA n’abarwanashyaka b’ishyaka rye CNL ko bakoze ibyaha bifatwa nk’iby’iterabwoba ku wa mbere w’iki Cyumweru,ubwo...
Abagize akanama gashinzwe amatora mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA kamaze kwemera ubusabe bwa Brig Gen (Rtd) Jean Damascene Sekamana wavuye mu Intare na Rurangirwa Louis...
Muri uyu mwaka wa 2017 urimo kugana ku musozo havuzwe byinshi muri politiki y’ u Rwanda, UMURYANGO ugiye kukugezaho amakuru y’ ingenzi yaranze politiki y’ u Rwanda mu mwaka wa 2017.
Uyu mwaka...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma yo kurahirira kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere yavuze ko kuri ubu u Rwanda ari urw’ Abanyarwanda bose yongeraho ko ntawe rubona nk’ umwanzi haba...
Mpayimana Filipe na Dr Frank Habineza batumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame riteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017 kuri sitade Amahoro I Remera.
Aba...