Umuyobozi wa Rayon Sports,Uwayezu Jean Fidele yaciye amarenga ko ikipe ye ishobora kuba yaramaze kurekura Bus yayo yaguze kubera imyenda irimo n’amande ahubwo ngo iri gushaka indi itwara abagenzi...
Kuri iki Cyumweru tariki 18 Ukwakira umwaka 2021, imyaka 21 irashize inkuru y’urupfu rw’icyamamamre mu njyana ya Reggae Luck Philip Dube rwamenyekanye, yishwe n’abagabo 3 bari basanzwe ari abajura...
Umubyeyi w’abana 4 witwa Bianca Butler w’imyaka 26,arasaba ubutabera nyuma yo gukubitwa bikomeye n’umushoferi wa Taxi ibipfunsi mu maso amuziza ko yibagiriwe ibintu bye birimo na Telefoni mu modoka...
Umugabo witwa Rukeratabaro André yitabaje urukiko ngo rwemeze ko yakwishyura Dr Pierre Damien Habumuremyi, amafaranga asigaye ku yo baguze imodoka kugira ngo...
Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang,yagiye ku rukuta rwe rwa Instagram yongera kumurikira abafana be imodoka ze zihenze cyane yaguze mu mafaranga akorera mu mupira...
Umugabo witwa David T Hines w’imyaka 29 y’amavuko arashinjwa kwiba asaga miliyoni $3.9 ni ukuvuga asaga hafi miliyari 4 mu mafaranga y’u Rwanda mu kigega gifasha imishinga yagizweho ingaruka na...
Kompanyi yitwa Akagera Business Group yafatiriye Bus ya Rayon Sports nyuma yo kunanirwa kuyishyura amafaranga arenga Miliyoni 36 z’amafaranga y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2019, mu Mujyi wa Kigali habereye umuhango wo kumurika ubwoko bw’imodoka bushya bukoresha amashanyarazi buje kuzuza intego u Rwanda rwihaye yo gukoresha ibinyabiziga...
Ku wa gatanu ubwo umuhanzi Diamond Platnumz yajyaga kureba ahari kubera ibitaramo bya Wasafi Festival 2019 i Dar es Salaam yanerekanye amamodoka arimo iye, nyina ndetse n’umufasha we Tanasha...
Imodoka ya Toyota Hilux ya kompanyi y’Abashinwa yari mu mirimo yo gukora umuhanda wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu mu burengerazuba bw’u Rwanda ikagwa mu kiyaga cya Kivu kuwa kabiri, bayivanyemo...
Umugeni witwa Katie Davies w’imyaka 24 ukomoka mu gihugu cya Wales yakoze agashya ubwo yageraga aho yagombaga gukorera ubukwe n’umugabo we ari mu modoka ya polisi abantu bose ubwoba...
Mu karere ka Nyamasheke habereye impanuka y’imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Taxi Hiace aho bivugwa ko yakomerekeyemo abantu 18 barimo 5 bamerewe abi...
Umugabo uzwi ku izina rya Cyondo yaraye agonzwe n’imodoka mu masaha ya saa tatu z’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Kamena 2019 ahita yitaba Imana aho bivugwa ko yari avuye gukina...
Umunya Croatia Luka Modric w’imyaka 33 ukinira Real Madrid, niwe waraye atsindiye igihembo cya Ballon d’Or nyuma yo kwanikira bikomeye mu majwi Cristiano Ronaldo na Antoine Griezmann...
Umunya Croatia Luka Modric yatunguye benshi ubwo yavugaga ko atarajwe ishinga no kwegukana ibihembo bye ku giti cye,ko icyo yifuza ari ugukomeza gufasha Real Madrid gutegeka amakipe ku mugabane...