Ikipe ya Afurika y’Epfo Bafana Bafana yatangiye nabi igikombe cya Afurika itsindwa na Mali ibitego 2-0 mu mukino yarushijwe bikomeye mu gice cya kabiri.
Leta ya Somalia n’umuryango w’ubumwe bwa Africa byatangaje ko byamaganye "igitero cy’iterabwoba" cyakozwe ku kigo cy’ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bwa ATMIS muri...
Itsinda ry’abasirikare kabuhariwe ba Somalia rivuga ko ryasoje ihagarara ry’ubuzima kuri hoteli yo mu murwa mukuru Mogadishu yari yagabweho igitero n’intagondwa za al-Shabab zigendera ku mahame...
Polisi n’ababibonye bavuga ko abantu bagera ku 10 bishwe n’igisasu cyari giteze mu butaka nyuma yaho imodoka ya bisi nto (minibus) bari barimo ikigongeye hafi y’umurwa mukuru Mogadishu wa...
Guverinoma y’Igisirikare cya Mali yavuze ko ingendo z’indege za kompanyi y’Abafaransa, Air France, zerekeza muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba zizakomeza guhagarikwa kugeza igihe isuzuma...
Abantu bagera kuri 15, barimo umudepite w’umugore mu nteko ishingamategeko ya Somalia, biciwe mu bitero bibiri by’ubwiyahuzi i Beledweyne hagati muri Somalia kuwa gatatu nimugoroba.
Minisitiri...
Abasirikare batanu ba Uganda bari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’Ubumwe bwa Africa muri Somalia bahamwe no kwicirayo abasivili barindwi muri Kanama (ukwa...
Abantu bagera ku 10 bishwe muri Somalia mu kurasana kwabaye hagati y’intagondwa zifunze zo mu mutwe wa al-Shabab n’abashinzwe umutekano, nkuko bivugwa n’umuvugizi wa leta Ismail...
Muri Somalia abakozi bo ku marimba bavuga ko bamaze igihe bacukura imva nyinshi zihambwamo abahitanwe n’icyorezo cya Covid-19, leta yajya gutangaza amakuru kuri iki cyorezo bagatungurwa no kumva...
Umunya Mali, Oumar Sidibe, wakinnye mu makipe akomeye arimo AS VITA Club,Djoliba no mu cyiciro cya kabiri muri Turkia yamaze yageze mu Rwanda gukinira Rayon Sports,mu rukerera rwo kuri iki...
Minisiteri y’ubabinyi n’amahanga ya Ethiopia yatangaje ko ’yicuza bikomeye’ ko ikarita ya Afurika igaragaza Somalia nk’ubutaka bwa Ethiopia ’yagejejwe ku rubuga...
Leta y’uburundi yabwiye abasirikare babwo bagera kuri 600 ko batagomba kujya ku kibuga cy’indege muri Somalia ngo batahe,bibatera urujijo kuko umuryango w’abibumbye wavuze ko kuri uyu wa Gatanu...
Presidents of Cameroon and Somalia have made official comments on the occasion of World Press Freedom Day. Both leaders used their social media handles to make their views...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2017, Rutahizamu mushya w’ ikipe ya Rayon Sports Umunyamali Alassane Tamboura yageze mu Rwanda.Aje asimbura mwene wabo, Moussa Camara wamaze...