Abategetsi muri Somalia batangaje ko indege y’ubwikorezi itwaye ibikoresho by’ubufasha mu kurwanya coronavirus yahanutse igashwanyuka mu ijoro ryo kuwa mbere.Abantu batandatu bari bayirimo...
Malia Obama, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa USA Ballack Obama yafotowe ari mu Bwongereza afatanye agatoki ku kandi n’umukunzi we Rory Farquharson baherukaga gufotorwa bari gusomanira mu ruhame...
Amakuru ava mu bayobozi ba Leta ya Somaliya hamwe n’abaturage barebera hafi baravuga ko abasirikare ba Leta hamwe n’aba Amisom bari gutegura igitero simusiga ku bwaranyi ba al-Shabab.
Umuturage...
Abasirikare babiri mu basirikare ba ONU bo mu mutwe w’ingabo za Minusma bagiye kugarukana amahoro muri Mali barishwe abandi barakomereka bikomeye inyuma y’aho imodoka barimwo iciriye ku gisasu...
Ku umugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 10 Werurwe 2017 nibwo Minisitiri wa siporo muri Mali yashyize ingufuri ku ibiro by’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Mali ni mbere y’uko Onze...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA ihagaritse igihugu cya Mali mu amatushanwa yose nyuma y’uko leta y’iki gihugu yivanze mu ibikorwa bya ruhago.
FIFA nyiyemera igihugu icyo ari cyo...
Leta ya Somalia yatangaje ko uwagize uruhare mu ishingwa rya al-Shabab akaba no mu bayobozi bakuru bayo , Abdullahi Nadir, yiciwe mu gitero yagabweho mu mpera z’iki cyumweru mu ntara ya Middle...
Abana icyenda b’impanga, ari nabo bonyine ku isi, "bafite ubuzima bwiza" mu gihe bari kwizihiza isabukuru y’umwaka umwe, nk’uko se yabibwiye BBC.
Abdelkader Arby usanzwe ari umusirikare mu ngabo...
Agatsiko k’ibyihebe byo mu mutwe wa Al-Shabaab kamaze gutangaza ko ariko kari inyuma y’igitero cya gabwe ku nteko ishingamategeko muri Somalia ,aho umumotari yinjiye akiturikirizaho...
Itsinda ry’abategetsi ba Somalia bo mu nzego z’ibanze bagera kuri 40 bateraniye i Kigali mu Rwanda kuva none kuwa mbere mucyo bise “Somali Mayor’s Forum”.
Aba bayobozi 35 nkuko bivugwa na RBA barimo...
Umukobwa wo muri Somalia Adar Yusuf , yegukanye ikamba rya Miss University of Africa 2021, naho Umwiza Phiona waruhagarariye u Rwanda muri aya marushanwa yegukana umwanya wa Kane aba igisonga cya...
Igisirikare cyo mu mazi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko ubwato bwacyo bwa gisirikare, USS Winston S. Churchill, bwafashe intwaro zajyanwaga magendu mu mato abiri...
Ibrahim Boubacar Keïta wahiritswe ku butegetsi muri Mali ubu ari mu bitaro mu murwa mukuru Bamako, nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru Associated Press.
Ibiganiro muri Mali bigamije gucyemura ikibazo cya politike cyavuye ku ihirikwa ry’ubutegetsi ryo mu cyumweru gishize, byarangiye nta masezerano agezweho.
Perezida Ibrahim Boubacar Keita wa Mali yaraye atangaje iseswa ry’urukiko rw’itegekonshinga, mu kugerageza guhosha imidugararo yiciwemo abantu bane mu myigaragambyo yabaye ku wa...
Abigaragambya muri Mali baraye batumye radio na televiziyo by’igihugu bihagarika gukora, mu myigaragambyo yitabiriwe n’imbaga yabereye mu murwa mukuru Bamako.