Umutoza wa Mukura VS Tony Hernandez yababajwe nuko umutoza w’ikipe y’igihugu yahamagaye abakinnyi bakina mu makipe yo mu mujyi wa Kigali ntagire n’umwe wo muri Mukura VS ahamagara kandi ngo abona...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yerekeje mu gihugu cya Mozambike mu muhango wo gusinywa amasezerano y’amahoro n’ubwiyunge hagati ya Leta ya Mozambique n’ishyaka rya RENAMO, ryahoze ari...
Abakristu Gaturika babarirwa muri miliyoni imwe ni bo bitabiriye igitambo cya Misa Papa Francis yasomeye i Antananarivo mu murwa mukuru wa Madagascar, nk’uko byemejwe na leta ya...
Amakuru mashya yagiye hanze, ahamya ko Ben Rutabana ari muri Uganda kuva mu gihe gishize kirenga ukwezi, nyuma yo kuburirwa irengero bigatuma umuryango we ukomeza gutabaza, ukanandika ibaruwa...
Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’abagore yisanze mu Itsinda A hamwe na Angola mu Gikombe cya Afurika (Afrobasket 2023) kizabera muri BK Arena kuva tariki ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 6 Kanama...
Ku nshuro ya mbere ari mu mwanya w’umugore w’umukuru w’igihugu, Madame Angeline Ndayishimiye kuwa kabiri yagiriye uruzinduko mu Rwanda agiye mu nama ya Women Deliver 2023.
Iruhande rw’iyi nama,...
Umukinnyi Muhire Kevin ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports yasabye abafana ba Rayon Sports kwitegura kuririmba murera ubwo bazaba bavuye muri Mozambike mu mukino wo kwishyura wa CAF...
Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 18 Mata 2018 nibwo benshi bategereje kureba niba ikipe ya Rayon Sports ikora amateka yo kuba ikipe ya mbere mu Rwanda ibashije kwinjira mu matsinda y’imikino nyafurika...
Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame yasabye abakinnyi bagezi be kwima amatwi abafana bakomeje kubabwira ko bamaze kugera mu matsinda ya CAF Confederations Cup kandi...
Umutoza mukuru w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Jacky Minnaert yatangaje ko ubwo yageraga muri Afurika y’Epfo yasanze yaragambaniwe n’ikipe ya Black Leopards imubeshyera ko yayibye urufunguzo rw’imodoka...
Ikipe ya Rayon Sports ishobora kuba ikipe ya mbere ibashije kugera mu matsinda ya CAF Confederations Cup nyuma yo kunyagira Costa do Sol yo muri Mozambike ibitego 3-0 mu mukino Kwizera Pierrot...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko ikipe ye irakina umukino wo kwatakira rimwe ndetse bakaza kugarira rimwe kugira ngo bashyire igitutu Costa Do sol yo muri Mozambike barakina uyu munsi...
Umutoza w’ikipe ya Costa do Sol Leonardo Costas wageze mu Rwanda ku munsi w’ejo, yatangaje ko bafite ibintu byose byabafasha gutsinda ndetse no gusezerera Rayon Sports mu mikino ya CAF...
Ushinzwe imikino (sports Director) mu ikipe ya Costa Do Sol Artur Jorge Santana Afonso Ribeiro Faria yatangaje ko batangiye kwiga ikipe ya Rayon Sports ndetse itari ku rwego rwo hejuru ku buryo...
Abadepite banenze zimwe mu mvugo z’ Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera Me Evode Uwizeyimana.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2017,...
Mu minsi ishize nibwo imikino ya kamarampaka muri Volleyball yasubitswe bitewe n’ubusabe bw’amakipe, kuri ubu yongeye gusubukurwa, kuri uyu wa Gatandatu ibihangange biratangira kwesurana nk’uko...
Mu gihe Shampiyona ya Basketball mu Rwanda iri kugana ku musozo, amakipe menshi by’umwihariko akomeye yatangiye kwibikaho abakinnyi azifashisha mu Mikino ya Kamarampaka...
Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique yatangaje ko Ingabo za Tanzania zizafatanya niz’u Rwanda kurwanya iterabwoba i Cabo Delgado, nyuma y’uko iz’umuryango wa SADC zizaba zimaze kuva muri iyi...
Amakuru avuga ko intagondwa ziyitirira idini ya Islam zateze urukurikirane rw’imodoka zarimo zigerageza kurokora abasivile zibakura muri hoteli, mu gihe imirwano ikomeje mu majyaruguru...
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard,yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku ishusho y’ibiciro ku isoko n’ishusho y’ubukungu bw’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gicurasi 2022....
Filipe Nyusi Perezida wa Mozambique, yatangiye uruzinduko rw’iminsi 3 mu gihugu cya Uganda aho azagirana ibiganiro na mugenzi we bigamije ubufatanye mu...
Perezida Kagame yakiriye ikipe ya Patriots BC ayishimira uko yitwaye mu mikino ya Basketball Africa League aho yatahaye umwanya wa 4 mu bigugu 12 byo hirya no hino ku mugabane wa Afurika...
Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri Mozambique yagiranye ibiganiro byo mu muhezo na mugenzi we Filipe Nyusi, bikurikirwa n’ibiganiro abayobozi b’ibihugu byombi bagiranye hari n’intumwa z’ibihugu...