Umunya Misiri Mohamed Salah ukinira ikipe ya Liverpool niwe watowe nk’umukinnyi w’umwaka wa 2018 muri Africa atsinze mugenzi we bakinana muri Liverpool,Sadio Mane na Pierre Emerick Aubameyang...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kurekura umusore wayo w’umuhanga Muhire Kevin waguzwe akayabo ka miliyoni 26 Frw ($30) n’ikipe yitwa Misr lel-Makkasa Sporting Club yo mu...
Umugore wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika muri iyi minsi ari mu ruzinduko muri Afurika aho azenguruka mu bihugu bya Afurika birimo Ghana, Kenya, Misiri na Malawi. Uyu mubyeyi akunze...
U Rwanda rutsinzwe umukino wa kabiri mu itsinda rya mbere mu amarushanwa ya karere ka 5. Rukaba rwatsinzwe na Misiri amanota 83-71.
Ni nyuma y’uko rwari rwatsinze Kenya mu umukino ufungura...
Sosiyete yo mu Misiri ikora ubwikorezi bwo mu kirere, EgyptAir, yatangaje ko yahagaritse urugendo rw’indege yayo rwavaga i Kigali rugana i Cairo, nyuma y’uko igonganye...
Rutahizamu usatira aca ku mpande ukomoka muri Uganda,Joachiam Ojera wakiniraga Rayon Sports,yamaze kugurwa n’ikipe yitwa Al Mokawloon Al Arab SC yo mu...
Rutahizamu Usengimana Danny wamenyekanye mu makipe nka APR FC, Police Fc, Singida yo muri Tanzania na Tersana SC yo mu Misiri,yashinje ikipe ya Police FC kumwima amahirwe yo kwerekeza muri FC...
Umutoza Thierry Froger utoza APR FC n’abo bakorana batumijwe mu nama idasanzwe n’ubuyobozi bw’ikipenyuma yo gutsindwa ibitego 6-1 na Pyramids FC yo mu Misiri.
Umuyobozi w’Akanama nkemurampaka mu ikipe ya Rayon Sports, Bwana Rukundo Patrick yagaragaye yambaye umwambaro wa mukeba wabo ya APR FC,ubwo yanganyaga 0-0 na Pyramids FC yo mu Misiri, mu mikino...
Ikipe ya Pyramids FC izahura na APR FC yagiye Istanbul muri Turkia kwitegura Umwaka mushya w’imikino iwabo mu Misiri no kwitegura CAF Champions League umukino izahuramo na APR FC Kuwa 15 Nzeri...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abari n’abategarugori mu mukino w’intoki wa Volleyball ikoze amateka yo kugera mu mikino ya 1/2 y’igikombe cya Africa nyuma yo gutsinda Algeria amaseti 3-2, aho izahura na...
Alain Mukuralinda umuvugizi wungirije wa leta kuwa gatatu yabwiye BBC Gahuzamiryango ko abo bamwe ari abakozi b’Umuryango w’Abibumbye, abandi ari abikorera ku giti cyabo hamwe...
Ubuyobozi bwa Flash FM mu Karere ka Nyagatare bwatangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Gashyantare, 2023 abagizi ba nabi bateze umunyamakuru wabo witwa John Gumisiriza...
Umutoza mukuru wa Gasogi United, Ahmed Adel ukomoka mu Misiri, yamaganye ibyari byavuzwe ko akoresha inyandiko mpimbano aho yemeje ko ababitangaje bamwitiranyije n’undi.
Uyu munya Misiri yavuze...
Umugabo yashimuse umukobwa yibyariye nyuma yo kumenya ko yahawe umutungo mwinshi na sekuru ngo amuzungure.
Umunyeshuri Noura Aly Essam, ufite imyaka 23, yashimuswe na se nyuma yo gusigarana...
Perezida Paul Kagame watangiye uruzinduko rw’akazi mu Misiri ku wa Gatanu, uyu munsi yakiriwe na Perezida w’icyo gihugu Abdel Fattah Al-Sisi.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro,...
Ikipe ya Rayon Sports ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yagaragaje ko yasinyishije ku mugaragaro Muhire Kevin wakinaga mu Misiri na Luvumbu Heritier Nzinga w’imyaka 26 uturutse muri...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo hasojwe Shampiyona y’Afurika yo gusiganwa ku magare ya 2021 yari imaze hafi icyumweru ibera mu gihugu cya Misiri ihuje ibihugu bigera kuri 15 muri...
Umunyamisiri ukinira ikipe ya Liverpool,Mohamed Salah,yavuze ko ashobora kuba yishyize mu mazi abira nyuma yo gutuka ikoranabuhanga rifasha abasifuzi rizwi nka VAR ko ryica umupira...
Ibintu bigiye guhindura isura mu mikino ya 1/4 cya CAF Champions League kuko Tombola yaraye ibereye i Cairo mu Misiri yahuje ibigugu byose byagize amahirwe yo gukora kuri iki...