Ku wa Gatanu, tariki ya 20 Ukwakira 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul...
Mu gihe ibiciro cy’ibiribwa mu bihugu bitandukanye bikomeje kuba hejuru,u Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru...
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko buri muntu wese wo muri Hamas ari "umupfu", nyuma y’inama ya mbere ya guverinoma y’ibihe bidasanzwe y’iki...
Ikipe ya APR FC yatuye umujinya Musanze FC iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino w’ikirarane cy’umunsi wa kane wa shampiyona,wabereye kuri Kigali Pelé Stadium,kuri uyu wa 06 Ukwakira...
Umutoza wa APR FC, Thierry Froger, yemeje ko Nshimirimana Ismaël ’Pitchou’ atazaboneka ku mukino iyi kipe izakina na Pyramids FC mu gushaka itike igana mu matsinda ya CAF Champions...
Niba waramaze kwiyunga ku bakomeje guha igihugu cya Libya ubutabazi, icyo wamenya n’uko amakuru agezweho ari impuruza ku bandi bifuza gutabara iki gihugu kiri mu kaga cyatewe n’imyuzure iheruka...
Umutoza Yamen Zelfani wa Rayon Sports yavuze ko imikino ibiri bazakinira i Kigali na Al Hilal Benghazi itazaba yoroshye ariko ngo azi byinshi kuri iyi kipe yo mur...
Ikipe ya Al Hilal na Rayon Sports bemeranyije gusubika umukino bari bafitanye kuri uyu wa Gatanu bakazakinira imikino yose i Kigali mu minsi iri imbere.
Imirambo yakuwe mu mwuzure wakumunzuye ibice bimwe by’umujyi uri ku cyambu (ikivuko mu Kirundi) wa Derna mu burasirazuba bwa Libya, yashyinguwe mu mva rusange, mu gihe umubare w’abapfuye wamaze...
Rayon Sports yamaze kugera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali aho igiye guhaguruka yerekeza muri Libya guhangana n’ikipe ya Al Hilal Benghazi mu mukino ubanza wo mu ijonjora rya kabiri ari...
Ikipe y’igihugu ya Tanzania yamaze kubona itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika cy’ibihugu [AFCON 2023] nyuma yo kubona amanota 8 hejuru ya Uganda yagize 7 ikaba iya...
Raporo yakozwe na Brand Finance City Index 2023 ivuga ko Cape Town, umujyi wo muri Afurika y’Epfo,ariwo mujyi wa mbere muri Afurika mwiza wo kubamo,gukoreramo no gushora...
Umutwe wa gisirikare muri Soudana RSF uhanganye n’ingabo z’igihugu kuva mu mezi 4 ashize, watangiye gutekereza uburyo wahagarika imirwano imaze kuyogoza igihugu cyabo no gushyira mu kaga ubuzima...
Mu mukino wo kwishyura nawo wabereye kuri Kigali Pele Stadium,ikipe ya APR FC yatsinze Gaadiidka FC ibitego 2-0 ikomeje mu ijonjora rya kabiri ryo gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF...
Perezida w’Ubushinwa yaherukaga ku mugabane wa Africa mu myaka itanu ishize, yageze muri Africa y’Epfo aho yitabiriye inama y’ibihugu bikataje mu iterambere byishyize hamwe mu itsinda ryitwa...
Umunyamakuru wa RBA, Rugaju Reagan,umaze kwigarurira benshi kubera ubuhanga bwe mu gusesengura,yavuze ko umutoza wa APR FC nta bushobozi afite bwo kuyindura ikipe ikomeye nubwo afite...