Umutoza wa Liverpool uheruka gutorwa na FIFA nk’uwahize abandi mu mupira w’amaguru ku isi yatangaje ko nubwo amaze imyaka myinshi akora aka kazi ariko atajya yifuza guhura na Pep Guardiola wa...
Imodoka ya miliyoni 100 FRW Rayon Sports iherutse kugura yongeye gupfira mu nzira ubugira kabiri,ubwo iyi kipe yari ivuye kunyagira AS Muhanga ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 24 wa...
Umuhanzi, umunyabugeni, umunyamakuru,umuhanga mu bya sinema akaba n’umunyamideli Dady de Maximo Mwicira-Mitali yanenze byikomeye Kiliziya Gatolika mu Rwanda yasabiye imbabazi abageze mu zabukuru...
Abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports babarizwa muri Mozambique bakusanyije inkunga yo kugenera Ndahimana Narcisse n’umugore we Mutuyemariya Consilie bo mu Murenge wa Shyogwe, Akarere ka Muhanga...
Serihamye Aphrodis w’imyaka 46 y’amavuko afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Gatumba nyuma yo gufatanwa inoti zirindwi z’ibihumbi bibiri z’amafaranga y’u Rwanda z’inyiganano, mu gasanteri...
Uyu munsi ni tariki ya 22 Kamena, ni umunsi wa 173 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 192 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo kiliziya gatorika yategetswe...
Mu mezi atatu ashize Polisi y’u Rwanda yafashe abantu bagera kuri 70 bakekwaho ubujura bw’amatungo bumaze iminsi bugarukwaho, biganjemo abo mu Karere ka Muhanga bangana na 1/2...
Munyakazi Bruce Melodie yasubije abari kumuhanganisha na mukuru we The Ben ,avuga ko buri wese afite ubwoko bw’umuziki akora, kandi amufata nka Mukuru we, bityo ibikorwa yakoze cyangwa se akomeza...
Telefoni yakoreshejwe hafatwa amajwi hagati ya Prince Kid n’umutangabuhamya "VBF" byahishuwe ko telefoni yari itarajya ku isoko kuko amajwi yafashwe tariki 16 Mata 2022 nyamara Iphone 14 yagiye ku...
Urwego rw’Ubugenzacyaha,RIB,rwafunze umugore wo mu karere ka Muhanga,ukekwaho kwica akubise umwana w’umuturanyi we amuziza ko yahekenye kimwe mu bijumba yari agiye kugurisha...
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice yahakanye ko nta makuru afite ya bamwe mu bayobozi bashinjwa n’abaturage kwijandika mu bucukuzi bw’amabuye...
Umukino wa Rayon Sports na Musanze FC wimuriwe kuwa Kabiri tariki 24 Mutarama 2023 kuri Stade ya Muhanga (15h00) ubwo hazaba hakinwa umunsi wa 16 wa shampiyona y’u Rwanda.
FERWAFA yatangaje ko...
Ikipe ya Rayon Sports hamwe na Kiyovu Sports na Police FC, yose yemerewe kwakirira imikino yayo kuri Stade ya Muhanga nyuma yo kubwirwa ko agomba kuva kuro stade ya Kigali ikavugururwa.
Mu...
Umuhanzi Mani Martin yavuze byinshi ku mukobwa wagerageje kumuroga ,ubwo yamuhanga impano ari ku rubyiniro, akamutegeka kuyifungura ajyeze kuburiri , anakomoza kw’ihungabana yatewe no gutakaza...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu bane bo mu Karere ka Muhanga, bakekwaho kwiba moto bakazikuramo ibyuma byazo bikimurirwa mu zindi cyangwa bagahindura ibirango byazo ku buryo ba nyirazo...
Myugariro w’inyuma ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe ya Manchester United n’Ubwongereza,Luke Shaw,yasabye uwahoze ari umutoza we Jose Mourinho kureka kumuhangayikira no kumunenga cyane nyuma y’iminsi...
Miss Mutesi Jolly yasubije uyu mu nyamakuru ko Miss Rwanda atari nk’umupira w’amaguru aho kugira ngo umuntu yigaragaze bisaba ko haba hari undi wavuye mu kibuga. Yabivuze nyuma y’amagambo...
Ku ya 21 Ukwakira 1833, umwana w’umuhungu yavukiye mu muryango uherereye I Stockholm muri Suwede’ umuhanga, uzwi cyane, umuvumbuzi , umucuruzi akaba ari nawe washyizeho ibihembo bya Nobel. Se yari...
Bwana Gérard Urayeneza ukekwaho icyaha cya Jenoside no kuzimiza ibimenyetso by’amakuru ya Jenoside ejo ku wa gatatu tariki ya 15 Nyakanga 2020, azakatirwa n’urukiko rwisumbuye rwa Muhanga ku ifungwa...
Agace ka Gatandatu bavaga I Musanze berekeza I Muhanga ariko banyuze mu Ngororero ku ntera ya kilometero 127 karangiye umunya Colombia witwa Restrepo Jhonatan Valencia ukinira ikipe ya Androni...
Ibintu byazambye kuri Rayon Sports yatsinzwe ubugira kabiri muri shampiyona y’uyu mwaka na Sunrise FC ibitego 2-0 bituma irushwa amanota 7 na mukeba wayo APR FC yasanze AS Muhanga iwayo...
Myugariro wa Real Madrid n’igihugu cya Brazil,Marcelo,yatangaje ko kuri we abona ko rutahizamu bakinana mu ikipe y’igihugu Neymar Jr ariwe muhanga kurusha Eden Hazard bagiye gukinana mu ikipe ya...
Myugariro Mutsinzi Ange uri mu beza mu Rwanda yamaze gusezera ku bakunzi b’ikipe ya Rayon Sports yari amaze imyaka 3 akinira,yerekeza mu ikipe ya APR FC bivugwa ko yamuhaye akayabo kugira ngo...