Kuri uyu wa Kabiri kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo habereye imikino ibiri ibanza ya 1/4 mu gikombe cy’Amahoro, mu gihe i Ngoma ho habereye umukino umwe.
Abagabo babiri b’aba Congomani nibo bakatiwe imyaka 20 y’igifungo nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kuba mu mutwe witwaje intwaro urwanya Leta ya Uganda ADF n’ubufatanya cyaha mu bikorwa by’ubwicanyi...
Mu gihe zimwe mu mpunzi z’aba kongomani zisubira mu gihugu cyazo ziva mu
karere ka Gisoro muri Uganda aho ubutegetsi bwazisabye kujya mu nkambi
cyanga gutaha, hari izikirimo...
Umuvugizi w’umutwe wa M23 mu bya gisirikare Major Willy Ngoma yavuze ko nta na santimetero n’imwe mu zo bafashe barekuye nkuko byavugwaga.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Nzeri,Bwana Ngoma...
Urubuga rwa Netflix rwatanze integuza ya filime mbarankuru y’uruhererekane igaruka ku rukundo rw’Igikomangoma cy’u Bwongereza Harry n’umugore we Meghan Markle.
Umukobwa w’imyaka 32 wo mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye, wari ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17, nyuma yo kubafatana baryamanye undi akisobanura avuga ko bakundana,...
Igikomangoma Harry yavuze ko mukuru we William yamusagariye akamukubira, nk’uko ikinyamakuru Guardian kivuga ko kibikesha igitabo cye, Spare, kiri hafi gusohoka.
Guardian ivuga ko icyo gitabo...
Igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle bakomeje guterwa umugongo muri Hollywood Nyuma yo kumena amabanga menshi ku nkuru zivuga ibyababayeho igihe bari mu bwami bw’u...
Abagore 13 bari barahamijwe icyaha cyo gukuramo inda bari bafungiwe muri gereza ya Nyarugenge, Ngoma Musanze na Nyamagabe nibo bahawe imbabazi bahawe imbabazi na Perezida...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
Umuvugizi mu byagisirikare muri M23, Willy Ngoma yateguje ko igisirikare cye kigiye kwinjira mu mirwano byeruye mu buryo bwo kwirinda no gukuraho gukomeza gusagarirwa na...
Umukobwa w’imyaka 23 ukekwaho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka icyenda (9) yareraga mu rugo rwo mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye,yemeye icyaha.
KUWA 27/10/1946 Umwami Mutara III Rudahigwa wabatijwe ku izina rya Charles Leon Pierre yatuye u Rwanda Kristu-Umwami. Mu isengesho rye agaragaza icyo yifuzaga ku gihugu, abaturage, abatware...
Abayobozi b’ingabo zo mu ntara ya Amhara muri Ethiopia bashinje ubuyobozi bwo mu baturanyi ba Tigray "kuvuza ingoma y’intambara" kubera gahunda yo gusubiza ibihumbi amagana by’Abanya Tigray mu...
Ikipe zo mu ntara y’uburasirazuba zirimo Sunrise FC yo mu Karere ka Nyagatare na Etoile de l’Est yo mu ka Ngoma zamanutse mu Cyiciro cya Kabiri,nyuma yo kwitwara nabi mu mikino 30 zakinnye muri...
Umukozi wo mu rugo uvuga ko afite imyaka 15 ukora akazi mu rugo ruherereye mu Mudugudu wa Kamucuzi mu Kagari ka Matyazo mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo, aravuga ko...
Mu murenge wa Rurenge mu karere ka Ngoma mu ntara y’ iburasirazuba bw’ u Rwanda , umusore w’imyaka 23 y’amavuko akurikiranyweho gusambanya ku ngufu nyirakuru w’imyaka 86, uyu mukecuru akaba avuga ko...
Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma mu Karere ka Rwamagana, rwakatiye igifungo cya burundu Ntezimana Jean Damascène wiyemereye imbere y’urukiko n’imbaga y’abaturage mu Murenge wa Karenge ko yishe umugore we...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Ngoma mu karere ka Nyaruguru bavuga ko kuba amashyaka atavugarumwe n’ ubutegetsi yaratsindiye imyanya mu nteko y’ u Rwanda ari demukarasi ariko abandi basanga...
Umunyamakuru Jamal Khashoggi wandikiraga ikinyamakuru The Washington Post cyo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abategetsi ba Turukiya bemejwe ko yishwe.
Umutoza mushya wa Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer yabwiye Lukaku na Sanchez batakaje umwanya wo gukina ku ngoma ya Mourinho ko bakwiriye gukora cyane kugira ngo badatakaza umwanya wabo...