Nsengimana Vincent de Paul Umuyobozi wa Power of change Ministries avuga ko gusomanira mu Ruhame nta kibazo abibonamo ndetse agahamya ko mu gihe higishwa inyigisho z’abakuze byaba imfashanyigisho...
Komisiyo y’ igihugu y’ amatora mu Rwanda yatangaje ko izaburana niramuka irezwe mu nkiko n’ umukandida depite wigega Nsengiyumva Janvier wagaragaye ku rupapuro rw’ itora amazina ye yanditse...
Mu gace ka kabiri ka Tour du Rwanda kavaga Kigali kerekeza I Huye aho abasiganwa bakoze ibirometero 120,5 kegukanwe n’Umufaransa w’imyaka 21 witwa Alan Boileau ukinira ikipe ya B-B...
Umwana wavutse Perezida Bizimungu yatawe muri yombi ubu yujuje imyaka 18
Mu Mwaka w’2000, Pasteur Bizimungu yeguye ku mwanya wa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, ariko ataha atanyuzwe.
Mu mwaka...
Nsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu...
• Eyob Metkel niwe wegukanye agace ka 6 ka Tour du Rwanda
• Eyob Metkel yegukanye agace ku nshuro ya kabiri nyuma yo gutsindira I Nyamata
• Eyob Metkel yakoze amateka y’umukinnyi umaze gutwara uduce...
• Tour du Rwanda isigaje iminsi 2 ngo itangire
• Menya byinsi byaranze iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 09 nyuma yo kugirwa mpuzamahanga mu mwaka wa 2009.
• Tour du Rwanda izatangira ku...
Paul Kagame yabwiye abaturage batuye akarere ka Karongi no mu nkengero zako ko batasigaye inyuma ndetse ko badateze gusigara inyuma, ngo u Rwanda rushya rurimo abayobozi n’abaturage badafite...
Mu mudugudu wa Nyamugali, Akagari ka Gitare, Umurenge wa Base ku wa 24 Ugushyingo 2016 hafatiwe umugore witwa Nyiransengimana Beatrice ushinjwa n’abaturage kwiba ihene agahita ayica.
Abaturage...
Amakuru menshi yo mu Rwanda abitswe mu buryo bukorwa hifashishijwe murandasi abitse mu bihungu by’ amahanga aho amenshi abitse muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Ibi ngo biterwa ni uko mu Rwanda...
Abari muri dosiye imwe na Poul Rusesabagina nyuma yo gufungurwa ku mbabazi za Perezida ,bashimye imbabazi bahawe Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame biyemeza gukoresha ubuhamya bwabo mu...
Umutaliyani Manuele Tarozzi niwe wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda katangiriye i Nyamata mu Karere ka Bugesera, gasorezwa mu Mujyi wa Kigali.
Iyi Etape ya Nyamata-Mont Kigali,...
Umugabo w’imyaka 25 wo mu karere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu Kagari ka Cyimana akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka itanu nyuma yo kumugwaho amaze kumukuramo...
Umunyamakuru wa Televiziyo Coodrich ikorera mu Rwanda, yapfuye mu buryo butunguranye, aba uwa gatatu upfuye mu gihe kitageze mu kwezi kumwe n’igice.
Uyu munyamakuru witwa Jean Claude Nsengimana...
Umunya-Ukraine Anatoliy Volodimirovich Budyak ukinira Terengganu Polygon Cycling Team yegukanye Agace ka Gatandatu ka Tour du Rwanda 2022 kahagurukiye i Musanze kagasorezwa kuri Kigali Convention...
Nsabimana Callixte ‘Sankara’ yasabye Urukiko rw’Ubujurire kumworohereza na we agahabwa igihano gito kuko bamwe mu bo babanye mu Mutwe w’Iterabwoba wa FLN batigeze bagezwa mu nkiko.
Ni ubusabe...
Ubwato bw’ibiti bubiri bwagonganiye ku cyambu kiri ku kiraro giheruka gucika gihuza Akarere ka Muhanga na Gakenke,bamwe mu bagenzi babanza kuburirwa irengero. Iyi mpanuka yabereye mu mugezi wa...
Nsabimana Callixte wakoresha izina rya Sankara mu gisirikare cya FLN,yavuze ko ibitero byagabwe ku butaka bw’u Rwanda muri 2018 na 2019 n’abarwanyi bawo byatangiye gutegurwa na Paul Rusesabagina...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi 15 bazitabira imyitozo mu byiciro bitatu, akaba ari bo bazavamo abakina irushanwa rya Tour du...
Inzobere mu bya gisirikare zivuga ko ibikoresho zashyikirijwe ngo zisuzume mu rubanza rwitiriwe uwitwa Phocas Ndayizera bifite ubushobozi bwo ku rwego rwo hejuru bwo guturitsa no kuba byasenya...
Imodoka ya Coaster yari itwaye abakinnyi b’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare, Team Rwanda yari kumwe n’abo muri Bourkina Faso na Côte d’Ivoire, bari mu irushanwa rya Grand Prix Chantal Biya...
Umuturage wo mu murenge wa Murambi mu karere ka Rulindo witwa Nzamugurinka Venantie yitabiriye amatora y’ abadepite yambaye ivara nk’ umugenzi ugiye gusezerana.