skol
Kigali

Search: Nsengimana (217)

Amafoto Yaciye Ibintu:Apotre Masasu yasomanye n’umufasha we mu rusengero biratinda abakirisitu bipfuka mu...

Nsengimana Vincent de Paul Umuyobozi wa Power of change Ministries avuga ko gusomanira mu Ruhame nta kibazo abibonamo ndetse agahamya ko mu gihe higishwa inyigisho z’abakuze byaba imfashanyigisho...
4 February 2019 9758 0

NEC ngo yiteguye kuburana n’ umukandida wasohotse ku rupapuro rw’ itora amazina ye yanditse nabi

Komisiyo y’ igihugu y’ amatora mu Rwanda yatangaje ko izaburana niramuka irezwe mu nkiko n’ umukandida depite wigega Nsengiyumva Janvier wagaragaye ku rupapuro rw’ itora amazina ye yanditse...
3 September 2018 4747 0

Reba umugore wajujubije abaturage abiba ihene ndetse akanamena n’amazu(AMAFOTO)

Abaturage bo mu karere ka Rwamagana baravuga ko babangamiwe n’umugore wari usanzwe azwiho kwiba ihene, ubu aramena inzu akiba ibikoresho byiganjemo imyenda n’inkweto. Nyiransengimana Beatrice ,...
3 June 2017 4714 0

Umufaransa Boileau yegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2021

Mu gace ka kabiri ka Tour du Rwanda kavaga Kigali kerekeza I Huye aho abasiganwa bakoze ibirometero 120,5 kegukanwe n’Umufaransa w’imyaka 21 witwa Alan Boileau ukinira ikipe ya B-B...
3 May 2021 867 0

Uwari Perezida yarafunzwe, uwari Minisitiri w’Intebe ari muri kasho, ni inde uzasigara?

Umwana wavutse Perezida Bizimungu yatawe muri yombi ubu yujuje imyaka 18 Mu Mwaka w’2000, Pasteur Bizimungu yeguye ku mwanya wa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, ariko ataha atanyuzwe. Mu mwaka...
19 July 2020 17249 0

Abakinnyi 10 bahabwa amahirwe yo kuzavamo uwegukana Tour du Rwanda 2019 [AMAFOTO]

Harabura amasaha make kugira ngo hatangire irushanwa rikundwa kurusha ayandi ndetse rirebwa na benshi mu Rwanda rya Tour du Rwanda 2019 rizaba rifite ubukana burenze ubw’andi yose yabayeho kuko...
22 February 2019 2949 0

Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo

Nsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu...
6 September 2018 3657 0

Tdu Rda: Eyob Metkel yegukanye agace ka 6, Icyizere kuri Areruya

• Eyob Metkel niwe wegukanye agace ka 6 ka Tour du Rwanda • Eyob Metkel yegukanye agace ku nshuro ya kabiri nyuma yo gutsindira I Nyamata • Eyob Metkel yakoze amateka y’umukinnyi umaze gutwara uduce...
18 November 2017 946 0

Menya amateka ya Tour du Rwanda isigaje iminsi 2 ngo itangire

• Tour du Rwanda isigaje iminsi 2 ngo itangire • Menya byinsi byaranze iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 09 nyuma yo kugirwa mpuzamahanga mu mwaka wa 2009. • Tour du Rwanda izatangira ku...
10 November 2017 536 0

Ntabwo mwasigaye inyuma, ntimuzasigara n’inyuma-Paul Kagame I Karongi

Paul Kagame yabwiye abaturage batuye akarere ka Karongi no mu nkengero zako ko batasigaye inyuma ndetse ko badateze gusigara inyuma, ngo u Rwanda rushya rurimo abayobozi n’abaturage badafite...
27 July 2017 286 0

Rulindo: Umugore yafatanywe ihene yibye agiye kuyishyira mu mufuka

Mu mudugudu wa Nyamugali, Akagari ka Gitare, Umurenge wa Base ku wa 24 Ugushyingo 2016 hafatiwe umugore witwa Nyiransengimana Beatrice ushinjwa n’abaturage kwiba ihene agahita ayica. Abaturage...
27 November 2016 4535 0

Kuba amakuru menshi abitse mu mahanga bihombya Abanyarwanda

Amakuru menshi yo mu Rwanda abitswe mu buryo bukorwa hifashishijwe murandasi abitse mu bihungu by’ amahanga aho amenshi abitse muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika. Ibi ngo biterwa ni uko mu Rwanda...
8 May 2017 774 0

KIGALI:Abashoferi bahawe amakarita akoze mu buryo bw’ikoranabuhanga azanjya agaragaza imyitwarire yabo ku...

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Dr. Nzahabwanimana Alexis, batangije...
1 June 2017 2091 0

Nsabimana wakubitiwe kubaga imbwa avuga ko zabaye ifunguro rya benshi i Kigali

Uwitwa Nsabimana Valens w’imyaka 33 y’amavuko, avuga ko abamukubitiye kubaga imbwa bamuhoye ubusa, kuko ngo inyama zazo zabaye ifunguro rya benshi mu maresitora y’i Kigali ku Gisozi, Nyamirambo,...
27 October 2023 6536 0

Musanze: Umwana yaguye mu bwiherero ahasiga ubuzima

Umwana w’umuhungu w’imyaka itatu n’igice y’amavuko, yaguye mu bwiherero abukurwamo yamaze gushiramo umwuka.
12 October 2023 927 0

Imbamutima zabamwe bari bafunganwe na Rusesabagina nyuma yo guhabwa imbabazi

Abari muri dosiye imwe na Poul Rusesabagina nyuma yo gufungurwa ku mbabazi za Perezida ,bashimye imbabazi bahawe Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame biyemeza gukoresha ubuhamya bwabo mu...
29 March 2023 1032 0

Umutaliyani yegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda 2023

Umutaliyani Manuele Tarozzi niwe wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda katangiriye i Nyamata mu Karere ka Bugesera, gasorezwa mu Mujyi wa Kigali. Iyi Etape ya Nyamata-Mont Kigali,...
25 February 2023 1531 0

Huye: Umugabo yafatiwe mu cyuho ari gusambanya umwana w’imyaka itanu

Umugabo w’imyaka 25 wo mu karere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu Kagari ka Cyimana akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka itanu nyuma yo kumugwaho amaze kumukuramo...
19 May 2022 2092 0

Umunyamakuru wa Goodrich yatabarutse mu buryo butunguranye

Umunyamakuru wa Televiziyo Coodrich ikorera mu Rwanda, yapfuye mu buryo butunguranye, aba uwa gatatu upfuye mu gihe kitageze mu kwezi kumwe n’igice. Uyu munyamakuru witwa Jean Claude Nsengimana...
16 May 2022 3690 0

Umunya-Ukraine Budiak yegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda 2022 Musanze-Kigali

Umunya-Ukraine Anatoliy Volodimirovich Budyak ukinira Terengganu Polygon Cycling Team yegukanye Agace ka Gatandatu ka Tour du Rwanda 2022 kahagurukiye i Musanze kagasorezwa kuri Kigali Convention...
25 February 2022 834 0

Sankara yasabye urukiko ko "rwamushyiriramo imiyaga" akagabanyirizwa igihano

Nsabimana Callixte ‘Sankara’ yasabye Urukiko rw’Ubujurire kumworohereza na we agahabwa igihano gito kuko bamwe mu bo babanye mu Mutwe w’Iterabwoba wa FLN batigeze bagezwa mu nkiko. Ni ubusabe...
26 January 2022 892 0

Muhanga: Hitabajwe ubwato bwa Gisirikare nyuma yo kugongana kw’amato 2 abantu bakarohama

Ubwato bw’ibiti bubiri bwagonganiye ku cyambu kiri ku kiraro giheruka gucika gihuza Akarere ka Muhanga na Gakenke,bamwe mu bagenzi babanza kuburirwa irengero. Iyi mpanuka yabereye mu mugezi wa...
4 January 2022 4106 0

Sankara yahishuye uko Rusesabagina yateguye ibitero mu Rwanda

Nsabimana Callixte wakoresha izina rya Sankara mu gisirikare cya FLN,yavuze ko ibitero byagabwe ku butaka bw’u Rwanda muri 2018 na 2019 n’abarwanyi bawo byatangiye gutegurwa na Paul Rusesabagina...
24 June 2021 1698 0

FERWACY yahamagaye abakinnyi 15 bagomba gutangira imyitozo yo kwitegura Tour du Rwanda

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi 15 bazitabira imyitozo mu byiciro bitatu, akaba ari bo bazavamo abakina irushanwa rya Tour du...
18 March 2021 321 0

RCS yavuze ku byavuzwe n’umukobwa wa Rusesabagina ko se adafungiye i Mageragere

Me Gatera Gashabana wunganira Paul Rusesabagina, yandikiye Urukiko rukuru arusaba kurekura uwo yunganira nk’indishyi y’uko uburenganzira bwe bubangamiwe, nk’uko...
23 January 2021 5710 0

Meya wa Rutsiro yakoze ubukwe budasanzwe [AMAFOTO]

Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, mu Ntara y’Iburengerazuba, Ayinkamiye Emérence,yakoze ubukwe budasanzwe nyuma yo kwemera kubana akaramata n’umukunzi we Nsengimana Fabrice imbere y’Imana n’abantu....
13 September 2020 8966 0

Ubushinjacyaha bwashinje umunyamakuru Phocas Ndayizera kwitwaza intambi zituritsa we arabihakana

Inzobere mu bya gisirikare zivuga ko ibikoresho zashyikirijwe ngo zisuzume mu rubanza rwitiriwe uwitwa Phocas Ndayizera bifite ubushobozi bwo ku rwego rwo hejuru bwo guturitsa no kuba byasenya...
23 July 2020 1367 0

Covid-19:RMC yikomye abantu bafite Televiziyo zikorera kuri YouTube

Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC) rwatangaje ko abafite Televiziyo kuri YouTube batemerewe kujya gukorana ibiganiro n’abaturage babateranyirije hamwe ngo nibarangize biyite ko ari abanyamakuru...
14 April 2020 2019 0

Imodoka yari itwaye Team Rwanda muri Grand Prix Chantal Biya yakoze impanuka

Imodoka ya Coaster yari itwaye abakinnyi b’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare, Team Rwanda yari kumwe n’abo muri Bourkina Faso na Côte d’Ivoire, bari mu irushanwa rya Grand Prix Chantal Biya...
30 September 2018 1893 0

Rulindo: Umuturage yagiye gutora abadepite yambaye ivara nk’ umugeni

Umuturage wo mu murenge wa Murambi mu karere ka Rulindo witwa Nzamugurinka Venantie yitabiriye amatora y’ abadepite yambaye ivara nk’ umugenzi ugiye gusezerana.
3 September 2018 4299 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210