Dr Deo HABYARIMANA, Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda no muri Kaminuza zigenga, ni umuhanzi wari umenyerewe mu muziki w’indirimbo z’IMANA, noneho yabazaniye agashya mu ndirimbo ihimbaza ibirori...
Abantu 17 bari mu byiciro bine nibo Polisi yafashe mu bihe bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kurwanya Koronavirusi. Beretswe itangazamakuru uyu munsi taliki ya 14 Kamena, muri bo harimo abantu...
Umugabo witwa Habumugisha Patrice wo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge,yatawe muri yombi ari gusezerana nyuma yo gushinjwa icyaha cyo gutera inda umwana uri munsi y’imyaka 18...
Murekatete Thriphose, Nyirinkuyo Mediatrice, Kanyamashuri Janvier na Tuyizere Michel nibo batorewe kuzahagararira umuryango wa RPF Inkotanyi mu matora y’abadepite mu karere ka...
None kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama...
Abaturage bo mu turere twa Karongi na Rutsiro barishimira umuhanda wa Kaburimbo Kivu Belt bahawe na perezida wa Repubulika, bakaba bemeza ko woroheje ubuhahirane hagati ya bo n’ibindi bice...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Abantu batatu barimo umugore umwe bafatiwe mu mukwabu wari ugamije kurwanya ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge mu karere ka Nyamagabe.
Mu mukwabu wabaye mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu,...
Abantu 6 barimo abagore batatu bafunzwe na Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba nyuma yo gufatanwa urumogi mu turere twa Rubavu, Rusizi, Rutsiro na Nyamasheke. Bafashwe mu bihe bitandukanye...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki 21-30 Mata 2024, hateganyijwe imvura iri hejuru y’iyari isanzwe igwa mu gihugu cyane cyane mu bice...
To sustain and enhance targeted gross revenue in respective Zone by effective implementation of planned strategies that aim at improving distribution...
Umuyobozi Mukuru wa Meteo Rwanda Gahigi Aimable,yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye kwigengesera kuko muri uku kwezi kwa Mutarama 2024 hari ibice imvura izagwa ari nyinshi...
Inteko yiga ku murage w’isi y’Ishami rya ONU ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO) iteraniye i Riyadh muri Arabia Saoudite kuwa kabiri yemeje Parike ya Nyungwe nk’ahandi hantu hashya ku rutonde...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko akarere ka Gasabo ari ko kaza ku mwanya wa mbere mu kugira umubare w’imiryango yasezeranye byemewe n’amategeko muri...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu , Dr Jean Damascène Bizimana yatangaje ko hagiye gukorwa amavugurura mu buryo ibiganiro byatangwaga kuri gahunda ya Ndi Umunyarwanda,...