U Rwanda rurizihiza umunsi wo kwibohora ku ncuro ya 29. N’igihe cyo kwisuzuma no kurebera hamwe ibikwiye gushingirwaho mu guhamya kwibohora nyako nyuma y’imyaka 29...
Abaturage bo muri Bwito, Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru) basabye, kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga, ko ingabo za EAC zoherezwa mu karere kabo gutandukanya inyeshyamba za M23...
Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yamaze kugura rutahizamu w’Umurundi, Richard Kirongozi Bazombwa wakiniraga ikipe ya Bumamuru FC yo mu Burundi.
Kirongozi w’imyaka 23 y’amavuko asanzwe akinira...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bwo mu kirere, METEO Rwanda, cyateguje ko uku kwezi kwa Kanama kuzarangwa n’umuyaga mwinshi mu bice bimwe na bimwe ndetse n’imvura...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Kamena 2023, hateganyijwe umukino wa Super Cup uzahuza amakipe y’abakeba mu rw’imisozi 1000, Rayon Sports na APR FC, kuri Kigali Pele Stadium saa...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko akarere ka Gasabo ari ko kaza ku mwanya wa mbere mu kugira umubare w’imiryango yasezeranye byemewe n’amategeko muri...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango,bavuga ko basanze umurambo w’umugore utabashije kumenyekana mu cyuzi cyuhira umuceri.
Isoko ry’inkambi ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe, mu Murenge wa Gasaka ryafashwe n’inkongi mu ijoro ryo ku wa 16 Gashyantare 2024. Bivugwa ko yakomotse ku muriro...
Mu mezi atatu ashize Polisi y’u Rwanda yafashe abantu bagera kuri 70 bakekwaho ubujura bw’amatungo bumaze iminsi bugarukwaho, biganjemo abo mu Karere ka Muhanga bangana na 1/2...
Umutwe wa M23 wigaruriye uduce twa Kashuga na Misinga duherereye ku bilometero bibarirwa mu icumi uvuye i Mweso nyuma yo gutsinda FARDC kuri uyu wa Gatanu.
Kuri iki cyumweru tariki ya 10 Werurwe 2024,ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiriye amakuru avuga ko M23 yishe General Iyamuremye Gaston wiyitaga Byiringiro Victor,uri mu bayobozi bakomeye ba...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko Guverinoma yakuyeho Nkunganire yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu byatumye igiciro cy’ingendo...
Sosiyete sivile ya Kasindi muri teritwari ya Beni ( Kivu ya Ruguru) irahamagarira ingabo za leta gukora ibishoboka byose kugira ngo ihagarike M23 iri kwerekeza mu majyaruguru y’iyi...
Umuherwe w’Umunyarwanda Tribert Rujugiro Ayabatwa, wari umaze imyaka yarahunze u Rwanda, yapfuye ku myaka 83 mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 17 Mata...