Kuri uyu wa mbere,urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo ku bujurire Dr Kauyumba Christopher yajuriyemo,ku gihano yafatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuwa 05 Ukwakira 2021...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, rwategetse ko Dr Kayumba Christopher afungwa by’agateganyo iminsi 30 muri Gereza ya Nyarugenge, mu rubanza rwasomwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 5 Ukwakira...
Rtd Brig. Gen George RWIGAMBA yageze mu rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) kuri 29 Werurwe 2016 asimbuye Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE umwanya yari amazeho imyaka 5.
Ubwo...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko imwe mu midugudu yo mu karere ka Nyarugenge,Nyamagabe na Nyamasheke yakomorewe ikurwa muri gahunda ya Guma mu rugo gusa umudugudu umwe wo...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Hagenimana Jean Paul uzwi nka Bushali na Nizeyimana Slum (Slum Drip), aba bombi bagize itsinda rizwi mu njyana ya Kinyatrap na Uwizeye Carine...
Dr Habumugisha Francis ufite Television ya GoodRich mu Mujyi wa Kigali, waherukaga gukatirwa n’urukiko rwa Nyarugenge gufungwa by’agateganyo, hari amakuru avuga ko ubu yibereye...
Umunyezamu Ndayishimiye Eric Bakame yaraye atsinze ikipe ya Rayon Sports FC mu rukiko rw’ubujurire rwa Nyarugenge nyuma yo kujuririra icyemezo cyari cyafashwe muri Gashyantare uyu mwaka n’urukiko...
Urukiko rwa Nyarugenge rwategetse ikipe ya Rayon Sports kwishyura Ndayishimiye Eric Bakame akayabo ka miliyoni 7,120000 Kubera kumwirukana bidakurikije...
Nubwo umujyi wa Kigali uza ku isonga mu mijyi myiza yo muri Afurika,usanga hari uduce twinshi tugikeneye izindi mbaraga kugira ngo umwanda ukabije n’akajagari bibe...
Kuri uyu wa Kane Taliki ya 04 Ukwakira 2018,nibwo urukiko rwa gisirikare rwa Nyarugenge rwaburanishije ku ifungwa n’ ifungurwa by’agateganyo Sergeant Butare Jean Bosco ukurikiranyweho kwica arashe...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Kanama 2017, abaturage benshi muri gare ya Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge, bashyamiranye n’abashinzwe irondo ubwo bafataga umusore umwe bamwita...
Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko utatangajwe amazina utuye mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge avuga ko atazongera kubyara ukundi bitewe n’uburyo ngo atitaweho aho yari yagiye kubyarira...
Umugore witwa Nyabyenda Sarah wabyariye ku bitaro bya Muhima akomeje kuvuga ko yabyaye agahabwa umwana umwe nyamara ngo we n’umugabo we bari babwiwe mbere y’uko azibaruka impanga.
Nyabyenda Sarah...
Abanyamategeko Gatera Gashabana na mugenzi we Pierre Ruberwa babwiye urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge mu mujyi wa Kigali ko umutungo wo kwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara baburanira wagurishijwe...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko dosiye iregwamo Umunyamakuru wigenga, Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha, gukoresha ibikangisho n’icyaha cyo...
Abagore 13 bari barahamijwe icyaha cyo gukuramo inda bari bafungiwe muri gereza ya Nyarugenge, Ngoma Musanze na Nyamagabe nibo bahawe imbabazi bahawe imbabazi na Perezida...