Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda, Nyirasafari Espérance, yitandukanyije n’imyumvire n’imigirire nk’iyerekeye “Iyimikwa ry’Umutware w’Abakono’’, anasaba imbabazi Perezida Paul Kagame n’Abanyarwanda, ku bwo...
Mu mudugudu wa Kadahokwa, Akagari ka Ryakibogo Umurenge wa Gishamvu mu karere ka Huye mu ntara y’ amagepfo, umuryango wa Sekora Louis na Nyirasafari Antonia ubayeho mu buzima buteye ishavu...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu, Senateri Nyirasafari Esperance wahoze ari Minisitiri wa Siporo n’umuco yakoze ihererekanyabubasha na ba Minisitiri Munyagaju Mimoso Aurore na Rose Mary Mbabazi...
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Espérance, yanenze inyigisho z’umuvugabutumwa wigisha avuga ko nta mugabo w’ingazwa uzajya mu ijuru, avuga ko nta wari ukwiye guterwa...
Umuhanzi Eric Senderi Hit wamamaye ku mazina atandukanye mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, yandikiye ubutumwa burebure Minisitiri mushya w’Umuco na Siporo Nyirasafari Esperance amusaba kuzakora...
Abana b’ imfubyi barererwaga mu kigo cy’ imfubyi cya CENA mu Rusayo mu Murenge wa Gashonga ho mu karere ka Rusizi, bamwe bimuriwe I Kigali abandi bimurirwa mu karere ka Nyamagabe.
Iki cyemezo...
Uwitwa NYIRASAFRI Afisa mwene Bonane Wilson na OSHIDA Beatrice utuye mu Umudugudu w’Amahoro Akagali ka Rwezamenyo Akarere ka Nyarugenge Umujyi wa Kigali yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe...
Hirya no hino mu mihanda hakomeje kugaragara abana bata imiryango bakajya kuba mu mihanda, Minisiteri y’ uburinganire n’ iterambere ry’ imiryango ivuga ko benshi muri abana bana ari bafite ababyeyi....
Nyuma y’iminsi mike hadutse inkuru ivuga ku gitaramo cyo gusambana kigiye kubera mu Mujyi wa Kigali, kigatungura abantu benshi, ubu hamaze kwemezwa ko iki gitaramo kitakibaye n’ubwo nta Tangazo...
Mu Kinyarwanda baravuga ngo, “Ugira umugira inama aba agira Imana”, hari byinshi mwigira kuri twe dushinzwe kubagira inama, aya ni amagambo yavuzwe na Perezida w’ umutwe w’ abadepite akaba n’ umwe mu...
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Kinyabab, abaturage bagera kuri 20 bajyanywe kwa muganga nyuma y’uko bariye ibiryo bihumanye mu bukwe bw’umuturanyi bari bitabiriye.
Ibi byabaye mu mpera...
Mu muhango wo guhererekanya ububasha hagati y’uwahoze ari minisitiri w’umuco na siporo Nyirasafari Esperance n’uwamusimbuye, Minisitiri Munyangaju Mimosa Aurore,hemejwe ko hamwe mu hantu hakwiye...
Umuhanzi Nsengiyumva Francois uzwi nka Igisupusupu yavuze ko inkubiri yo kwigarurira imitima y’abakunzi ba muzika mu Rwanda yakomereje ku bayobozi kuko ngo Meya wa Gatsibo asigaye amwirahira...
Uhohotera umugore n’umukobwa wese yikosore, natikosora azabisobanura imbere y’amategeko: Ibi Perezida w’Inteko ishinga amategeko umutwe wa Sena Bernard Makuza yabivuze kuri uyu wa gatanu tariki ya...
Kuri uyu wa Kabiri ushize tariki ya 16 Gicurasi 2017 nibwo Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango (MIGEPROF), yatangaje ko mu mwaka wa 2016 abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 16 na 19...