Abasirikare ba Ukraine bari mu butumwa bwa ONU bwo kugarura amahoro muri DR Congo babuvuyemo barataha ku busabe bwa leta yabo, nk’uko bitangazwa na MONUSCSO.
Umunya-Bresil General Marcos Da...
Mu minsi ishize, I Goma muri Congo hadutse imyigaragambyo itari iya Leta yamagana ingabo za Monusco zitishimiye imigirire yazo mu kubarindira umutekano.
Abantu b’ingeri zitandukanye bakomeje kwamagana ubwicanyi bwakozwe n’ingabo za MONUSCO ku cyumweru ku mupaka wa Kasindi muri Kivu ya ruguru uhuza DRC na Uganda.
Abantu babiri barishwe abandi...
Ku biro bya MONUSCO i Goma, habereye imyigaragambyo idasanzwe kuri uyu wa Mbere, maze ibiro bakoreramo byigabizwa n’abigaragambya babyinjiyemo, bagasahura bimwe mu bikoresho...
Ibihumbi by’abagore b’abanye Congo bateraniye mu Mujyi wa Goma muri Kivu ya Ruguru kuri uyu wa 22 Nyakanga 2022 mu myigaragambyo yo kwamagana Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura amahoro...
Umuryango w’abibumbye (ONU) uburira ko mu gihe u Burundi bwitegura amatora ya Perezida yo mu mwaka utaha wa 2020, hari impungenge ko haba ubundi bwicanyi mu...
Umunyamabanga Mukuru wa Loni ishinzwe amahoro, Jean Pierre Lacroix, ubwo yari mu ruzinduko muri RDC,yavuze ko MONUSCO,ishaka guha ibikoresho ingabo z’umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC,...
Abaturage batatu bapfuye mu gitero cyibasiye uruhererekane rw’imodoka z’ingabo za ONU kuwa kabiri nimugoroba ahitwa Munigi muri 7Km mu majyaruguru uvuye i Goma.
Ingabo za MONUSCO zatangaje ko aba...
Guverinoma ya Congo ivuga ko yamaganye igikorwa cyo kurasa ku ndege ya MONUSCO aho yashinje umutwe wa M23 kuba inyuma y’iki gitero.
Ibi byabaye mu gihe ku wa Gatandatu i Bujumbura hateranye...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, abaturage bongeye gukora imyigaragambyo yo kwamagana ingabo za ONU mu mujyi wa Beni, mu ntara ya Kivu ya Ruguru.
Imyigaragambyo yaganaga ku kicaro cya...
Amakuru aturuka muri Congo ,mu ngabo za MONUSCO aravuga ko undi musirikare wazo yishwe n’ishyemba mu gitero cyagabwe mu ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Congo.
Ibi bikurikiye abasirikare...
Nyuma yaho Abasirikare umunani bo mu ngabo za LONI zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) baguye mu ndege yarashwe kuri uyu wa Kabiri ubwo bari mu...
Abagize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Nzeri uyu mwaka, bameje bidasubirwaho ibihano bishya kuri Koreya ya Ruguru byateguwe na Leta zunze ubumwe...
Abasirikare babiri mu basirikare ba ONU bo mu mutwe w’ingabo za Minusma bagiye kugarukana amahoro muri Mali barishwe abandi barakomereka bikomeye inyuma y’aho imodoka barimwo iciriye ku gisasu...
Amashusho yakwirakwijwe n’abo mu mitwe ya Wazalendo yanengaga ingabo za MONUSCO zarebereye inyeshyamba za M23,ubwo abo barwanyi banyuraga ku cyicaro cyayo batonze umurongo,ntibarase kandi mu minsi...
Leta y’u Rwanda yasubije kuri raporo y’itsinda ry’inzobere z’umuryango w’abibumbye (ONU) irushinja gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ivuga ko...
Raporo nshya ya leta ya Somalia n’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) ivuga ko abantu barenga 43,000 bashobora kuba barapfuye muri Somalia mu mwaka ushize, nyuma yuko ibihe by’imvura byinshi...
Inteko rusange y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) yateraniye i New York ku wa kane yatoye ku bwiganze ishyigikira umwanzuro wamagana igitero cy’Uburusiya kuri Ukraine cyatangiye mu mwaka umwe ushize....
Perezida Evariste Ndayishimiye w’Uburundi yasabye ishyirahamwe mpuzamahanga ONU ko rikwiye kumenya ko Uburundi bwateye intambwe mu by’ umutekano kandi ko butakiri igihugu...
Raporo nshya y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) ivuga ko imyaka za mirongo yashize hari ugutera intambwe ku cyizere cyo kubaho, uburezi n’uburumbuke mu bukungu yatangiye kuba impfabusa kuva icyorezo...