Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo iravuga ko abantu 14 bakekwaho kuba abarwanyi ba cy’isilamu baguye mu mirwano taliki ya mbere uyu umwaka bahanganye n’ingabo za leta zishyigikiwe n’iza ONU...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof.Shyaka Anastase,yatangaje ko kubera ingamba zikomeye zo kwirinda Covid-19,hamaze gufungwa utubari 9600 two hirya no hino mu...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yatangaje gahunda ye yo gusoza ubushyamirane bumaze amezi hagati ye n’uwo yasimbuye Joseph...
Iran yasezeranyije ko izahorera iyicwa rya Mohsen Fakhrizadeh, wari umwe mu bahanga bayo bakomeye mu bumenyi bwa nikleyeri, wiciwe hafi y’umurwa mukuru Tehran ku wa...
Amasaha 72 yari yahawe ingabo z’ishyaka Tigray People’s Liberation Front (TPLF) kuba zashyize intwaro hasi yarangiye nta kintu zikoze,bituma Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed yemeza ko...
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yavuze ko igihe ntarengwa cyari cyahawe ingabo za Tigray ngo zibe zamanitse amaboko cyamaze kurenga, ko ubu hagiye kugabwa igitero cya nyuma ku murwa...
Ibisasu bya rokete byarasiwe mu karere ka Tigray ko mu majyaruguru ya Ethiopia birenga umupaka bigwa mu murwa mukuru wa Eritrea, nkuko ibitangazamakuru byaho n’abahagarariye ibihugu by’amahanga...
Umwembe ni umwe mu mbuto zizwi cyane kandi zikundwa na benshi kubera impumuro n’uburyohe ufite, ukungahaye ku ntungamubiri zitandukanye dore ko witwa “umwami w’imbuto“. uba mu mabara 3; icyatsi,...
Abantu bagera hafi ku 100, barimo n’abaturage b’abasivile, ni bo bamaze gupfira mu mirwano ikomeje kuba hagati y’ingabo za Armenia n’iza Azerbaijan zipfa akarere ka...
Icyiciro cya gatatu cy’impunzi 511 z’Abarundi, cyahagurutse mu nkambi ya Mahama mu gitondo uyu munsi kuwa kane gitahutse nk’uko bivugwa na minisiteri ifite impunzi mu nshingano zayo mu...
Nubwo mu busanzwe akenshi dupfa kurya uko tubonye, ariko burya umugore utwite hari ibyo aba agomba kwitaho no kuzirikana. Ni mu gihe kuko aba agomba kubungabunga ubuzima bw’abantu babiri...
Umusirikare w’u Rwanda wari mu butumwa bw’amahoro (MINUSCA) muri Repubulika ya Centrafrique yiciwe mu gitero cyagabwe kuri izo ngabo mu gace ka Nana-Mambéré kari mu majyaruguru y’uburengerazuba...
Ibiro bya perezida w’u Burundi byatangaje abagize guverinoma nshya, biganjemo abava mu ishyaka riri ku butegetsi, hafi 30% ni abagore, umwe muri bo yafatiwe ibihano na Amerika n’ubumwe...
Ikipe ya Napoli yatwaye igikombe cya Copa Italia 2020 nyuma yo gutsindira Juventus kuri penaliti 4-2 nyuma y’iminota 90 yarangiye amakipe yombi anganya 0-0 kuri stade Olimpico y’I...