Perezida wa Leta zunze Ubumwe Donald Trump yaraye atangaje ko igihugu cye kivuye mu masezerano yo kurwanya intwaro z’ ubumara zikorwa na Iran, Perezida wa Iran Hassan Rohani avuga ko Trump...
US Secretary of State Mike Pompeo arrived in Pyongyang to prepare for historic talks between North Korean leader Kim Jong-Un and President Donald Trump.
Umubyeyi w’uwahoze ari perezida wa Amerika George W Bush witwa Barbara Bush yitabye Imana ku myaka 92 y’amavuko nyuma yo kwanga gufata imiti ubwo yari...
Ubwo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hajyagaho ingoma ya Trump, perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yizeye kuzagirana umubano mwiza na Leta zunze ubumwe z’Amerika, ariko uko iminsi...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yamaze kuvumbura abatekamutwe bashinze ambasade yayo baringa mu gihugu cya Ghana, bari bamaze imyaka icumi batanga viza, impamyabumenyi n’ibyangombwa byo...
Donald Trump, uherutse gutorerwa kuyobora Leta zune Ubumwe z’ Amerika yashyizeho Umunyamabanga wa Leta mushya usimbura John Kerry
Kuri uyu wa 13 Ukuboza 2016 nibwo Rex Tillerson, umucuruzi...
Kuri uyu munsi wa noheli, abakiristu ku isi bibuka ivuka rya Yezu, umushumba mukuru wa kiliziya gatolika Papa Francis, yifurike abatuye isi amahoro, asaba ko intambara zishyingiye ku iterabwoba...
Abaririmbyi bakunze cyane ku Isi barimo Celine Dion, John Legend n’ abandi banze kuzaririmba mu muhango w’irahira rya Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, maze...
Donald Trump uheruka gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’Amerika, yashimye imyitwarire ya Vladimir Putin w’Uburusiya kuba atarirukanue abadiplomate b’Amerika nyuma y’ibihano Obama yafatiye...
Perezida Donald Trump uheruka gutorerwa gusimbura Brack Obama ku buyobozi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika yifurije umwaka mushya muhire wa 2017 abanzi be ndetse na bamwe mu bantu bamurwanyije...
Rutihazamu w’umunyarwanda ukinira ikipe ya AS Vita Club, Sugira Ernest yagaragaye ku rutonde rw’abakinnyi 26 umutoza wa AS Vita Club, Frolent Ibenge Ikwanga azifashisha mu mikino nyafurika...
Michael Flynn yeguye ku wa Mbere
Ishyaka ry’Aba- républicain riri ku butegetsi muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, ryashyigikiye ko Michael Flynn wahoze ari umujyanama wa Trump mu by’umutekano,...
Abantu benshi bibasiye Umufasha wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump bamuziza ko yasomeye isengesho rya ‘Dawe uri mu Ijuru’ mu ruhame.
Ku wa Gatandatu, Melania ari kumwe...
Mahmoud Ahmadinejad wahoze ari Perezida wa Irani yandikiye Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump ubutumwa buvuga kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika anagira inama Trump.
Mu ibaruwa...
Jared Kushner, Umukwe wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), yemeye gutanga ubuhamya kuri komisiyo ya Sena ya Amerika ishinzwe ubutasi, mu iperereza ku ruhare Abarusiya...
Leta ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika iyobowe na Prezida Donald Trump ikomeje gutunga agatoki igihugu cy’ u Burusiya, ku kugaba ibitero mu gihugu cya Ukraine.
Ibyo byatangajwe na Minisitiri w’...
Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
Nyuma y’amasaha make Perezida Trump avuze ko agiye kureba igikwiye ku cyemezo cyo kuva mu masezerano ya Paris, kuri uyu wa Kane 01, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikuye mu masezerano...
Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...