Kizigenza Cristiano Ronaldo yakoze agahigo gashya ko kuba umukinnyi ukiniye imikino myinshi ikipe y’igihugu mu gihe Harry Kane we yabaye umukinnyi watsindiye ibitego ikipe y’igihugu y’Ubwongereza....
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Portugal biravugwa ko rishaka guha akazi José Mourinho agasimbura Fernando Santos. Gusa ngo Mourinho azabifatanya no gutoza AS Roma.
Ikipe ya Portugal...
Rutahizamu wa Ghana Osman Bukari avuga ko atasuzuguye Cristiano Ronaldo ubwo yiganaga uko iki gihangange cya Portugal cyishimiye igitego cyari kimaze gutsinda mu mukino wahuje Ghana na Portugal,...
Nyuma yo kwegukana Euro 2020 mu mpeshyi ishize, Ubutaliyani bwananiwe kujya mu gikombe cy’isi 2022 nyuma yo gutsindwa na North Macedonia igitego 1-0 mu mikino ya kamarampaka yo kwerekeza muri...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yongeye kuvugwa mu bitangazamakuru ku byerekeye ubusambanyi nyuma y’aho umunyamideli w’Umunya Portugal witwa Natacha Rodriguez yavuze ko yamushotoye...
Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,yamaganye ibihuha byavugaga ko agiye gusubira muri Real Madrid nyuma y’amasaha make n’umutoza Carlo Ancelotti avuze ko batazigera bagarura uyu munyabiwgi...
Myugariro w’ikipe y’igihugu y’Ubudage, Robin Gosens yavuze ko nyuma y’umukino ikipe ye ya Atalanta yakinaga na Juventus,yegereye Cristiano Ronaldo amusaba umupira we undi arawumwima kuko yari...
Myugariro wa Manchester City ukomoka muri Portugal,Ruben Dias niwe watowe nk’umukinnyi w’umwaka muri Premier League n’abanyamakuru bandika [2020/21 Football Writers’ Association Footballer of the...
Rutahizamu w’Umunya Portugal na Juventus,Cristiano Ronaldo,yaraye yegukanye igikombe cya 34 mu mateka ye ubwo Juventus yatsindaga Atalanta ibitego 2-1 yegukana igikombe cya Coppa Italia 2021 ari...
Kizigenza mu ikipe ya Portugal na Juventus,Cristiano Ronaldo yahishuye ko nubwo ku isi hari abakinnyi bakiri bato benshi ariko abona Haaland na Mbappe aribo bari...
Amakipe yo mu Bwongereza no muri Espagne yakomeje kuyobora Europa League muri iyi myaka ishize kuko ikipe iheruka gutwara iki gikombe idaturuka muri ibyo bihugu ari FC Porto, yatsindiye Braga ku...
Umunya Portugal Jose Mourinho wari umaze iminsi ashinjwa gusubira inyuma ndetse ko atazongera kubona ikipe ikomeye,yamaze gusinya amasezerano y’imyaka 3 mu ikipe ya AS Roma yo mu gihugu...
Ikipe y’igihugu ya Mozambique "MAMBAS" yakoreye imyitozo ya nyuma kuri stade ya kigali i Nyamirambo, yitegura umukino uzaba ku munsi w’ejo saa cyenda mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika...
Mu mukino wo kwishyura wa 1/32 cya UEFA Europa League,ikipe ya Arsenal yarokotse hamana ikipe ya Benfica Lisbon yo muri Portugal kuko yayitsinze igitego cy’intsinzi ku munota wa 87 ibifashijwemo...
Umunya Portugal,Jose Mourinho,utoza ikipe ya Tottenham yongeye kujya mu muvumo wo kwivuga ibigwi nyuma y’aho abonye ko atagihagaze neza mu bijyanye no guhesha amakipe ibikombe nkuko yahoze...
Umutoza Didier Gomes Da Rosa, ufite ubwenegihugu bw’Ubufaransa na Portugali, kuri iki cyumweru yerekanwe ku mugaragaro nk’umutoza mushya w’ikipe ya Simba SC yo muri...
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Portugal, ukinira ikipe ya Juventus de Turin yo mu Butaliyani,usanzwe afite agahigo ko kuba umuntu wa mbere ukurikirwa n’abantu benshi ku rubuga nkoranyambaga rwa...
Amakipe yabaye aya mbere n’aya kabiri mu mikino ya Europa League ndetse n’ayabaye aya 3 muri UEFA Champions League yamaze kumenya uko azahura muri 1/32 aho ikipe ya Arsenal yatomboye Benfica yo...
Umujura wo mu gihugu cya Portugal ari guhigwa bukware nyuma yo kwinjira mu rugo rwa kizigenza Cristiano Ronaldo akiba bimwe mu bintu bitandukanye gusa iyi nzu yarimo nyina w’uyu mukinnyi Dolores...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yaraye atsinze ibitego 2 mu mukino ikipe ye ya Juventus yanganyije na AS Roma ibitego 2-2,byatumye uyu munya Portugal akora akandi gahigo...
Umunya Portugal Bruno Fernandes ukinira Manchester United yatangaje ko kizigenza Cristiano Ronaldo bakinana mu ikipe y’igihugu ahora amubaza ku iterambere ry’iyi kipe yahoze akinira mu myaka 11...
Abafana b’ikipe ya FC Porto bakoze agashya kadasanzwe ubwo buriraga stade y’ikipe yabo bafite n’ibishashi by’umutuku bayifanira ku gisenge ubwo yakinaga na Maritimo muri shampiyona ya Portugal izwi...