Ikipe ya Manchester united yo mu gihugu cy’u Bwongereza yamaze gusinyisha myugariro w’umunya Sweden w’imyaka 22 Victor Lindelof imukuye mu ikipe ya Benfica Lisbon yo muri Portugal.
Uyu musore...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Umunya Portugal Cristiano Ronaldo yabwiye abakinnyi bakinana ko atacyifuza gukina muri Espagne mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo gushinjwa kunyereza imisoro irenga miliyoni 13 z’amapawundi ibirego...
.Ikipe yifuza Ronaldo igomba kumutangaho miliyoni 1000 z’amayero .Ronaldo arashinjwa kutishyura imisoro .Ronaldo yatangaje ko yifuza kuva mu ikipe ya Real Madrid .Paris saint-Germain na Manchester...
Nkuko byatangajwe ni umutoza w’ikipe y’igihugu ya Chile Juan Antonio Pizzi, kizigenza w’iyi kipe Alexis Sanchez n’umunyezamu wabo wa mbere Claudio Bravo bashobora kutagaragara ku mukino wo kuri iki...
Umuryango w’umutoza Jose Mourinho utoza Manchester United uri mu gahinda nyuma y’aho se umubyara Felix Mourinho yitabye Imana ku myaka 79 y’amavuko.
Uyu musaza wakinnye umupira w’amaguru akina...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukina umupira w’amaguru mu ikipe ya Al Nassr, niwe waje ku isonga ku rutonde rwa Forbes rw’abakinnyi bahembwa menshi kurusha abandi ku isi,ibintu agezeho ku nshuro ya...
Intandaro y’iki cyemezo, nk’uko ibiro bya Perezida Volodymyr Zelensky byabitangaje ku mbuga nkoranyambaga, ni uburyo abasirikare b’Uburusiya barimo batera imbere ku rugamba mu karere ka Kharkiv, mu...
Ikipe ya Liverpool ntizongera gutekereza kuri Xabi Alonso nyuma y’uko yiyemeje kuguma mu ikipe arimo ubu ya Bayer Leverkusen agiye no guhesha igikombe cya...
Abafana ba Manchester United bahawe impano ya Noheri hakiri kare nyuma y’uko Sir Jim Ratcliffe wari amaze igihe kinini ategerejwe kugura imigabane ingana na 25% abigezeho kuri iki...
Umutoza Jose Mourinho yongeye kugaragaza agahinda gakomeye yatewe no kwirukanwa na Tottenham aho yayise ikipe ifite ’“icyumba kitarimo igikombe na kimwe.”
Mu mikino ya Champions League habaye tombola y’uko amakipe azahura muri 1/16 cya UEFA Champions League aho ikipe ya Arsenal izahura na FC Porto mu gihe umukino ukomeye umwe ari uzahuza Inter Milan...
Abantu babarirwa hagati y’ibihumbi 18 na 20, muri iri joro ryo ku wa 27 Ugushyingo 2023 bateraniye ku Ngoro ya Bikira Mariya i Kibeho, aho baje kwizihiza isabukuru y’amabonekerwa, ubundi yizihizwa...
Imijyi myiza kurusha iyindi yose ku isi muri 2023 yashyizwe hanze aho ku rutonde uwa London wigaranzuye iyindi yose ufata umwanya wa mbere uhigitse Paris na New...
Ikipe y’igihugu y’Ubufaransa yatsinze itababariye igihugu cya Gibraltar ibitego 14-0 mu mukino wo gushaka itike ya Euro 2024,bukora agahigo ko kugira intsinzi...
Papa Francis yirukanye musenyeri Joseph Strickland wo muri leta ya Texas muri Amerika, umunenga bikomeye, ukemanga uburyo Papa ayoboyemo Kiliziya Gatolika.
Guverinoma y’Igisirikare cya Mali yavuze ko ingendo z’indege za kompanyi y’Abafaransa, Air France, zerekeza muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba zizakomeza guhagarikwa kugeza igihe isuzuma...