Perezida Joe Biden wa Amerika yameye "muri rusange" kugirana inama na Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya bakaganira ku kibazo cya Ukraine.
Ibyo biganiro byasabwe n’Ubufaransa ntabwo bizaba igihe...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yavuze ko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin atari kuba yarateye Ukraine iyo aza kuba ari umugore.
Johnson yavuze ko igitero cy’Uburusiya...
Umuhungu wa Dmitry Peskov, umuvugizi w’ibiro Kremlin bya perezida w’Uburusiya, yatangaje ko yakoreye Wagner Group muri Ukraine mu gihe cy’amezi hafi atandatu.
Abayobozi ndetse n’ibitangazamakuru byo muri Ukraine baravuga ubwirinzi bw’ibitero by’indege bwari mu kazi i Kyiv mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane kandi humvikanye uguturika kw’ibisasu mu mujyi wa...
Yevgeny Prigozhin yapfuye ku wa Gatatu,tariki ya 23 Kanama,nyuma y’amezi abiri we n’umutwe ayoboye bivumbuye kuri Leta y’u Burusiya ndetse bayitangizaho ibitero nubwo nyuma byaje...
Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin yatangaje ko igihugu ke gisenya intwaro z’ubumara byicisha imyuka y’ubumara. Perezida Putin avuga ko ari ikintu cy’imboneka rimwe.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa...
Prezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko Uburusiya burimo kwitegura gutera ama bombe mu mujyi witwa Odessa,uri mu zikomeye muri Ukraine ndetse ukikijwe n’amazi.
Mu ijambo rye ku munsi...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zizashyigikira Ukraine mu ntambara yayo n’Uburusiya “igihe cyose izafata”, nkuko Perezida Joe Biden yabivuze mu rugendo rwe i Kyiv (umurwa mukuru wa Ukraine)...
Mu burasirazuba bwa Ukraine haravugwa intambara ikomeye mu duce twa Bakhmut na Maryinka aho bivugwa ko ingabo za Ukraine zakumiriye ibitero zagabweho n’izu Uburusiya zishaka kuzitsinsura muri utwo...
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda n’umuhungu we, Gen Muhoozi Kainerugaba, bari i St. Petersburg mu Burusiya aho bitabiriye inama igomba guhuza iki gihugu n’umugabane wa...
Mu gihe ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi byemeje ko Perezida Vladimir Putin yaba ari we wishe inshuti ye Yevgeny Prigozhin, Umuvugizi w’ibiro bya Perezid...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yatangaje kuri Twitter ko "Putin amaze gutangiza ibitero bigari kuri Ukraine".
Dmytro Kuleba yavuze ko Ukraine "izirengera" kandi ko "isi ishobora...
Perezida Vladimir Putin yavuze ko Uburusiya buzashyira muri Belarus intwaro kirimbuzi zikoreshwa ku rugamba, zizwi nka ’tactical nuclear weapons’.
Perezida Putin yavuze ko iki cyemezo...