Miss Iradukunda Michele, Umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda (RTV) na Magic FM, yahishuye agahinda kari kumwica yagize nyuma yo kubyara umwana we w’imfura akamara ibyumweru bitatu...
Umunyamakuru, Gatera Edmond wamenyekanye cyane mu byegeranyo by’imikino mu kiganiro Urubuga rw’Imikino cya Radio Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko na Mukarugamba...
Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru saa cyenda tariki 25 Kamena Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame arakirwa kuri radio abaturage bagire umwanya wo kubaza ibi bibazo.
Ibi byatangajwe n’Umuyobozi...
Manzi James [Humble Jizzo] umwe mu baririmbyi b’itsinda Urban Boyz yagize ibyishimo by’ikirenga nyuma yo kwakira umukunzi we wari umaze iminsi mu mahanga, uyu musore yakundaga kurangwa no kwigunga...
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika nyarwanda yatangaje ko abarangazwa n’imyambarire y’umugore we ari ibisambo, ngo umukunzi we n’umunyamideli ukomeye.
Shalifah Uwimbabazi, umugore...
Umuririmbyi James Manzi uzwi nka Humble Jizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys ahuriyemo na Nizzo , yafashe umwanya asezera abafana n’abakunzi be mu gihe yitegura kujya muri Leta zunze ubumwe za...
Umuririmbyi Humble Jizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys wavuye mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017, yatangaje ko we n’umukunzi we bageze mu mujyi wa New York...
Sacha Kat wavuzwe bigatinda mu rukundo na Nizzo Kaboss wa Urban Boys, yinjiye mu rukundo rushya n’umugabo w’umuherwe wamaze kumugurira inzu n’ibindi bikoresho nkenerwa mu buzima bwa buri munsi....
Umukinnyi Mesut Ozil ukinira ikipe ya Arsenal mu Bwongereza,arashaka kuyivamo akerekeza mu ikipe ya Fernerbache imwifuza mu kwezi kwa mbere ngo akinire ku butaka bwavukiyeho ababyeyi...
Amakuru aturuka mu Bwongereza aravuga ko Arsenal yamaze kumvikana n’umukinnyi wayo Mesut Ozil ko basesa amasezerano y’amezi 6 bari bafitanye nyuma y’aho uyu mukinnyi yari yarakuwe ku rutonde...
Umuhanzi Humble Jizzo wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boys yamaze amakenga abafana be bibazaga ko we n’umuryango we bimukiye muri America nyuma yo kwerekezayo ku wa 24 Nyakanga...
Umunyamakuru, umushyushyarugamba, DJ Anita Pendo yavuze ko umuhanzikazi Butera Knowles ari umuntu wicasha bugufi akaba n’inshuti y’akadasohoka kuva mu bwana bwe.
Mu butumwa yacishije ku rukuta...
Ingabire Butera J’ean D’Arc wamamaye nka Butera Knowless muri muzika Nyarwanda, avuga ko we n’umutware we ari ikipe itsinda, ngo yanyuze mu bizazane bikomeye ariko barakomeje kugeza ku itsinzi...
Madiba Safi wo mu itsinda rya Urban Boys uherutse gushwana n’umukunzi we bari bamaranye imyaka ibiri mu munyenga w’urukundo yatangaje ko atazigera asiba amafoto afitanye nawe , ngo amwibutsa ibihe...
Umuririmbyi Safi Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys yatangaje ko kuba yaratandukanye na Knowless Butera atabyicuza ahubwo ko yishimira intera uyu mugore agezeho.
Yavuze ko yishimira igihe...