Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat ku bibazo by’umutekano mu...
Kuri iki cyumweru tariki ya 7 Gicurasi 2023 ,mu masaha ya saamoya z’umugoroba mu Kagali ka Burunga ya Bwishyura mu Karere ka Karongi Taxi yavaga Rubengera yerekeza mu mujyi wa Karongi yakoze...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 21 Werurwe 2023 i Brussels mu Bubiligi hateraniye inama ya Schuman yiga ku bufatanye bwa Gisirikare n’Umutekano , muri iyo nama Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU)...
Uwahoze ari ministri w’ingabo z’U Rwanda General Marcel Gatsinzi yatabarutse aguye mu gihugu cy’Ububiligi aho yari amaze iminsi atuye.
Uyu musirikare w’igihe kirekire yanabaye no mu gisirikare...
Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo yitabye Imana azize uburwayi, aguye mu bitaro mu Bubiligi aho yari arwariye.
Amakuru y’urupfu rwa Gatsinzi yamenyekanye ku mugoroba wo...
Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye, Minisitiri ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Umuco, na Siporo mu Burundi, Amb. Ezéchiel Nibigira uri mu ruzinduko rw’akazi mu...
Itsinda rihuriweho n’Ingabo zo mu Karere k’Ibiyaga bigari rishinzwe kugenzura ibibera ku mupaka (EJVM) ryagenzuye iraswa ry’umusirikare wa RDC ku mupaka uhuza u Rwanda na Congo.
Uyu musirikare...
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo witwa Ngwabidje Kasi, yasohoye itangazo rivuguruza ibyatangajwe n’igisirikare cy’u Rwanda, ko kuri uyu wa Gatatu abasirikare ba Congo barashe ku barinze umupaka bo...
Ni byiza ko umugore utwite hari ibyo aba agomba kwitaho no kuzirikana mu mirire. Ni mu gihe kuko aba agomba kubungabunga ubuzima bw’abantu babiri icyarimwe: ubwe bwite, n’ubw’uwo...
Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame,yagaragaye mu barinda se nyuma y’amezi make ahawe ipeti rya sous lieutenant.
Uyu musirikare ukiri muto, aheruka kwinjira igisirikare tariki 04...
Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko zarashe umusirikare bikekwa ko ari uwa DRC winjiye mu Rwanda mu masaha ya saa saba z’igicuku.
Itangazo rya RDF rivuga ko uyu musirikare yinjiye arasa, abasirikare...
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko yagiranye ikiganiro "cyiza" (kuri telefone) n’umunyamabanga mukuru wa ONU António Guterres ku kibazo cyo mu burasirazuba bwa DR Congo, ahakomeje imirwano...
Ku wa Gatanu, Ingabo z’ u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Santarafurika zakoze umuganda zinavura abaturage 110 bo mu gace ka Bossembele mu bilometero 150 uvuye mu murwa...
Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi nawe yemeje ko kuva Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zaremeye ko zitagishoboye...
Perezida Félix Tshisekedi yaganiriye ba BBC ku ngingo z’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, Monusco, umubano na Kabila, ndetse yamuhishuriye ko atakibasha guceza mu gihe cye k’ikiruhuko.
Mu...