Ikigo ngenzuramikorere,RURA,cyatangaje ko hari izindi bisi zitwara abagenzi 100 nshya zashyizwe mu mihanda ya Kigali,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mutarama,kugira ngo ngo zunganire...
Bamwe mu banyeshuri basinyanye amasezerano na Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD) muri Kamena 2023, babwirwa ko bazahita bahabwa mudasobwa mu mezi atatu yari gukurikiraho, kugeza ubu...
Uburenganzira Papa Francis yahaye abashumba ba Kiliziya Gatolika mu kwezi gushize bwo guha umugisha ababana ari abatinganyi n’ababana mu buryo butemewe na Kiliziya byamaganywe cyane n’abakuru b’iri...
Kuri uyu wa Kane,tariki ya 21 Ukuboza,Kiliziya Gatolika mu Rwanda yemeje ko idashobora guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza itegeko ry’Imana n’Umuco...
Abanyamuryango ba Koperative COAMALEKA yo mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Karama bishimiye ko umufatanyabikorwa wabo SAEMAUL wo muri Koreya y’Epfo yabubakiye ubuhunikiro bunini ubu bakaba...
Abafana bavuze ko Lionel Messi yatangiye gutinya Cristiano Ronaldo nyuma y’uko Inter Miami ihakanye ko itaremeza neza kuzakina umukino wa gicuti na Al-Nassr.
Uruganda rwenga inzoga rwa SKOL rwamuritse ku mugaragaro igikorwa cyo kwishyurira ubwisungane mu kwivuza ’mutuelle de sante’ abaruturiye 843 bari mu miryango 185...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafatiye mu cyuho Mutembe Tom, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma na Mutabazi Célestin ushinzwe ishami ry’ibikorwa remezo...
Mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga haravugwa inkuru y’umugabo watawe muri yombi na RIB imukurikiranyeho gusambanya umwana w’imyaka itatu(3) y’amavuko.
Ashingiye ku rubanza No RCOM 01352/2022/TC rwaciwe n’urukiko rw’Ubucuruzi ku wa 23/05/2023;
Me Uwitije R. Janvier umuhesha w’inkiko w’Umwuga aremeza ko amenyesha Karemera Swaibu Imikirize...
Mu mwaka utaha mu Mujyi wa Kigali hazatangira gukoreshwa ikoranabuhanga rifasha mu micungire y’ingendo zo mu mihanda rigatanga amakuru atuma hafatwa ingamba zifasha guhangana n’umubyigano...
Guhera tariki ya 6 kugeza ku ya 19 Ugushyingo, mu Rwanda hazabera irushanwa nyafurika rihuza amakipe abarizwa mu karere ka gatanu (CAVB ZONE V) nyuma y’imyaka ine...
Uwitonze Sonia Rolland, uri mu Rwanda mu bikorwa byo gufata amashusho ya Filime yitwa “Entre Deux”, akomeje kuryoherwa n’ibihe ari kugirira mu Karere ka Burera cyane cyane ku Kiyaga cya...
Association des Parents pour la Promotion de Education au Rwanda (APAPER) is a National Non-Governmental Organization established since 1985 and is contributing to the education of Rwanda by...
Association des Parents pour la Promotion de Education au Rwanda (APAPER) is a National Non-Governmental Organization established since 1985 and is contributing to the education of Rwanda by...