Ikipe ya APR FC yakoze ibyo benshi mu bakunzi bayo bari bayitezeho itsindira Espoir FC ku kibuga cyayo igitego 1-0 naho AS Kigali inganya na Police FC ibitego 2-2 mu mukino washyushye mu gice cya...
Umubyeyi witwa Mukashyaka Louise utuye mu Mudugudu wa Nyabihanga mu Kagari ka Karenge mu Murenge wa Rwimbogo w’akarere ka Rusizi arasaba abagira neza kumufasha umwana we akavugwa kuko yamize...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi mu murenge wa kamembe yataye muri yombi Rukerabayo Elias w’imyaka 48 kuri uyu wa gatatu taliki ya 24 Mutarama nyuma yo kumufatana amafaranga y’u...
Umugabo witwa Twagirayesu w’imyaka 34 wo mu karere ka Rusizi, avuga ko guhera mu mwaka 2014 yatangiye kujya akorana n’imyuka y’ikuzimu.Uyu mugabo avuga ko yajyanywe n’umwe mu baririmbyi basanzwe...
“Natwaye ijana n’itanu(yashakaga kuvuga 150Rwf), noneho mama aranginje arankwika” Imvugo y’umwana agerageza kumvikanisha uko byagenze kugirango umubyeyi we amutwike.Ni mu Kagari ka Nyange, Umurenge...
Umuturage witwa Uwimana Samuel utuye mu mudugudu wa Rusayo, Akagari ka Nyange mu Murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi aravuga ko umuyobozi w’uyu mudugudu aherutse kumukubita amusanze ku irondo....
Mu Burengerazuba bw’u Rwanda mu Karere ka Rusizi Mu mudugudu wa Runanira Mu ka Kagari ka Hangabashi mu Murenge wa Gitambi bamwe baturage bavuga ko umugore w’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’aka...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 kanama 2017 Ababyeyi babyukiye ku murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba bagiye gukorera ubuvugizi mugenzi wabo wakubiswe n’umupolisi...
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe wiyamamariza umwanya wa Perezida w’ u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nyakanga yiyamamarije I Kamembe mu karere ka Rusizi yizeza abaturage ko nibamutora...
Abaturage bo mu Murenge wa Gitambi, ho mu Karere ka Rusizi babangamiwe no kutagira amazi meza yo kunywa, nyamara muri uyu Murenge hari isooko itanga amazi mu yindi Mirenge ya Muganza na Bugarama...
Mazimpaka Ernest yarohamye mu mugezi w’amashyuza uherereye mu murenge wa Nyakabuye, mu Karere ka Rusizi nyuma y’uko we na mugenzi we bari bagiye koga, ahita yitaba Imana.
Ku mugoroba wo kuri iki...
Umugabo Mazimpaka Ticien w’imyaka 52 n’umwana we w’imyaka 13 batuye mu mudugudu wa Kamusana mu kagali ka Kamanu muri Rusizi, bakubiswe n’inkuba, umwana Niyogushima Constantin ahita yitaba Imana....
Mu rugendo barimo mu karere ka Rusizi abasenateri bo muri Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari, mu biganiro bagiranye n’abayobozi batandukanye bafite aho bahuriye n’iterambere ry’ubuhinzi...
Umunsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda, Azam Rwanda Rwanda Premier League, usize Rayon Sports isoje umwaka wa 2016 iyoboye shampiyona n’amanota 29, mu gihe APR FC ya kabiri ifite 27, naho Pepiniere...
Umugore witwa Mateso Espérance wari ufite imyaka 32, bivugwa ko yari atwite inda y’amezi 6, yakubitiwe n’inkuba iwe mu rugo mu mudugudu wa Kamabuye, akagari ka Ntendezi,mu murenge wa Ruharanbuga, mu...
Uwizeyimana Bernadette, umubyeyi warokotse jenoside yakorewe abatutsi utuye mu mudugudu w’ Ituze Akagari ka Mpera mu murenge wa Bugarama ho mu karere ka Rusizi yatewe icyuma mu mutwe n’ umuntu...
Umurambo w’umwana w’imyaka 2 witwa Uwamahoro Claudine, watoraguwe mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba wo kuwa gatandatu mu mudugudu wa Ruganzu, akagari ka Mashyuza mu murenge wa Nyakabuye, mu...
Mu rugo rw’umukecuru witwa Dusabe Claudine utuye mu Murenge wa Bugarama, Akarere ka Rusizi, habereye ibintu bitamenyerewe cyane mu bworozi bw’ihene, aho iye yabyaye isekurume ifite imitwe ibiri mu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Ukwakira, indege ya Kompanyi ya Rwandair yavaga i Kigali yerekeza i Kamembe yarenze ikibuga ubwo yagwaga yigira mu myaka y’abaturage.
Amakuru...
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki ya 6 Werurwe ahagana saa cyenda z’amanywa ni bwo abapolisi bakorera mu ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro(RPU) ndetse n’abapolisi...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Kamena 2020, habonetse abarwayi bashya 32 b’icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu bipimo 3,415 byafashwe mu masaha 24...
Minisiteri y’Ubuzima, yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 21 Kamena 2020 mu Rwanda habonetse abarwayi ba Coronavirus 26 barimo n’abaturutse mu baturage imbere mu mujyi wa Kigali bituma abamaze...