Umuraperi w’ Umunyarwanda wamenyekanye ku izina rya Bull Dogg yanenze umuraperi w’ Umurundi uherutse kwibasira abaraperi b’ Abanyarwanda avuga ko Rap yo mu Rwanda iri hasi agereranyije n’ iyo mu...
Ku itariki ya 25 Werurwe, abaturage b’umurenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge basabwe gufatanya na Polisi y’u Rwanda ndetse n’izindi nzego kurwanya ibiyobyabwenge kuko bigira ingaruka mbi ku...
Umutoza Masudi Djuma wa Rayon Sports yemeza ko amanota 8 arusha ikipe ya kabiri atatwara igikombe ariko ko gutsinda ikipe ifite umutoza wa mbere mu Rwanda bimushimushimije cyane.
Ni nyuma yo...
Queen Kalimpinya w’ imyaka 18 y’ amavuko wari mu bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’ u Rwanda, wabaye igisonga cya 3 yatangaje ko arimo mu myiteguro yo gushyira mu bikorwa ibikubiye mu mushinga...
Minisitiri w’Uburezi, Dr. Papias Musafiri
Mu itangazo MINEDUC yashyize hagaragara uyu munsi iravuga ko nta barimu b’abaganda yirukanye nk’uko byari byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga...
Agnes Binagwaho wahoze ari Minisitiri w’Ubuzima, yagizwe umuyobozi mukuru wungirije wa kaminuza Mpuzamahanga mu by’Ubuzima (University of Global Health Equity ’UGHE’ ikorera mu Rwanda.
Ni kaminuza...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana, yavuze ko mu nama mpuzamahanga ku ikoranabuhanga izwi nka ‘Transform Africa’ izabera mu Rwanda ku nshuro ya gatatu muri Gicurasi...
Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Gicurasi, Polisi ya Uganda yashyikirije Polisi y’u Rwanda umugabo witwa Rugamba Jovan wari waratorotse gereza agahungira muri Uganda ari naho yafatiwe.
Uyu Rugamba,...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 31 Gicurasi, imiryango 151 yo mu karere ka Musanze mu mudugudu wa Ruhehe ndetse n’indi 100 yo mu karere ka Gakenke mu midugudu ya Nyundo na Bukingo yahawe...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi irahaguruka kuri uyu wa Gatanu yerekeza muri Central Africa Republic (CAR) gukina umukino wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika kizabera...
Kuri uyu wa gatatu nibwo ubuyobozi bwa FERWACY bumaze gutangaza inzira Tour du Rwanda izanyuramo aho hagaragaye imihanda mishya nka Musanze –Nyamata aho umugi wa Nyamata ari ubwa mbere ugiye...
Kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi w’urwego rw’ubucuruzi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko hatangiwe inyigo yimbitse ku rwunguko rw’ubucuruzi ruva ku Rwanda, Uganda na Tanzaniya. Ibi bikozwe...
Leta y’ u Burundi yatangaje ko hari umutage w’ Umurundi wabuze ubwo yari agiye kureba imitego yo mu mazi yari yateze hafi y’ ahumvikaniye urusaku rw’ amasasu mu murenge wa Bugarama mu karere ka...
Nyirarukundo Salome ari mu myitozo ikomeye yo kwitegura shampiyona y’isi ya Athletisme izabera I London mu Bwongereza kuva Taliki ya 4 igasozwa ku ya 13 Kanama uyu mwaka aho yatangaje ko yiteguye...
Perezida wa Tanzania,Madamu Samia Suluhu yakiriye ubutumwa yohererejwe na mugenzi we Perezida Kagame yizeza ko imishinga ibihugu byombi bihuriyeho agiye...
Kuri iki Cyumweru, Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko habonetse abarwayi bashya 227 ba COVID-19 mu Rwanda barimo 111 bo muri Kigali na 33 n’i Rubavu.
Uyu munsi nta muntu wakize, abakirwaye bageze...
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 13 Kamena Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 41 bafatiwe mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali batwaye ibinyabiziga basinze banarengeje...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu,umuntu umwe yahitanywe na COVID-19 mu Rwanda, bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri, Covid-19 yishe abantu 4 mu Rwanda bituma abamaze guhitanwa nayo baba 392. Abapfuye n’abagore babiri b’imyaka 56 na 42 n’abagabo babiri b’imyaka...