Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gashyantare 2021 nibwo hamenyekanye ko imvura nyinshi yaraye iguye mu turere twa Rubavu, Nyabihu, Rutsiro na Ngororero yatumye umugezi wa Sebeya...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 6 rishyira ku wa 7 Gicurasi 2018 umugezi wa Sebeya mu karere ka Rubavu wuzuye winjira mu ishuri rya petit Seminaire yo ku Nyundo wangiza ibikoresho by’ ikigo n’ iby’...
Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, yatangaje ko nta kuberereka kuzabaho mu kwimura burundu abo mu karere ka Rubavu baturiye umugezi wa Sebeya ndetse no gusenya ibikorwaremezo...
Nyuma y’uko imvura yo muri Gicurasi uyu mwaka wa 2023 igashegeshe intara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda by’umwihariko mu Karere ka Rubavu, ubuyobozi bw’aka Karere bwanzuye ko nta mu turage wemerewe...
Minisiteri y’Ibikorwaremezo [Minifra], yatangaje ko abaturiye umugenzi wa Sebeya bagiye kwimurwa nyuma y’uko bigaragaye ko aha hantu hashyira ubuzima bwabo mu kaga.
Umugezi wa Sebeya ukora ku...
Umugabo w’imyaka 24 wari utuye mu Murenge wa Rugerero akagari ka Kabirizi yari amaze iminsi itandatu atwawe n’umugezi wa Sebeya, umurambo we wabonetse mu kiyaga cya Kivu mu Murenge wa Gisenyi....
Murenge wa Nyundo hatoraguwe umurambo w’uruhinja hafi y’inkengero z’umugezi wa Sebeya, mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 18 nzeri 2017 nk’uko byemejwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Rwanda mu...
Abuturage bafite ubwoba ko ikiraro cya Dobogo cyaridutse mu mezi arindwi ashize kitubatswe vuba cyakomeza guhitana abana bajya ku mashuri nk’ uko byagenze mu kwezi gushize kwa Nzeli 2017.
Iki...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha(RIB), rukurikiranye umugabo witwa Rwamiye Anastase wo mu Murenge wa Rusebeya muri Rutsiro ukekwaho kwica umugore we witwa Everiane Umazekabiri na Ntakamarishavu...
Bamwe mu babyeyi barerera mu ishuri rishya ryubatswe mu Kabirizi mu murenge wa Rugerero akarere ka Rubavu bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’ikiraro cy’ahitwa mu Gisa ubu cyamaze kwangirika...
kuri uyu wa 15 Kanama 2022 Umusore w’imyaka 17 wo mu karere ka Rutsiro yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho arimo gusambanya intama y’umuturanyi aho yari iziritse mu...
Nk’uko bamwe mu batuye mu kagari ka Mahoko bakunze kubigarukaho ngo ubusanzwe muri ako gace nta mugezi wahahoze, ahubwo mu myaka mike ishize nibwo hatangiye gutemba utuzi duke duturuka ku isoko...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rutsiro mu murenge wa Murunda yongeye kuburira abaturage kwirinda kujya mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe n’amategeko, nyuma y’aho mu ijoro...
Inzu yo mu bwoko bwa ‘Four in One’ yatujwemo imiryango ine (4) y’abarokotse Jenoside batishoboye bamazemo ukwezi kumwe n’igice irava cyane, hejuru no hasi naho iri gusenyuka nk’uko babigaragaza....
Murekatete Thriphose, Nyirinkuyo Mediatrice, Kanyamashuri Janvier na Tuyizere Michel nibo batorewe kuzahagararira umuryango wa RPF Inkotanyi mu matora y’abadepite mu karere ka...
Amazu 926 yo mu mirenge ya Nyundo, Rugerero na Kanama mu karere ka Rubavu mu ntara y’ iburengerazuba yatakaje ubushobozi bwo guturwamo nyuma y’ uko 26 asenywe no kuzura k’ umugezi wasebera andi...
Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwubakwa mu murenge wa Nyundo mu karere ka Rubavu rumaze imyaka itatu rutaruzura nyamara ngo ubuyobozi bwari bwatangaje ko uru rwibutso ruzubakwa mu mezi...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rutsiro ikomeje ibiganiro mu mashuri byo gushishikariza abanyeshuri gukumira no kurwanya ibyaha, inabakangurira kwibumbira mu matsinda yo kubirwanya.
Ni...
Muneza Christopher wiyise ‘Topher’ yamaze gutangaza ko atemeranya n’ibyakozwe n’abagize akanama nkemurampaka muri Guma Guma bamushyize ku mwanya wa kabiri mu gihe yabonaga yari akwiye kwegukana iri...
Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...