Bamwe mu mpunzi zaturutse muri Libya baratangaza ko nubwo bishimiye ko nta ngorane bafite ubu ariko batifuza kuguma mu Rwanda aho bamwe bagifite icyifuzo cyo kujya I Burayi mu gihe impunzi 2...
Abantu bagera kuri 26 barimo abanyapolitiki,abanyamakuru n’abanyamahanga, baraye biciwe muri hoteli yo mu mujyi wa Kismayo mu majyepfo ya Somalia n’abagizi ba nabi bo mu mutwe wa Al...
Itsinda ry’abategetsi ba Somalia bo mu nzego z’ibanze bagera kuri 40 bateraniye i Kigali mu Rwanda kuva none kuwa mbere mucyo bise “Somali Mayor’s Forum”.
Aba bayobozi 35 nkuko bivugwa na RBA barimo...
Kuri iki Cyumweru,nibwo APR FC yatangiye amajonjora ya mbere yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions League aho mu mukino wabereye muri Djibouti yananiwe gutsinda Mogadishu City Club yo muri...
Abategetsi muri Somalia batangaje ko indege y’ubwikorezi itwaye ibikoresho by’ubufasha mu kurwanya coronavirus yahanutse igashwanyuka mu ijoro ryo kuwa mbere.Abantu batandatu bari bayirimo...
Abantu barenga 70 nibo bamaze kumenyekana mu bahitanwe n’igisasu cyaturikiye mu murwa mukuru wa Somalia ahagana mu masaha y’igitondo y’ejo kuwa Gatandatu taliki 28 Ukuboza...
Presidents of Cameroon and Somalia have made official comments on the occasion of World Press Freedom Day. Both leaders used their social media handles to make their views...
Mu buryo butunguranye cyane,APR FC yari yitezwe ko iranyagira Gaadiidka FC yo muri Somalia ibitego byinshi,yananiwe no kuyitsinda bike banganya igitego...
Abasirikare hafi 4,000 byatangajwe ko kuva muri 2007 ari bo bamaze kwicirwa muri Somalia aho bagiye boherezwa mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe bwo kuhagarura amahoro, mu gihe abandi...
Igitero cyo mu kirere cyo gufasha ingabo za leta muri Somalia cyishe abarwanyi ba al-Shabab bagera kuri 30,nkuko bivugwa n’igisirikare cya Amerika.
Icyo gikorwa cyabereye hafi y’Umujyi wa Galcad,...
Se w’umukobwa w’imyaka 12 wo muri Somalia yavuze ko umuryango we ari wo wihitiyemo abo kwica abagabo babiri bahamwe n’icyaha cyo kumusambanya barangiza bakamwica.
FOTO@INTERNET
Ubushakashatsi bwakozwe mu bihugu bitandukanye ku Iis no muri Afurika muri rusange ku mibereho y’abagore mu bihugu bitandukanye, bugaragaza ko igihugu cya Somalia ari cyo gihugu...
Intagondwa zo mu mutwe wa Al Shabaab ziciye abasirikare batandatu bo mu ngabo z’uburundi ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia [ AMISOM] mu gace ka Bal’ad kari ku birometero 30 uvuye mu...
Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko ingabo zayo zo mu mutwe udasanzwe (special forces) zishe Bilal al-Sudani muri Somalia hamwe n’abandi 10 bakoranaga na we.
Yishwe nyuma y’uko ingabo...
OCPD Lucas Ogara yavuze ko barekuye batatu muri barindwi bakurikiranyweho iterabwoba kuko babuze ibimenyetso
Polisi ya Kenya ikorera mu mujyi wa Mombasa yarekuye abantu batatu bari...
Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza yababajwe bikomeye no kuba ingabo 1000 ze zahagaritswe mu butumwa zari zimazemo iminsi mu gihugu cya Somalia,kubera ko ngo bari isoko yinjirizaga igihugu cye...
Daniel Christos, ni umugabo ukomoka mu gihugu cya Somalia, yibajijweho na benshi ubwo yageraga mu mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya. Yagendaga n’amaguru atambagira umujyi, benshi bamubonye...
Leta ya Ethiopia yatangaje icyorezo gikomeye cya macinya, mu karere kari ku mupaka wa Ethiopia na Somaliya, aho abantu basanzwe bugarijwe n’uruzuba.
Muganga Akpaka Kalu, uhagarariye ishami ry’...